Papa Francis yifatanyije n’Abanyarwanda mu kababaro batewe n’ibiza
Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yifatanyije n’Abanyarwanda mu kababaro batewe n’ibiza bikomoka ku mvura nyinshi yibasiye ibice bitandukanye by’u Rwanda. Mu butumwa yoherereje umuhagarariye mu Rwanda, Arikiyepisikopi Arnaldo Catalan kuri uyu wa 4 Gicurasi 2023, nk’uko Vatican News ibivuga, Papa Francis yavuze ko ari gusengera abagizweho ingaruka n’ibi biza. Arikiyepisikopi yavuze ngo Papa Francis […]
Perezida Kagame yagiye kwimika umwami Charles III w’u Bwongereza
Perezida Paul Kagame na Madamu we Jeannette Kagame, bari i Londres mu Bwongereza aho bitabiriye umuhango wo kwimika umwami Charles III wa kiriya gihugu. Ni umuhango uteganyijwe ku wa Gatandatu tariki ya 06 Gicurasi 2023. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu kuri Twitter byatangaje ko Perezida Kagame nyuma yo kugera mu Bwongereza yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe w’Iki […]
FARDC irashinjwa kwicira abasivile batari bake mu gace ka Kizimba
Umutwe wa M23 washinje Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwicira abasivile mu gace ka Kizimba ho muri Teritwari ya Rutshuru, usaba inzego zitandukanye gukora iperereza kuri ubu bwicanyi. Umuvugizi wa M23, Lawrence Kanyuka mu butumwa yanyujije kuri Twitter ye, yamaganye ubu bwicanyi mbere yo gusaba abaribo EJVM, Urwego rushinzwe gucukumbura ibibazo […]
Francine Niyonsaba arasaba abayobozi bashinzwe siporo kwegura bwangu
Umurundikazi wegukanye amarushanwa mpuzamahanga menshi yo kwiruka arasaba komite ishinzwe imikino mu Burundi, CNO (Commitée Nationale Olympique) kwegura bwangu kuko ngo nta neza bifuriza siporo yo muri iki gihugu. Uyu mukobwa tariki ya 19 Mata 2023 yatangaje ko mu gihe irushanwa rya Paris 2024 ryegereje, abagize komite ya CNO bo ntacyo bari gufasha abakinnyi mu […]
Muri Gatsibo ngo hari abatizanya udukingirizo twakoreshejwe

Mu karere ka Gatsibo mu murenge wa Kiramuruzi mu ntara y’ i Bururasirazuba , haravugwa bamwe mu bakoresha udukingirizo bamara gukora imibonano mpuzabitsina bakadutiza bagenzi babo nabo bakadukoresha muri icyo gikorwa. Impamvu igarukwaho ngo n’uko hari ubucye bw’udukingirizo aho usanga udukeneye agenda ibilometero hafi 3 kugirango agere aho tugurirwa. Abaganiriye n’umunyamakuru wa radiotv10, bavuga ko […]
Ethiopia: USAID, WFP yasitisha msaada wa chakula kwa eneo la Tigray kutokana na mauzo haramu ya soko
Shirika la Marekani la Maendeleo ya Kimataifa (USAID) na Shirika la Mpango wa Chakula Duniani (WFP) wamesitisha msaada wa chakula kwa eneo la kaskazini mwa Ethiopia la Tigray, wakitolea mfano utoroshwaji wa usafirishaji kwenda kwa mauzo haramu katika masoko ya ndani badala ya kuwafikia watu wanaohitaji . Taarifa tofauti zilizotolewa Jumatano jioni kutoka USAID na […]
Emir wa Qatar yafashe mu mugongo Perezida Kagame
Umuyobozi w’Ikirenga w’igihugu cya Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al-Thani, yihanganishije Perezida Paul Kagame nyuma y’ibiza biheruka guhitana Abanyarwanda 130. Ubutumwa buri ku rubuga rw’Ibiro Ntaramakuru bya Qatar (QNA) buvuga ko “Nyakubahwa Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al-Thani yihanganishije nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame ku bw’abazize imyuzure yibasiriye u Rwanda, akifuriza abakomeretse […]
Burundi: Ishyaka UPRONA ryari ryaracitsemo ibice bibiri ryongeye kwishyira hamwe

Ibice bibiri by’ishyaka UPRONA, icyari kiyobowe na Evariste Ngayimpenda , n’ikindi cyemewe n’amategeko cyari kiyobowe na Olivier Nkurunziza byatangaje ko byongeye kwishyira hamwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, itariki 3 Gicurasi 2023 . Olivier Nkurunziza yatangaje ko hari hashize umwaka urengaho ukwezi bari mu biganiro hagati y’impande zombi kugira ngo bagere kuri iki […]
Miss Burundi 2023:Mu mafoto arenga 20, dore uburanga bw’abakobwa bantsinze ijongora rya 1

Hashize iminsi micye mu Burundi batangije igikorwa cyo kwandika abakobwa bifuza kwitabira irishanwa rya nyampinga 2023. Mu biyandikishije uko ari 140 mu ijonjora ry’ibanze, 26 nibo bamaze kujonjorwa bakizatabira icyiciro gikurikiyeho. Igisonga cya mbere cya Miss Burundi kizagenerwa 2 500 000 Fbu, Igisonga cya kabiri kizagenerwa 2 000 000Fbu na ho umukobwa uzagaragaza ko ashyigikiwe […]
Rugongo na Point G, isoko y’uburyohe mu gihe cy’imibonano

Akenshi abashakanye usanga bagera mu gihe cyo gutera akabariro ntibamenye uko bitwara ku buryo bishoboka ko bashobora no gukimbirana nyuma y’uko badafite ubwo bumenyi. Kuri iyi nshuro tugiye kurebera hamwe uburyo, bimwe mu bice by’umubiri w’umugore bishobora kuba imvano y’ibyishimo haba kuri we cyangwa umugabo mu gihe cyo gutera akababariro. Tugiye kwifashisha urubuga rwa medicalnewstoday.com […]
Abanyafurika y’Epfo barasaba u Bwongereza kubasubiza diyama yabo iri mu ikamba ry’umwami
Bamwe mu Banyafurika y’Epfo barahamagarira u Bwongereza gusubiza diyama nini ku Isi, izwi ku izina ry’Inyenyeri ya Afurika (Star of Africa), yashyizwe mu ikamba ry’ubwami Umwami Charles III agiye kwambikwa ku mugaragaro kuri uyu wa Gatandatu utaha . Diyama ipima karat 530, yavumbuwe muri Afurika y’Epfo mu 1905 maze ishyikirizwa Ubwami bw’u Bwongereza nyuma y’imyaka […]
Amajyaruguru: Ibiciro by’ibiribwa byahagurukije abaminisitiri babiri
Abahinzi n’abacuruzi b’ibirayi barasabwa kubahiriza ibiciro byashyizweho birinda abamamyi babakoresha ibyaha mu nyungu zabo, hirengagizwa amabwiriza yashyizweho na Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ku bufatanye na Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi. Ni amabwiriza ku biciro by’ umuceri , Kawunga ndetse n’ibirayi yasohotse ku wa 19 Mata 2023 agaragaza uko buri gicuruzwa kigomba kugurishwa ku muturage ariko birangira bamwe mu […]
Ubukungu bw’u Rwanda buzazamukaho 6.2% muri 2023 – MINECOFIN
Ubukungu bw’ uRwanda buteganyijwe kuzamuka ku gipimo cya 6.2% muri 2023 ugereranyije na 8.2% muri 2022 bitewe n’ibibazo by’ubukungu ku Isi . Ibi byatangajwe na Minisitiri w’imari n’igenamigambi ry’ubukungu, Uzziel Ndagijimana ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi, imbanzirizamushinga y’itegeko rigena ingengo y’imari ya 2023/24 ikubiyemo gahunda z’iterambere Leta yateganyije gushyira mu bikorwa n’imibare […]
U Rwanda rurateganya ko uyu mwaka umusaruro w’ubuhinzi uzazamukaho 4% uvuye kuri 2%
Abayobozi b’u Rwanda baravuga ko umusaruro w’urwego rw’ubuhinzi uziyongeraho 4% muri uyu mwaka uvuye ku izamuka rya 2 ku ijana ryagaragaye mu 2022 . Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 3 Gicurasi, na Minisitiri w’imari n’igenamigambi ry’ubukungu, Uzziel Ndagijimana, ubwo yagezaga ku mitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko imbanzirizamushinga y’itegeko rigena ingengo y’imari ya […]
Rihanna yaciye kuri Katty Perry mu kurebwa cyane

Bowl Halftime Show , ni igitaramo gikomeye cyane kitabirwa n’abahanzi batandukanye, iki gitaramo cyashyizweho mu guherekeza NFL (National Football League) muri Amerika. Umuhanzikazi Rihanna kuri ubu niwe uri kuvugwa cyane kuko amaze kurebwa n;abasaga miliyoni 121.07 ahigitse Katy perry wari umaze igihe kuri uwo mwanya. Kuva mu myaka 5 Rihanna adakora igitaramo, muri gashyantare nibwo […]
Catastrophe des inondations : Kagame salue les efforts de relèvement en cours
Le président Paul Kagame a salué les efforts continus de plusieurs acteurs qui s’emploient à  secourir les citoyens en danger après que des conditions météorologiques désastreuses ont provoqué des inondations et des glissements de terrain dans la province de l’Ouest, du Nord et du Sud . Les conditions météorologiques tragiques se sont produites entre la […]
Umukuru wa UN yageze i Nairobi mbere yo kwerekeza i Bujumbura

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yageze i Nairobi muri Kenya mbere yo kwerekeza i Bujumbura mu nama y’akarere ka Afurika k’iburasirazuba yiga ku mutekano wa Repubulika ya demukarasi ya Congo. Guterres yageze i Nairobi kuri uyu wa 3 Gicurasi 2023, aherekejwe n’Umunyamabanga Mukuru wungirije akaba n’Umunyakenyakazi, Amina Chawahir Mohamed. Perezida wa Kenya, Dr William […]
Rayon Sports mu nzira zo gutakaza ba rutahizamu 2 igenderaho
Ba rutahizamu Leandre Essomba Willy Onana na Joackiam Ojera Rayon Sports isanzwe igenderaho, nta gihindutse bazerekeza mu makipe yo hanze y’u Rwanda nyuma y’uko umwaka w’imikino wa 2022/23 uzaba umaze kurangira. Ojera ukomoka muri Uganda na Onana w’umunya-Caméroun bari mu bakinnyi Rayon Sports isigaye igenderaho cyane; ndetse ni bo baza ku isonga mu kugira uruhare […]
Ukraine: Kyiv n’ahandi hagabwe ibitero bya bombe nyuma y’amakuru yo gushaka kwica Putin
Abayobozi ndetse n’ibitangazamakuru byo muri Ukraine baravuga ubwirinzi bw’ibitero by’indege bwari mu kazi i Kyiv mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane kandi humvikanye uguturika kw’ibisasu mu mujyi wa Zaporizhzhia wo mu majyepfo no ku Cyambu cya Odesa . Impanda ziteguza ibitero zumvikanye mu turere two mu majyepfo no mu burasirazuba bwa Ukraine harimo Dnipropetrovsk, […]
Umutekano w’igifu cyawe wawucunga wirinda ibi biribwa cyangwa ukabigabanya

Hari abantu benshi, usanga hari ibiribwa barya ugasanga bagize ikibazo mu gifu kandi mu by’ukuri mu gihe batabiriye usanga kiri gukora neza. Impuguke mu buvuzi bw’indwara zo munda usanga batanga inama ku bantu barware igifu , kutarya cyangwa bakagabanya bimwe mu byo barya cyangwa se bakabigabanya kuko bigira uruhare mu guhungabanya indwara y’igifu. Ikinyamakuru everydayhealth.com, […]
Ukuriye ibiro bya Mushikiwabo yamenyesheje RDC ko OIF itakigenzuye amafishi y’itora yaho
Umuyobozi w’ibiro by’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF) yamenyesheje komisiyo ishinzwe amatora muri Repubulika ya demukarasi ya Congo ko uyu muryango utazagenzura amafishi y’itora yaho. Ni nyuma y’aho Depite Lambert Mende wigeze kuba Umuvugizi wa guverinoma ya RDC asabye iyi komisiyo kutazemerera OIF kugenzura amafishi y’itore acyangwa kugera ku mpapuro ziriho intonde z’abazatora, […]
Igipolisi cya Zambia cyakuye mu rugo rw’uwahoze ari perezida imodoka kivuga ko zibwe n’umugore we
Kuri uyu wa Gatatu, abapolisi benshi bitwaje intwaro nyinshi bagabye igitero ku nzu y’uwahoze ari Perezida wa Zambia, Edgar Lungu, bahakura imodoka bivugwa ko zibwe n’uwahoze ari umugore wa mbere mu gihugu (ex-first lady) . Polisi yavuze ko “bakoze iperereza” nyuma ya raporo y’ubujura bw’imodoka eshatu kandi ko “bashoboye kumenya ko ziherereye mu rugo rwa […]
U Burusiya bubona igihe kigeze ngo bwivugane Zelensky
Leta y’u Burusiya ibona igihe kigeze ngo yivugane Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, nyuma y’aho imushinje uruhare mu kigero cya ‘drones’ ebyiri cyagabwe ku biro bya mugenzi we Vladimir Putin i Moscow. Igitero cy’izi drones cyagabwe kuri ibi biro mu ijoro ryo ku wa 2 rishyira uwa 3 Gicurasi 2023, gusa Leta y’u Burusiya yatangaje […]
Perezida Kagame yanyuzwe n’akazi abarimo ingabo bakoze mu guhangana n’ingaruka z’ibiza
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashimye akazi gakomeye inzego zirimo izishinzwe umutekano zikomeje gukora, mu rwego rwo guhangana n’ingaruka zatewe n’ibiza biheruka kwibasira igihugu. Ni nyuma y’imvura ikomeye yibasiye intara z’amajyaruguru, u Burengerazuba ndetse n’Amajyepfo byahitanye abantu 129; nyuma y’imvura idasanzwe yibasiye uturere tugize izi ntara mu ijoro ryo ku wa Kabiri rishyira ku wa […]