Uganda: Ukekwaho kwiba amashilingi yapfiriye muri kasho ya Polisi
Polisi yo mu karere ka Rukungiri iri gukora iperereza ku rupfu rw’umugabo w’imyaka 26 y’amavuko wapfiriye muri kasho, nyuma yo gufungwa akekwaho kwiba amashilingi ya Uganda 1,600,000. Inkuru dukesha ikinyamakuru Daily Monitor cyo muri Uganda, ivuga ko uyu mugabo wahawe amazina ya Benjamin Akampa a.k.a Kyojo, akaba umuturage wo mu gace ka Kitojo Central, mu […]
Kenya: Abanyeshuri 35 bajyanwe mu bitaro nyuma yo guterwa imyuka mibi
Abanyeshuri 35 bataye ubwenge nyuma yo guterwa ibyuka biryana mu maso, ubwo Polisi yari ihanganye n’abakorera ubucuruzi mu muhanda mu gace ka Kawangware muri Kenya. Inkuru y’ikinyamakuru The Citizens ivuga ko uku gushyamirana kwa Polisi n’aba bucuruzi kwabereye hafi y’ishuri ribanza rya Ndurarua kuri uyu wa 26 Gicurasi 2023. Ubwo abapolisi bageragezaga guhangana no guhosha […]
Ibiza: Jeannette Kagame yagaragaye ateruye uruhinja rwarokotse mu bana 6 bavukanye

Umufasha wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame, yagaragaye ateruye uruhinja rumwe rwarokotse mu bana batandatu bavukiye mu muryango umwe mu karere ka Ngororero, ubwo bibasirwaga n’ibiza. Imvura nyinshi yaguye mu ijoro ryo ku wa 2 rishyira uwa 3 Gicurasi 2023 yateje ibiza birimo inkangu yubitse inzu y’umuryango wa Birikunzira Frodouard na Nyirandagijimana Alphonsine, yica abana […]
Wari uziko Inkarishya zishobora gufasha umuntu wafashwe na Cancer?
Inkarishya zagira uruhare mu kurwanya indwara ya kanseri kubera ko zigiramo ikitwa ‘trypsine’, gifite ubushobozi bwo kuburizamo za ‘cellules’ zitera kanseri. Kubera ko zigiramo ikitwa ‘bà ªta-carotène’, bituma zirinda ibyago byo kurwara indwara z’umutima zimwe na zimwe. Intagarasoryo zirarura ku buryo umuntu utazimenyereye bitamworohera kuzimira, zishobora kuribwa ari mbisi cyangwa se zitetse. N’ubwo mu kanwa zitaryoha […]
Ingufu za Nyiramugengeri zatuma imera nk’ikirunga kiruka: Dr Nzayitegeye
Umushakashatsi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi (RAB) yahumurije abaturage bakorera ubuhinzi mu gishanga cya Mukunguri gihuriweho n’akarere ka Kamonyi ndetse na Ruhango, nyuma y’iturika rya Nyiramugengeri iri muri icyo gishanga. Mu kiganiro na Radio Rwanda, Dr Ndayitegeye Olivier yavuze ko kuba Nyiramugengeri yaraturitse ari ibintu bisanzwe ndetse asobanura ko impamvu ishobora guturika ari ukubera ingufu […]
Being grandmother at 34 year old, a Rwandan woman reveals her pain
In Rubavu, western part of Rwanda, there lives a 34 year old mother who has a grandchild born to her eldest daughter, who says the bad living conditions are going to make her run to the mountains, but when she looks at her grandchild she feels amazed. The mother, whose name is Gaudence Sumwiza, lives […]
Zelensky a envoyé un message à  Kagame sur la guerre en Ukraine
Le bureau du président du Rwanda a annoncé que le président Paul Kagame a reà §u le ministre des affaires étrangères de l’Ukraine qui a apporté un message du président Volodymyr Zelensky. Kagame et le ministre des Affaires étrangères Vincent Biruta ont reà §u le ministre Dmytro Kuleba et d’autres, ils ont discuté de la guerre en […]
U Burundi bwimye u Rwanda rutahizamu wari wahamagawe n’Amavubi
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu gihugu cy’u Burundi ryimye u Rwanda rutahizamu Ndikumana Danny, mu gihe yari yamaze guhamagarwa mu kipe y’igihugu ‘Amavubi’. Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryaherukaga kwandikira iry’u Burundi ririsaba kwemera kurekura uyu mukinnyi akaza gukinira ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’. Ndikumana Danny usanzwe akinira Rukinzo FC yari yahamagawe n’Amavubi ngo aze kuyafasha mu […]
Pastor yasabye abayoboke be, kugurisha imitungo yabo akajya kubagurira ibibanza mu ijuru
Pastor wo mu rusengero rwitwa Universal Apostle Fellowship Church yatangiye kugurisha abayoboke be ibibanza bye biri mu ijuru.Ibi byakozwe na Pasiteri wo muri Uganda ariko uba muri Afurika y’Epfo. Amakuru atandukanye, avuga ko abayoboke benshi batangiye gutanga amafaranga ngo babagurire ibyo bibanza, abatabishoboye bagirwa inama yo kugurisha imitungo yabo bakamuha amafaranga akabagurisha ibyo bibanza. Uyu […]
Kayishema n’abo muri Cape Town bari bamuzi nk’Umurundi batunguwe

Umugabo w’imyaka ibarirwa muri 60 y’amavuko wari ufite ibyangombwa byanditseho ko ari Umurundi witwa Nibasumba Donatien, hamwe n’abo mu gace yari atuyemo ka Paarl mu mujyi wa Cape Town muri Afurika y’Epfo, batunguwe n’uko byatahuwe ko ari we Kayishema Fulgence wari umaze imyaka irenga 20 ashakishwa kubera uruhare akekwaho muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. […]
Ururenda rwo mu gitsina cy’umugore, isoko y’umunezero ku bagabo mu gihe cy’imibonano
Ubu bubobere buratandukana ku bantu, hari abagira bwinshi n’abagira bucye, gusa hari n’abatagira na bucye ibi bikaba ari uburwayi buvurwa.Ububobere ubusanzwe buba ari ururenda rw’umweru, gusa mu gihe cy’uburumbuke birahinduka bikaba nk’umweru w’igi ribisi kandi rukarenduka. Iyo umugabo rero yinjije igitsina cye mu cy’umugore agasanga afite urwo rurenda araryoherwa ku buryo yumva atarangiza agakomeza kwiyumvira […]
Ukraine irifuza gufungura ambasade mu Rwanda
Ukraine irifuza gufungura ambasade yayo mu Rwanda mu rwego rwo gushyimangira imibanire myiza hagati y’ibihugu byombi. Byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba uri mu ruzinduko i Kigali. Kuri uyu w 25 Gicurasi 2023 ni bwo Minisitiri Kuleba yageze mu Rwanda, yakirwa na mugenzi we, Dr Vincent Biruta, hanyuma yakirwa na Perezida Paul […]
Rurageretse hagati y’umunyamakuru DC Clement na Dj Brianne mu byo bapfa harimo n’ubutinganyi

Muri iyi minsi nta kindi kirimo kuvugwa mu myidagaduro, by’umwihariko mu itangazamakuru, usibye umwuka utari mwiza hagati y’umunyamakuru Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement na Gateka Esther uzwi nka Dj Brianne. Bijya gutangira, byabanje umunyamakuru Clement ashyira hanze ifoto ari kumwe n’umushoramari Coach Gael amushima ko ari indashyikirwa mu muziki kandi ko ari ingirakamaro. “Ayo […]
Al Shabaab irigamba kuba yishe abasirikare 137 ba Uganda
Umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab urigamba kwica abasirikare 137 ba Uganda no gushimuta abandi benshi, nyuma yo kugaba igitero ku birindiro byabo mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu. Abasirikare uyu mutwe wigambye kwica ni abari baroherejwe mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe bwo kugarura amahoro muri Somalia (ATMIS). Al Shabaab mu itangazo yasohoye […]
Tshisekedi yongeye kuvuga imyato ingabo z’u Burundi
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yongeye kuvuga imyato ingabo z’u Burundi ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Tariki ya 9 Gicurasi 2023, ubwo Tshisekedi yari mu ruzinduko muri Botswana, yeruye ko ingabo za EAC ziri muri iyi ntara (iza Kenya, Uganda na Sudani […]
Umukuru wa UN yishimiye bikomeye ifatwa rya Kayishema
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yagaragaje ko yishimiye bikomeye ifatwa rya Fulgence Kayishema wari umaze imyaka irenga 20 ashakishwa kubera uruhare akekwaho kugira muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Umushinjacyaha Mukuru w’urwego IRMCT rwa UN rwasigariyeho urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda i Arusha (ICTR), Serge Brammertz, yatangaje ko Kayishema yafatiwe mu gace ka […]