Umuvugabutumwa ufite abagore 46 n’abana 286 akurikiranyweho gushaka gutubura Bibiliya

Wanyama, yatawe muri yombi akurikiranyweho gushaka gutubura bibiliya aho ngo ashaka kongeramo ibindi bitabo aho kuba 66 bikaba 93.Uyu mugabo ubusanzwe uyobora urusengero rwa Muungano Church for All Nations ruherereye mu gace ka Nandolia village in Kanduyi,yajyanywe mu nzego ngo asobanure neza iby’inyigisho ze. Uyu mukambwe w’imyaka 83, y’amavuko avuga ko ashaka kuzuza ibyo intumwa […]

Uturere two muri Kigali twateje igihombo gikomeye mu mavuriro n’ibitaro

Uturere two muri Kigali twateje igihombo gikomeye mu mavuriro n’ibitaro

Uturere tugize umujyi wa Kigali dufitiye ibitaro n’amavuriro imyenda myinshi kubera kunanirwa kwishyurira abantu batishoboye bagiye bivuza, bagataha batishyuye serivisi bahawe. Ibi byaganiriwe kuri uyu wa 30 Gicurasi 2023, mu nama mpuzabikorwa kuri serivise z’ubuzima, inama yitabiriwe n’inzego zitandukanye zo mu mujyi wa Kigali zifite aho zihurira cyane n’ubuzima ndetse n’imibereho myiza y’abaturage. Yari ifite […]

Umuyobozi wakekwagaho gusambanira mu kabari yarafunguwe

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ruherutse gutesha agaciro icyaha Murindababisha Edouard wari ushinzwe kubika amakuru (Data Manager) mu karere ka Nyamagabe yashinjwaga, rutegeka ko ahita afungurwa. Murindababisha yatawe muri yombi n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) tariki ya 6 Mata 2023, akuriranweho icyaha cyo gukorera ibiterasoni mu ruhame, nyuma y’iminsi hakwirakwira amashusho amugaragaza yicaye mu kabari ko ku […]

Muhanga: Certains Ă©tablissements d’enseignement sont sales et mal gĂ©rĂ©s

Lors de la ConfĂ©rence gĂ©nĂ©rale sur l’Ă©ducation, certaines Ă©coles ont Ă©tĂ© critiquĂ©es pour leurs niveaux Ă©levĂ©s de pollution et leur mauvaise gestion. Au cours de la rĂ©union, le directeur adjoint de la protection sociale du district de Muhanga, Mugabo Gilbert, a d’abord prĂ©sentĂ© un tableau de ce que l’audit a rĂ©vĂ©lĂ© dans diverses institutions. Mugabo […]

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya ari mu Burundi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, ari i Bujumbura mu Burundi aho yatangiye uruzinduko rw’akazi. Ku manywa yo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 30 Gicurasi ni bwo Lavrov yageze ku kibuga cy’indege cyitiriwe Melchior Ndadaye i Bujumbura; aho yakiriwe na mugenzi we Albert Shingiro. Uyu mukuru wa dipolomasi y’u Burusiya yari aherekejwe n’itsinda […]

Gatsibo: Yatawe muri yombi akekwaho kwiba SACCO Frw miliyoni 37

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umuyobozi wa SACCO Kabarore mu karere ka Gatsibo, imukekaho kugira uruhare mu bujura bw’amafaranga y’u Rwanda miliyoni 37 bwabereyemo. RIB isobanura ko iyi SACCO yibwe aya mafaranga ku wa 26 Gicurasi 2023, kuva ubwo ikibimenyeshwa, itangira gukora iperereza ngo imenye abagize uruhare muri ubu bujura. Uwa mbere ukekwaho […]

Onana wa Rayon Sports yabenze Amavubi

Rutahizamu LĂ©andre Essomba Willy Onana wa Rayon Sports, yanze ubusabe bw’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ bwo kuyikinira. Uyu munya-CamĂ©roun yari amaze igihe mu biganiro n’ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryifuzaga ko yakinira Amavubi. FERWAFA yifuzaga ko uyu rutahizamu wasoje shampiyona y’u Rwanda ayoboye abatsinze ibitego byinshi (16 mu mikino 23 yakinnye) yakinira u Rwanda mu mikino […]

Umunyakenyakazi watekeraga Arsenal yeguye

Bernice Kariuki wari umutetsi w’ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza yamaze kwegura kuri iyi nshingano. Bernice abicishije ku mbuga nkoranyambaga yavuze ko uyu mwaka w’imikino urangiye wari mwiza kuri Arsenal. Gusa ntabwo yigeze atangaza impamvu yatumye yegura kuri izi nshingano zo gutekera iyi kipe y’ubukombe. Bernice yashimiye byimazeyo Abanyakenya uburyo bagiye bamuba hafi bamutera […]

Ibi bintu 5 biri mu byo umusore yakwibandaho agatsindira umutima w’inkumi

Mu byerekeye urukundo, abenshi mu basore batemererwa urukundo ibi twita indobo, nyamara ahanini biterwa n’ukuntu baba bitwaye.Abasore bashaka kwigarurira imitima y’abakobwa cyangwa abagore bifuza gukundana nabo , ni byiza ko mwakurikiza zimwe muri izi nama zikurikira. 1.Kwimenya wowe ubwawe no kwigirira icyizere Musore wowe niba ushaka kwigarurira umutima w’inkumi, gerageza umenye ibibi byawe n’ibyiza, ku […]

U Burusiya bwongeye kurasa bikomeye muri Kyiv

Mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa 29 Gicurasi 2023, u Burusiya bwongeye kugaba ibitero bikomeye mu murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv ku nshuro ya gatatu yikurikiranya, bisenya inyubako zikomeye ndetse abantu benshi bava mu byabo. Nk’uko BBC ibivuga, ubuyobozi bw’umujyi wa Kyiv buvuga ko ibi bitero byateye inkongi z’umuriro ku nyubako zitandukanye, kugeza ubu […]

Anita Pendo yigeze kwangira Tidjara gukora ubukwe inshuro ebyiri we atarabukora biba impfabusa

Anita na Tidjara ni inshuti kuva cyera

Umunyamakuru akaba n’umushyushabirori Anita Pendo,yavuze ukuntu yigeze kwangira mugenzi we Tidjara Kabendera gukora ubukwe inshuro ebyiri we nta narimwe arabukora.Anita usanzwe ari umubyeyi w’abana babiri, ariko akaba akunda kwiyita umukobwa w’irwanyeho, yavuze ko mu gihe Tidjara Kabendera yamuhamagaraga amubwira ko agiye muri Tanzania gukora ubukwe n’umugabo babana ubu Anita yamubwiye ko ataribubyemere. Mu kiganiro aba […]

Huye: les dĂ©putĂ©s s’engagent à  dĂ©fendre les routes menant à  la zone industrielle de Sovu

Ceux qui travaillent dans la zone industrielle de Sovu en district de Huye, ont prĂ©sentĂ© à  un groupe de dĂ©putĂ©s au Parlement les dĂ©fis auxquels ils sont confrontĂ©s, notamment les mauvaises routes et l’Ă©lectricitĂ© insuffisante, les dĂ©putĂ©s ont promis de plaider pour ces infrastructures. Sur le site industriel de Sovu dans le district de Huye, […]

Abakinnyi ba Rayon Sports bigumuye, bashobora kudakina umukino wa APR FC

Amakuru aturuka muri Rayon Sports aravuga ko ishyamba atari ryeru muri iyi kipe, nyuma y’uko abakinnyi bayo bafashe icyemezo cyo kwigumura ku buyobozi. Rayon Sports kuri ubu iri mu myiteguro y’umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro igomba guhuriramo na APR FC ku wa Gatandatu w’iki cyumweru. Ni umukino uzabera kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye. Mu gihe […]

Mwangachuchu arashinjwa gukoresha abapolisi 80 b’abacancuro

Umunyemari akaba n’umudepite mu nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), Edouard Mwangachuchu, arashinjwa gukoresha abapolisi 80 b’abacancuro. Komiseri ushinzwe umutekano w’ikirombe cy’amabuye y’agaciro cya Bisunzu muri teritwari ya Masisi, Robert Mushamalirwa Balike, ubwo yagezwaga mu rukiko rukuru rwa gisirikare nk’umutangabuhamya, yasobanuye ko gisanzwe kirindwa n’abapolisi 82. Ubushinjacyaha bw’igisirikare, bushingiye ku rutonde […]

Remera: EAR igiye kugurira Pasiteri Antoine Rutayisire imodoka

Abakirisitu ba Paruwasi ya Remera mu itorero Angilikani (EAR) bari gukusanya imisanzu kugira ngo bazagurire Rev. Past. Dr Antoine Rutayisire impano y’imodoka mu rwego rwo kuzirikana imirimo yakoze mu gihe amaze abayobora. Pasiteri Rutayisire wujuje imyaka 65 y’amavuko azajya mu kiruhuko cy’izabukuru tariki ya 4 Kamena 2023. Ni na bwo umusimbura azatangira imirimo. Abakirisitu ba […]