Wowe ntabwo uri Umukono, uri igisambo: Perezida Kagame abwira Gatabazi

Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu yatangaje bimwe mu byagiye bikurikira umuhango wo kwimika umutware w’Abakono wabereye mu Kinigi muri Nyakanga uyu mwaka. Umukuru w’Igihugu ubwo yaganiraga n’abavuga rikumvikana bo mu ntara z’Amajyaruguru n’Uburengerazuba, ni bwo bwa mbere yari yumvikanye avuga kuri uriya muhango. Yavuze ko amakuru yawo yabanje kuyabwirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, […]

Uturere 10 twugarijwe na SIDA kurusha utundi mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko Intara y’Iburasirazuba iza ku isonga mu zugarijwe n’ubw’andu bwa virusi itera SIDA mu gihugu, dore ko mu turere 10 twa mbere ifitemo dutanu. Ni imibare yatangajwe na Dr Ikuzo Basile usanzwe ari Umuyobozi ushinzwe kurwanya SIDA n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina; ubwo yari mu gikorwa cyo gutangiza ubukangurambaga […]

Britney Spears yaba yamaze kwishumbusha undi mugabo

Nyuma y’iminsi micye hatangajwe ko umuhanzikazi Britney Spears yatandukanye n’uwari umugabo we Sam sghit ,biravugwa ko yaba yamaze kwishumbusha undi. Ibi byamenyekanye ubwo ngo aba bombi bari bari mu modoka bavuye gusangira mu mugi wa Los Angeles gusa uwo mugabo yari yambaye ingofero imuhisha isura. Ni nyuma y’uko muri iki Cyumweru aribwo uyu muhanzikazi atandukanye […]

Perezida Kagame yavuze uwamumenyesheje bwa mbere ibyo kwimika umutware w’Abakono

Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu ubwo yahuraga n’abavuga rikumvikana bo mu ntara y’amajyaruguru, yasobanuye uko yamenye ko habaye umuhango wo kwimika umutware w’Abakono wabereye muri iriya ntara. Ku itariki ya 09 Nyakanga ni bwo mu Kinigi habereye umuhango wasize Kazoza Justin yimitswe nk’umutware w’Abakono, mbere y’uko yegura kuri izi nshingano mu minsi mike yakurikiyeho. […]

Abayobozi bakuru ba FADM bagendereye ubuyobozi bwa RDF na RNP i Cabo Delgado

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Admiral Joaquim Mangrasse, ku wa Gatanu yasuye Icyicaro Gikuru cy’Inzego z’umutekano z’u Rwanda mu mujyi wa Mocimboa da Praia. Admiral Mangrasse yari aherekejwe n’Umugenzuzi Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Maj Gen Messias André Niposso, Umugaba w’Ingabo za Mozambique zirwanira ku butaka, Maj Gen Tiago Alberto Nampele, Brig Gen Ricardo Makuvele ukuriye […]

Niger yirukanye ku butaka bwayo Ambasaderi w’u Bufaransa

Itsinda ry’abasirikare bayoboye Niger nyuma ya Coup d’à‰tat yabaye muri iki gihugu mu kwezi gushize, ryatangaje ko ryamaze guha amasaha 48 Ambasaderi w’u Bufaransa i Niamey nka nyirantarengwa yo kuba yamaze kuhava. Ambasaderi Sylvain Itte yirukanwe mu gihe umwuka umaze igihe utifashe neza hagati ya Paris na Niamey. Kimwe n’abanya-Mali n’abanya-Burkina Faso, abaturage ba Niger […]

Bwa mbere Perezida Kagame yavuze ku kibazo cy’Abakono

Perezida Paul yasabye abavuga rikumvikana bo mu ntara y’amajyaruguru ndetse n’iy’Uburengerazuba gukoresha imyanya bafite mu kuzana impinduka mu baturage, aho kubashora mu bikorwa bibi. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ku wa Gatanu tariki ya 25 Kanama, ubwo yaganiraga n’abavuga rikumvikana babarirwa muri 700 bo muri ziriya ntara zombi. Ni ikiganiro cyabereye mu ishuri rya gisirikare riherereye i […]