Nâabandi bazashukwa, Ivugabutumwa rikwiye guhagurukirwa
Hari umuvugabutumwa uherutse gutabwa muri yombi nâurwego rwâigihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) akurikiranyweho icyaha cyâubwambuzi bushukana. Ikibazo cye kiracyari mu iperereza ku buryo kumuvugaho byinshi naba nkosheje ariko reka mvuge kuri iyi ngingo bita âIvugabutumwaâ. Mbere yo kuvuga ku ivugabutumwa nyirâizina tubanze twibaze ibi bibazo: – Ese koko buriya IMANA ibaho? – Ese niba Imana ibaho iba […]
Rayon Sports yatandukanye n’umutoza Yamen Zelfani
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yamaze gutandukana n’umunya-Tunisia Yamen Zelfani wari umutoza wayo mukuru. Iyi kipe ku rubuga rwayo rwa X yavuze ko “ku bwumvikane bw’impande zombi, umutoza Yamen ZELFANI ntabwo akiri umutoza mukuru wa Rayon Sports.” Zelfani yari umutoza w’iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda kuva muri Nyakanga uyu mwaka. Rayon Sports […]
Ingabo zâu Burundi zahindutse abacancuro: Major Ngoma

Umuvugizi wâumutwe witwaje intwaro wa M23 ku rwego rwa gisirikare, Major Willy Ngoma, yatangaje ko ingabo zâu Burundi ziri mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru zahindutse abacancuro, zifatanya nâingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo nâindi mitwe byifatanyije mu bikorwa bibi. Maj. Ngoma, mu kiganiro yagiranye na BWIZA kuri uyu wa 8 Ukwakira 2023, yatangaje ko […]
M23 IRI KURASWAHO NâINDEGEMAJ WILLY NGOMA KUCYO BAKORERA INGABO ZâABARUNDI-UKO BYIFASHE MU MIRWANO
🼡 ðŸâ´M23 YAFASHE UMUJYI WA KITSHANGA N’UTUNDI DUCE, FARDC, FDLR NA WAZALENDO BAYABANGIRA INGATA-GOMAðŸËĹž
ESE M23 izongera kurekuraðŸ¤âAba BASESENGUZI barayizi nezaâĹâŚGEN MASUNZU bita YAKUTUMBA aje mu NTAMBARA
M23 IRI KUBAKINA🼡ðŸÂÂżINGABO Z’UBURUNDI ZIHEREKEZA FDLR MU MODOKA KURASA M23ðŸ§âðŸÂ¿ââŹÂ🎨BASHAKA KUZA MU RWANDA
ðŸť¨AMAKURU MASHYAðŸť¨M23 ikomeje kwigaranzura FARDCðŸâÂĽDepite ushinjwa gutatira u RWANDA na M23 agiye KWICWA
Starmer yatangaje ko nâubwo kohereza abimukira mu Rwanda byatanga umusaruro mwiza, azakomeza kubirwanya
Umuyobozi Mukuru wâishyaka Labour ritavuga rumwe na guverinoma mu Bwami bw’u Bwongereza, Keir Starmer, yatangaje ko nâubwo gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda yatanga umusaruro mwiza, azakomeza kuyirwanya. Starmer yabitangarije umunyamakuru Victoria Drbyshire wa BBC ubwo yamubwiraga ko kuri uyu wa 9 Ukwakira 2023 urukiko rwâikirenga rurumva ubujurire bwa guverinoma ku cyemezo cyâurukiko rwâubujurire cyo […]
Inyeshyamba za Wazalendo ziravuga ko zisubije Kitshanga, Nturo n’igice cya Kilolirwe
Inyeshyamba za Wazalendo ziravuga ko zongeye kwigarurira Kitshanga, imidugudu ya Nturo ndetse nâigice cya Kilolirwe kuri iki Cyumweru, itariki ya 8 Ukwakira. Ariko amakuru aturuka aho agera kuri Radio Okapi aravuga ko izi nyeshyamba za Wazalendo zidafite amasasu ahagije yatuma zikomeza kugenzura ibyo bice, mu gihe FARDC ikomeje kuvuga ko yubahiriza ihagarikwa ry’imirwano. Kuri iki […]
Umupolisi wa Misiri yishe arashe Abanya-Israel muri Alexandria
Umupolisi wo mu Misiri yarashe ba mukerarugendo mu mujyi wa Alexandria wo ku Nyanja ya Mediaterane, ahitana nibura abenegihugu ba Israel babiri nâUmunyamisiri umwe. Umuyoboro wa televiziyo witwa Extra News wegereye cyane inzego z’umutekano za Misiri, wasubiyemo umuyobozi ushinzwe umutekano utavuzwe amazina avuga ko undi muntu yakomerekeye muri icyo gitero cyagabwe ku itsinda rya ba […]
Gen. Gihanga Smith wa FARDC yarekuwe nyuma yâukwezi kurenga afunzwe
Gen. Major Gihanga Mutara Smith, umuyobozi wa FARDC muri Haut Katanga wari umaze ukwezi kurenga afunzwe mu rwego rwâiperereza yongeye kwidegembya. Uyu musirikare wakekwagaho uruhare mu inyerezwa rya toni 120 za cuivre zâikigo TFM, yarekuwe kuri uyu wa Gatandatu, itariki 7 Ukwakira 2023 nkâuko bitangazwa nâumunyamakuru Pascal Mulegwa, uhagarariye ibitangazamakuru nka RFI na France 24 […]
Rwanda FDA yabujije ikoreshwa ryâimiti itemewe yo kuringaniza urubyaro

Ikigo cyâigihugu gishinzwe kugenzura ibiribwa nâimiti (Rwanda FDA) cyabujije ikoreshwa ryâimiti kivuga ko itemewe yo kuringaniza urubyaro hashingiwe ku itegeko No 003/2018 ryo kuwa 09/02/2018 rishyiraho iki kigo.
Bruce Melodie yibasiye Muyoboke na The Ben
Umuhanzi Bruce Melodie yibasiye Muyoboke Alex ureberera inyungu zâabahanzi batandukanye ndetse na mugenzi we Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, nyuma yâaho bamushyize mu majwi ko yashatse kwica igitaramo cyabereye i Bujumbura tariki ya 1 Ukwakira 2023. Bigendanye nâaya makuru ashyira mu majwi Bruce Melodie na Coach Gael ureberera inyungu ze, yari amaze iminsi acicikana, […]
RDF yagiranye ibiganiro na ba defence attachĂŠs baba mu Rwanda no hanze

Igisirikare cyâu Rwanda (RDF) cyakiriye ba defence attachĂŠs 31 hamwe nâabafatanyabikorwa bakorera mu Rwanda mu kiganiro cyo kuwa Gatanu cyari kigamije gusobanura ibijyanye nâumutekano. Ku cyicaro gikuru cya RDF i Kimihurura, impuguke mu bya gisirikare zasobanuriwe ibijyanye nâumutekano wâimbere mu gihugu ndetse no hanze yacyo, ibikorwa bya RDF byo kubungabunga no kugarura amahoro mu masezerano […]
Senegal: Perezida Macky Sall yasheshe guverinoma yose
Perezida wa Senegali, Macky Sall, yasheshe guverinoma yose akoresheje iteka nk’uko itangazo ryasohowe kuwa Gatanu rivuga. Sall “yahagaritse, mu iteka ryo ku itariki ya 06 Ukwakira 2023, imirimo y’abaminisitiri, abagize guverinoma”, nk’uko itangazo ry’Umunyamabanga Mukuru wa Perezida wa Repubulika, Oumar Samba Ba, rivuga. Itangazo rivuga ko Perezida yafashe icyemezo cyo gushyiraho guverinoma nshya iyobowe na […]
Nyaruguru: Umuryango uherutse kwibaruka impanga eshatu urasaba ubufasha
Umuryango wa Uwimana Josiane na Komezusenge Jean Baptiste, utuye mu mudugudu wa Rasaniro, akagari ka Maliba, umurenge wa Rusenge, akarere ka Nyaruguru, uherutse kubyara abana batatu b’impanga, urasaba ubufasha ngo ushobora gukuza abo bana no kubarinda igwingira kuko uvuga ko ubwawo utishoboye. Nkâuko BWIZA yabitangaje, uyu mubyeyi Uwimana Josiane, w’imyaka 32, yibarutse impanga eshatu (abahungu […]
Colonel mu ngabo za Israel yiciwe mu bitero bya Hamas
Igisirikare cya Israel, IDF, cyatangaje ko komanda wa Brigade ya Nahal irinda imipaka yâiki gihugu, Colonel Jonathan Steinberg, yiciwe mu bitero bigari byâumutwe wâiterabwoba wa Hamas. IDF yatangarije ku rubuga rwa X mu ijoro ryo kuri uyu wa 7 Ukwakira 2023 iti: âKomanda wa Nahal Brigade, Col Jonathan Steinberg yiciwe uyu munsi mu mirwano nâibyihebe. […]
Ibitero biremereye bizindukiye henshi muri Kivu yâAmajyaruguru
Muri teritwari ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo, intara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) hazindukiye ibitero byâintwaro ziremereye. Ni amakuru yemejwe na Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa mu gitondo cyo kuri uyu wa 8 Ukwakira 2023, aho yagize ati: âIbitero rusange byagabwe muri iki gitondo na FARDC, inshuti zayo FDLR, abacancuro […]
Tshisekedi aremeza ko hari amahanga ari gutanga abakandida muri RDC
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂŠlix Tshisekedi Tshilombo, yatangaje ko hari amahanga ari gutanga abakandida ngo baziyamamarire umwanya wo kuyobora iki gihugu. Tshisekedi yabitangaje kuri uyu wa 7 Ukwakira 2023 ubwo yari amaze kugeza kandidatire ye kuri komisiyo yâigihugu ishinzwe amatora, CENI. Yagize ati: âNi ngombwa ko dukorera hamwe kugira ngo duteze imbere […]
Tshisekedi uko twamuhaye ubutegetsi ni ko dushobora kubumwambura: Gen John Numbi
Gen John Numbi wigeze kuba Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’Umugenzuzi Mukuru w’Ingabo z’icyo gihugu, yaburiye Perezida FĂŠlix Antoine Tshisekedi ko uko yahawe ubutegetsi ari na ko ashobora kubwamburwa. Numbi usanzwe ari umwizerwa wa Joseph Kabila wahoze ayobora RDC, kuva muri 2021 aba mu buhungiro. Amakuru avuga ko yaba […]