Inama za Perezida Kagame kuri gatanya zirembeje Umuryango Nyarwanda

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, kuri iki Cyumweru, itariki 1 Gashyantare 2026, yagarutse kuri gatanya zisigaye ziri mu Muryango Nyarwanda muri iyi minsi, avuga ko bidakwiye ko abantu babiri bananiranwa kugeza ubwo batandukana. Ati “Abantu babiri bananirwa kubana bate? Ari abantu benshi wabashyize hamwe, ukaba […] ariko abantu babiri bananiranwa bate? Erega abantu baranihanganirana. Icyaha […]
Claude Ibalanky yirukanwe muri REPOP nyuma yo gushyigikira AFC/M23

Ihuriro rya politiki ry’ububyutse (REPOP) ryatangaje ko ryirukanye Claude Ibalanky Ekolomba, nyuma yo kwinjira muri AFC / M23. Iki cyemezo cyashyizwe ahagaragara mu itangazo ryashyizweho umukono ku wa Gatandatu, itariki ya 31 Mutarama 2026, n’abanyamuryango bashinze ihuriro ndetse n’inama y’abaperezida b’imitwe ya politiki y’abanyamuryango b’ihuriro. REPOP ivuga ko byagaragaje kwiheza k’umuntu uvugwa, urebye ibikorwa bye […]
Umuturage wa Kenya yapfiriye mu ntambara y’u Burusiya muri Ukraine

Urupfu rw’Umunyakenya wafatanyaga n’Ingabo z’u Burusiya mu burasirazuba bwa Ukraine rukomeje guteza impaka ku buryo Abanyafurika, cyane cyane abimukira bagiye gushaka akazi mu Barabu, bisanga mu makimbirane akomeje guhitana benshi mu Burayi binyuze mu miyoboro ibeshya abantu akazi. Ubutasi bw’Igisirikare cya Ukraine bwatangaje ko babonye umurambo wa Clinton Nyapara Mogesa, umuturage wa Kenya wavutse mu […]
Perezida Kagame na madamu we bashyize indabo ku kimenyetso cy’ubutwari

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 1 Gashyantare 2026, ku Gicumbi cy’intwari i Remera, Perezida Kagame na madamu we Jeannette Kagame, bifatanyije n’abandi bayobozi mu gushyira indabo ku cyimenyetso cy’ubutwari mu gikorwa gifite insanganyamatsiko igira iti: ” Ubutwari n’Ubumwe bw’Abanyarwanda, inkingi z’iterambere.” Ambasaderi wa Zimbabwe mu Rwanda, Charity Manyeruke, unahagarariye abadipolomate mu Gihugu, na we yunamiye […]
Jamaica: Ukuriye umutwe ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi muri JDF yasuye abasirikare ba RDF bari Montego Bay

Umuyobozi w’Umutwe w’Ingabo za Jamaica (JDF) ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi  (Support Brigade), Brigadier O’Neil A. Bogle, yasuye itsinda ry’Abasirikare b’u Rwanda (RDF)  mu Mujyi wa Montego Bay, mu Karere ka St James. Uru ruzinduko rwari rugamije gusuzuma aho imirimo yo gusana no  kubakira abaturage basizwe iheruheru n’ibiza igeze. Iyo mirimo ikorwa n’abasirikare ba RDF bashinzwe ubwubatsi […]
Abanyekongo bahungiye mu Burundi bakomeje gupfa urusorongo

Ibibazo by’ubutabazi mu nkambi y’impunzi ya Busuma mu Ntara ya Buhumuza, mu burasirazuba bw’u Burundi, bigeze ku rwego rukomeye. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko impunzi 22 z’Abanyekongo zapfuye ku munsi umwe, ku wa Gatanu, itariki ya 30 Mutarama 2026. Abenshi mu bapfuye ni abana, abagore, n’abasaza. Izi mpfu ziyongera ku mubare usanzwe uteye […]
Ibyo Tshisekedi asaba ngo habe ibiganiro hagati y’abanyagihugu ntibivugwaho rumwe

Mu gihe ikibazo cy’ibiganiro hagati y’Abanyekongo cyongeye kuzamurwa cyane muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, amajwi amwe n’amwe muri sosiyete sivile ntiyemeranya n’ibisabwa n’umukuru w’igihugu kugirango ibiganiro bibe. Perezida wa Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yagarutse mu magambo arambuye ku kibazo cy’ibiganiro hagati y’abanyagihugu ubwo yagezaga ijambo ryifuriza umwaka mushya abahagarariye ibihugu byabo bafite icyicaro i Kinshasa […]
Ubutwari si amateka yo gusoma mu bitabo gusa, ni umurage – Min. Dr. Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu Dr Bizimana Jean Damascène yibukije urubyiruko ko rudakwiye kujya rufata ubutwari nk’amateka gusa, ahubwo bakwiye kubufata nk’indangagaciro z’Umunyarwanda muzima. Yabikomojeho mu gitaramo cyo kwizihiza no gusingiza Intwari z’Igihugu mu ijoro rishyira kuri iki Cyumweru tariki ya 1 Gashyantare 2026, ahizihizwa Umunsi w’Intwari, kikaba cyarateguwe n’Umujyi wa Kigali ufatanyije n’abafatanyabikorwa […]