Amerika yivumbuye kuri Korea y’Epfo kubera intambara ya Iran

Perezida Donald Trump yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigiye kugabanya ku buryo bugaragara imyitozo ya gisirikare ihuriweho zakoranaga na Korea y’Epfo, avuga ko afitanye “umubano mwiza cyane” na Kim Jong Un uyobora Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un. Abinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwe, Truth Social, Perezida Trump yavuze ko Koreya y’Epfo iherutse kwanga […]