Gen. Mubarakh na Maj Gen Huneiti baganiriye uko RDF na JAF bashimangira ubufatanye
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, ari mu bwami bwa Jordanie aho yagiriye uruzinduko rw’akazi. Igisirikare cy’u Rwanda kibinyujije ku rubuga rwacyo rwa X yahoze yitwa cyatangaje ko Gen Mubarakh n’itsinda ry’intumwa ayoboye kuri uyu wa Mbere bakiriwe ku cyicaro gikuru cy’Ingabo za Jordanie (JAF), bakirwa n’Umugaba Mukuru wazo, Major General Yousef Huneiti. […]
Ubushinwa: Abagera ku 110.000 batuye mu ntara imwe bahungishijwe umwuzure
Mu Bushinwa abantu 110.000 bimuwe mu ngo zabo mu ntara ya Guangdong, nyuma y’uko iki gihugu kimaze iminsi cyibasiwe n’imvura nyinshi yateje umwuzure mwinshi by’umwihariko muri iyi ntara. Ibitangazamakuru bitandukanye bya Leta, bibitangaza ko abantu bane kugeza bapfiriye mu nkubi y’iyi mvura mu gihe 10 baburiwe irengero. Amashusho ku bitangazamakuru bya leta no ku muyoboro […]
Mu mezi atatu Ubwongereza buraba bwatangiye kohereza abimukira mu Rwanda
Mu kiganiro n’Itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa Mbere taliki 22 Mata 2024, Rish Sunak, Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, yatangaje ko mu byumweru hagati ya 10 na 12 , abimukira ba mbere baribube bagejejwe mu Rwanda. Yavuze ko Guverinoma yamaze kwitegura mu bijyanye n’ingendo z’indege zizatwara abimukira ba mbere.Sunak yabihamije ashize amanga atangariza abanyamakuru ko noneho […]
Sudan: Serivise z’Ubuzima 80% zarahagaze
Intambara ibera muri Sudan ikomeje gutuma ubuzima buhagarara , aho kugeza ubu serivisi z’Ubuzima zimaze gucyendera zikaba zigeze kukigero cya 80%. Ibigo by’ubuvuzi byo mu gihugu byahagaritse serivisi, aho bifite ikibazo cy’ububiko bw’imiti ndetse n’ubushobozi bw’ingufu (Amazi n’amashanyarazi), byabaye iyanga. Minisitiri w’Ubuzima muri Sudan, Ahlam Abdel Rasoul avuga ko ibitaro hafi ya byose byasenyutse , […]
Niger: Amerika mu nzira zo guhomba ikibuga cya ‘Drones’ cyayitwaye asaga Miliyoni 100$
Muri Niger , ishyamba si ryeru hagati y’igisirikare cy’Amerika n’abadashyigikiye ko kiguma muri iki gihugu nyuma yo gusanga ko ngo kurinda umutekano byarabananiye. Ejo ku cyumweru taliki 21 Mata 2024, abaturage babyukiye mu mihanda bamagana iki gisirikare, aho bavuga ko batabashaka ku butaka bwa Niger. Iyo myigaragambyo yatumijwe n’itsinda ry’amashyirahamwe y’imiryango ya sosiyete sivile 24, […]
MINUBUMWE yagaragaje ko ipfobya n’ihakana rya Jenoside rifite inkomoko mu yahoze ari Gikongoro
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu( MINUBUMWE), yagaragaje ko gupfobya no guhakana Jenoside bifite inkomoko mu yahoze ari Gikongoro. Byagarutsweho na Minisitiri w’iyi Minisiteri Dr Bizimana Jean Damascène kuri iki Cyumweru taliki 21 Mata 2024 mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi wabereye ku rwibutso rwa Murambi mu Karere ka Nyamagabe yahoze ari Gikongoro. Uru rwibutso […]
Irengero rya kontineri z’imihoro u Burundi bwaguze mu Bushinwa
Umutwe wa M23 uravuga ko Leta y’u Burundi imaze iminsi yohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imihoro ndetse n’Imbonerakure zo kuhakorera ubwicanyi. Mu ntangiriro z’uku kwezi ni bwo ikinyamakuru Le Mandat cy’i Burundi cyanditse ko Leta y’iki gihugu imaze igihe yaratumije kontineri enye z’imihoro mu Bushinwa, ndetse ko ikimara kugera mu Burundi yahise ihabwa […]
Umunyamakuru Jean Jules Mazuru wamenyekanye kuri radio Rwanda afungiwe i Mageragere
Umunyamakuru Jean Jules Mazuru wamamaye kuri Radio Rwanda mu ishami ry’amakuru mu rurimi rw’igifaransa, afungiwe mu igororero rya Nyarugenge riherereye i Mageragere, aho akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana utarageza ku myaka y’ubukure. Uyu munyamakuru wari umaze igihe atumvikana kuri radio , amakuru dukesha umuyoboro wa YouTube ‘Umuseke tv’ , avuga ko J. Jules Mazuru yafunzwe […]
Masisi: Wazalendo na FARDC basubiranyemo mu mirwano ikaze yahitanye bane
Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru Taliki 21 Mata 2024, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo muri Teritwari ya Masisi mu gace ka Rubaya, habereye kwisubiranamo mu mirwano ikaze yahuje ingabo za Leta FARDC na Wazalendo isanzwe ikorera mu kwaha kw’izi ngabo, maze abagera kuri bane barakomereka maze batandatu barakomereka. Ni imirwano kugeza ubu bitaramenyekana […]
Indagu za Sam Karenzi na bagenzi be zakubise igihwereye
Ikipe ya APR FC ku wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama Mata yegukanye Igikombe cya shampiyona, ihinyuza indagu z’abanyamakuru ba Fine FM batayiciraga akari urutega ubwo shampiyona yatangiraga. Nyamukandagira yegukanye igikombe nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports bari bahuriye kuri Kigali Pele Stadium igitego 1-0. Igitego cyo ku munota wa 52 w’umukino cya Mugisha Gilbert ni […]
Burundi: Ibiza bikomeje gusiga umubare w’abaturage babura aho bakinga imisaya utumbagira
Kugeza ubu mu gihugu cy’u Burundi ibintu bikomeje kuba bibi, aho abaturage barenga ibihumbi bibiri batabona aho baking umusaya. Ibi biza birimo guturuka ahanini n’imvura ikomeje kugwa mu migezi yiroha mu mu Kiyaga cya Tanganyika nayo ikamena mu bindi bice bitandukanye bityo amazu n’ibindi bikorwa remezo bikangirika. Imvura yaguye ku munsi w’ejo kuwa Gatanu, yahitanye […]
Umubare w’abasirikare u Rwanda rushinjwa kugira muri RDC
U Rwanda rurashinjwa kuba kugira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo abasirikare babarirwa mu 3,000; nk’uko Bloomberg ibivuga. Iki gitangazamakuru kivuga ko ari amakuru cyahawe n’abantu bo mu burengerazuba bw’Isi. RDF kandi ishinjwa guhera imyitozo ya gisirikare inyeshyamba za M23 mu kigo bivugwa ko giherereye hafi y’umupaka w’u Rwanda na Congo. Hejuru y’ubwo bufasha Guverinoma […]
Musore, umukobwa mucuditse nakubwira ibi bintu 5 uzamenye ko yagupfiriye
Cyo kimwe n’abasore cyangwa abagabo, abagore n’abakobwa na bo barakunda kandi bakabigaragariza abo biyumvamo, n’ubwo kwerura ngo babivuge bikunda kugorana. Mu busanzwe bibaho kuba waba uvugana n’umukobwa bisanzwe, buri umwe yiyumva mu wundi, ariko mwembi mwaratinye kwerura ngo umwe abibwire undi. Gutinya kurikocora ku muhungu akenshi biterwa no kuba nta cyizere gihagije aba afite cyerekana […]
Madamu Jeannette Kagame yunamiye umwamikazi wa nyuma w’u Rwanda

Madamu Jeannette Kagame yunamiye, anashyira indabo ku mva iruhukiyemo Umwamikazi Rosalie Gicanda wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi ku wa 20 Mata 1994. Igikorwa cyo kwibuka Umwamikazi Rosalie Gicanda cyabanjirijwe n’igitambo cya Misa yo kumusabira cyayobowe na Antoni Cardinal Kambanda n’Umushumba wa Diyosezi ya Butare, Mgr Filipo Rukamba. Kuri uyu wagatandatu taliki 20, hibutswe umwamikazi Gicanda, […]
DR.Congo: Ibindi birindiro bya MONUSCO byafunzwe bihabwa Ingabo za Leta
Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zibungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ‘MONUSCO’, zafunze ibirindiro byazo bya Bunyakiri byari biherereye mu gace ka Kalehe gaherereye mu Majyaruguru ya Kivu ya Ruguru. Ibi birindiro byafunzwe bihabwa igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC). Ibi byabaye ejo ku wa gatanu tariki ya 19 Mata 2024. Ikigo cya […]
Umuhanda uhuza Akarere ka Muhanga n’aka Ngororero ntabwo ari nyabagendwa
Umuhanda uhuza Akarere ka Muhanga n’aka Ngororero wafunzwe by’agateganyo kubera imvura nyinshi yaguye igatuma Umugezi wa Nyabarongo wuzura ukawurengera. Iyi mvura yatumye umuhanda ufungwa yaguye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu taliki 19 Mata 2023.Gusa uretse uwo muhanda wafunzwe nta makuru yandi yatangajwe niba hari ibindi yaba yangije. Ikigo cy’igihugu cy’iteganyagihe Meteo-Rwanda cyari cyatangaje […]
Kwibuka30: Taliki 20 nibwo ingabo zari iza Leta zishe umwamikazi Gicanda muri Jenoside
Taliki ya 20 Mata 1994, nibwo Ingabo za Leta ya Perezida Habyalimana zishe umwamikazi Gicanda nyuma y’uko bitegetswe na Captain Ildephonse Nizeyimana wari mu Kigo cya ‘à‰cole des Sous-Officiers [ESO] muri Jenoside. Uyu Ildefonse n’abandi basirikare barimo Lt Colonel Muvunyi Tharcisse n’abo mu Kigo cya Gisirikare cya Ngoma yayoboraga na Jandarumuri yayoborwaga na Major Cyriaque […]
Frédéric Ngenzebuhoro wabaye Visi Perezida w’u Burundi yapfuye
Frederic Ngenzebuhoro wigeze kuba Visi Perezida w’u Burundi ku butegetsi bwa Petero Buyoya yapfuye ku myaka 72. Iri zina ryamenyekanye cyane mu butegetsi bw’Uburundi mu ishyaka rya UPRONA by’umwihariko mu igihe ryari ku butegetsi mu 1992. Uretse kungiriza Buyoya , Ngenzebuhoro yabaye umudepite mu Burundi no mu mu muryango wa Afurika y’Uburasirazuba (EAC) aba n’umwanditsi […]
Masisi: Imbonerakure z’i Burundi zigeze kure imyiteguro ya Jenoside: Kanyuka
Umutwe wa M23 urashinja Leta y’u Burundi kohereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Imbonerakure, mu rwego rwo kuhategura Jenoside. Umuvugizi w’uyu mutwe, Lawrence Kanyuka, yaraye atangaje ko u Burundi bwohereje Imbonerakure muri Masisi mu rwego rwo “gutegura no gushyira mu bikorwa Jenoside”. Kanyuka yavuze ko izi Mbonerakure hamwe n’ingabo z’u Burundi ziri muri RDC […]
Mukankusi yahishuye akayabo Rujugiro yigeze guha RNC ngo ihirike ubutegetsi bw’u Rwanda
Mukankusi Charlotte wahoze wahoze mu mutwe wa RNC urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, yahishuye ko umunyemari Ayabatwa Tribert ‘Rujugiro’ yigeze kubaha arenga Frw miliyoni 300 yo kubafasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda ariko bikarangira Kayumba Nyamwasa uwuyoboye ayariye yose. Ku wa Gatatu tariki ya 17 Mata ni bwo hamenyekanye amakuru y’uko Rujugiro yapfuye azize urupfu rutunguranye. Muri […]
Zimbabwe:Akamwenyu ni kose ku mfungwa zirenga 4000
Akamwenyu ni kose ku mfungwa zirenga 4 000 zo mu Gihugu cya Zimbabwe zirimo n’abari barakatiwe igihano cy’urupfu. Ni nyuma y’uko zarekuwe ku bw’imbabazi za Perezida w’iki Gihugu. Izi mbabazi zatanzwe na Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa ubwo hizihizwaga isabukuru y’imyaka 44 Igihugu cya Zimbabwe kimaze kibonye Ubwigenge kuri uyu wa Kane tariki 18 Mata […]
Perezida Kagame yafashe mu mugongo Ruto wa Kenya
Perezida Paul Kagame yafashe mu mugongo mugenzi we William Ruto wa Kenya, nyuma y’impanuka ya kajugujugu yahitanye abasirikare b’igihugu cye barimo Gen. Charles Ogolla wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za KDF. Ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki ya 18 Mata ni bwo iyo mpanuka yabereye mu gace ka Sindar, mu ntara ya Elgeyo-Marakwet. Perezida William […]
Perezida Kagame yahuye na Ellen Johnson Sirleaf wahoze ari Perezida wa Liberia
Perezida Kagame yitabiriye Inama yiswe ‘Amujae High-Level Leadership Forum, yiga ku iterambere ry’abagore no kubategurira kuba abayobozi beza. Yayihuriyemo n’abarimo Ellen Johnson Sirleaf wayoboye Liberia. Ni inama yabaye kuri uyu wa gatanu, tariki ya 19 Mata 2024, aho mbere y’uko Perezida Paul Kagame, ayitabira yabanje guhura n’uwahoze ari Perezida wa Liberiya, Ellen Johnson Sirleaf. Biteganyijwe […]
Sudan: Mu mwaka umwe abaturage bibasiwe n’ibyorezo 11 abakabakaba 400 barwara Kolera
Kuri uyu wa Kane taliki 18 Mata 2024, Minisiteri y’Ubuzima ya Sudani yatangaje ko abantu 391 bapfuye bazize kolera mu gihe cy’umwaka umwe intambara itangiye. Minisitiri w’ubuzima muri Sudani, Haitham Mohamed Ibrahim, mu itangazo rigenewe abanyamakuru yavuze ko indwara zigera kuri 11 arizo zimaze kwibasira iki gihugu kuva intambara yatangira. Ati” Indwara zigera ku 11.000 […]
FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bikuye muri santire ya Kibirizi nta sasu rivuze
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC n’abafatanyabikorwa bayo, biravugwa ko bikuye muri Santire (Centre) ya Kibirizi ho muri Teritwari ya Rutshuru nta mirwano ibaye. Amakuru avuga ko ingabo za FARDC zikimara kuva muri iyi santire, zahise zisubirira mu bice zahozemo . Ibi byabaye ku munsi w’Ejo kuwa Kane ahagana ku isaha z’umugoroba mu […]
Abayobozi b’abacuruzi bavuga rikijyana muri Haiti bandikiye Perezida Ruto
Abayobozi bashinzwe ubucuruzi muri Haiti bandikiye Perezida wa Kenya, William Ruto, bavuga ko bahangayikishijwe cyane no gutinda kw’abapolisi 10000 yabemereye bagomba koherezwa muri iki gihugu mu kubafasha guhangana n’amabandi akomeje kwibasira iki gihugu. Ni ibaruwa banditse muri iki Cyumweru basaba ko gahunda yo kohereza aba bapolisi yakwihutishwa bityo ibikorwa by’ubucuruzi bigakomeza n’abaturage bagasubira mu buzima […]
Leta y’u Burundi na Loni batabarije Abarundi
Umuryango w’Abibumbye na Leta y’u Burundi baratabaza nyuma y’uko iki gihugu gikomeje kwibasirwa n’ibiza bimaze gushegesha abatari bake. Uku gutabaza gushingiye ku bihe bidasanzwe by’ibiza biturutse ku mvura idasanzwe akarere kari gucamo bizwi nka El Nià±o. Iyi mvura nyinshi yatumye inzuzi n’ikiyaga cya Tanganyika byuzura birushaho guhitana abantu no konona ibintu. Binyuze mu itangazo ryashyizwe […]
Israel na yo yagabye ibitero kuri Iran
Israel kuri uyu wa Gatanu yagabye ibitero bya missile kuri Iran, mu gisa nko kwihimura ku bitero bya za drones na missiles iki gihugu cyayigabyeho mu cyumweru gishize. Iturika ryumvikanye mu ntara ya Isfahan iherereye rwagati muri Iran, ndetse itangazamakuru ryo muri iki gihugu riravuga ingendo z’indege zahise zihagarikwa mu mijyi itandukanye y’igihugu. Intara ya […]
Palestina yangiwe kuba umunyamuryango wa LONI
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Kane zangiye igihugu cya Palestina kwinjira mu bihugu binyamunyamuryango by’Umuryango w’Abibumbye. Amerika yabyanze ubwo bari mu nama y’akanama ka Loni gashinzwe umutekano ku Isi yateranye kuri uyu wa kane taliki 18 Mata 2024. Loni yatoye umwanzuro wari ushyigikiwe n’ibihugu byinshi wo kwemerera Palestina kuba umunyamuryango wayo, gusa ibihugu […]
Umugaba Mukuru w’Ingabo za KDF yapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu
Perezida William Samoei Ruto wa Kenya akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’iki gihugu (KDF), yemeje ko Gen Charles Ogolla wari Umugaba Mukuru wazo yapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu yabaye kuri uyu wa Kane. Perezida Ruto mu ijambo yagejeje ku baturage ba Kenya, yavuze ko impanuka ya kajugujugu ya KDF yahitanye Gen Ogolla yabereye mu gace ka […]
Indonesie: Abarenga ibihumbi 11 basabwe kwimuka vuba na bwangu kubera iruka ry’ikirunga
Abantu barenga 11,000 basabwe kwimuka bakava mu majyaruguru ya Indonesie, kubera iruka ry’ikirunga ryateza umutingito ushobora guhitana ubuzima bwabo. Abaturage baburiwe ko ibikoma byacyo bishobora kujya mu nyanja bikarangira binateje umutingito wo mu bwoko bwa Tsunami ukaba wahitana ubuzima bwa benshi. Abantu barenga 800 bimuwe ku ikubitiro bava ahitwa i Ruang bajya ku kirwa cya […]
RDC yaguze CH-4 nshya zisimbura izivuganwe na M23
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yamaze kwakira drones nshya z’intambara zo mu bwoko bwa CH-4, nyuma y’uko muri eshatu yari yaraguze nta n’imwe ikiri mu kazi. Mu mwaka ushize wa 2023 ni bwo RDC yari yaguze izi drones mu Bushinwa, kugira ngo zifashe igisirikare cyayo guhangana n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 bamaze imyaka hafi […]
DRC: Uwahoze ari minisitiri wungirije wa Hydrocarbures yakatiwe gufungwa imyaka 20 azira ubwicanyi
Moussa Mondo wahoze ari Minisitiri wungirije wa Hydrocarbures, yakatiwe igifungo cy’imyaka 20 azira gukubita no gukomeretsa umugore we byaje no kumuviramo urupfu. Urukiko rwisumbuye rwa Kinshasa / Gombe, rwatangaje imyanzuro yarwo kuri uyu wa kabiri, tariki ya 16 Mata 2024, ko uyu mugabo akatirwa gufungwa imyaka 20, ategekwa no gutanga ihazabu ingana na miliyoni y’Amafaranga […]
Yatawe muri yombi nyuma yo kuzana muri banki umuntu wapfuye ngo amuheshe inguzanyo
Ejo hashize kuwa Gatatu , polisi yo muri Bresil yavuze ko yataye muri yombi umugore wazanye muri Banki umusaza w’imyaka 68 mu kagare k’abamugaye yapfuye kugirango amusinyire inguzanyo yari yasabye. Uyu mugore witwa Erika Vieira Nunes, yazanye umurambo ku kagare muri banki iherereye mu nkengero z’umujyi wa Rio maze ashaka kujijisha abakozi ba banki kugirango […]
Ambasade y’u Bufaransa mu Rwanda yavuze ku bari abakozi bayo bishwe muri Jenoside
Abari abakozi ba Ambasade y’Ubufaransa mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, barashimira intambwe yatewe n’iyi ambasade mu kwibuka no guha icyubahiro abayikoreraga bishwe muri Jenosie yakorewe Abatutsi. Basabye iyi ambasade kwita ku mibereho yabo mu miryango ifite ababo bayikoreraga bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Antoine Anfré, Ambasaderi w’Ubufaransa mu Rwanda, avuga ko […]
Ububirigi bugiye kwinjira mu kibazo cy’umutekano mucye urangwa muri DR.Congo
Ambasaderi w’Ububiligi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,Roxane de Bilderling, yatangaje ko igihugu cye kigiye kwinjira mu bibazo by’umutekano mucye ukomeje kurangwa mu Burasirazuba bwa Congo. Yabitangaje kuwa Kabiri taliki 16 Mata 2024, ubwo yaganiraga n’ubuyobozi bw’umujyi bw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru.Yavuze ko bitewe n’intambara ikomeje kuyogoza iki gihugu, Ububiligi nk’igihugu gikunda amahoro kigiye kwinjira ubwacyo […]
Ukraine yateguje intambara ya Gatatu y’isi mu gihe yaba itsinzwe n’Uburusiya
Minisitiri w’intebe wa Ukraine Denys Shmyhal, yateguje intambara ya gatatu y’isi yose mu gihe Uburusiya bwaba buyitsinze. Uyu Minisitiri yabwiye BBC ko hazabaho Intambara ya gatatu y’isi yose mu gihe Ukraine yaba itabonye inkunga yemerewe na Amerika izayifasha kurandurana n’imizi Uburusiya. Yavuze ko yasabye Kongere y’Amerika kwemeza umushinga w’imfashanyo yayemereye, kuko hashize iminsi yarayibemereye ariko […]
Amarangamutima ya P. Kagame nyuma y’uko Arsenal isezerewe na Bayern Munich
Perezida Paul Kagame yatangaje ko Arsenal ikiri ikipe imuba ku mutima, n’ubwo yaraye isezerewe na Bayern Munich mu mikino ya UEFA Champions league. Aya makipe yombi afitanye imikoranire n’u Rwanda biciye muri Visit Rwanda, yari yahuriye mu mukino wo kwishyura wa ¼ cy’irangiza cya Champions league wabereye ku kibuga cya Stade ya Allianz Arena. Ni […]
Nigeria: Akurikiranyweho icyaha cyo kunaga hejuru amafaranga mu birori
Umugabo uvuga rikijyana ku mbuga nkoranyambaga, akaba n’umucuruzi uzwi witwa Pascal Okechukwu, ukomoka muri Nijeriya yakurikiranyweho icyahaha cyo gukoresha nabi inoti za Banki y’igihugu mu birori yari yitabiriye. Ku wa gatatu ubwo yagezwaga mu bushinjacyaha, uyu mugabo yahakanye ibyaha bitatu yashinjwaga, birimo ko yasuzuguye bimwe mu birango by’igihugu. Komisiyo ishinzwe ibyaha birebana n’i by’ubukungu n’imari […]
Gen. Muhoozi yakiriye intumwa za RDF
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, kuri uyu wa Gatatu yakiriye anagirana ibiganiro n’abasirikare bo mu ngabo z’u Rwanda (RDF). Ibiganiro hagati y’uyu musirikare usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda n’intumwa za RDF zari ziyobowe n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, byabereye i Mbuya ku Cyicaro […]
RDC: Nta musirikare wemerewe kongera kuzerera mu mujyi wa Goma
Perezida w’Urukiko rwa Gisirikare muri Kivu y’amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Colonel Kabeya-Hanu-Ben, yihanangirije umusirikare wese wa Leta (FARDC), ko nta wemerewe kongera kugaragara azerera mu mujyi wa Goma. Col.Kabeya yabitangaje kuri uyu wa Kabiri taliki 16 Mata 2024, ubwo yakoranaga inama n’abayobozi batandukanye babarizwa mu mitwe itandukanye y’igisirikare, aho yatanze gasopo ko […]
FARDC na M23 baramukiye mu mirwano yabereye i Nyakajanga
Imirwano ikaze y’ihuriro rya FARDC na M23, yubuye kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 17 Mata 2024 ibera mu gace ka Nyakajanga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Iyi mirwano yari irangajwe imbere na Wazalendo nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza.Imbunda ziremereye nizo zari ziganje muri iyo mirwano ari nako […]
Gatsata: Baritana bamwana n’ubuyobozi ku ngurane y’imyaka bahinze mu gishanga cya Nyabugogo
Abaturage n’ubuyobozi bw’umurenge wa Gatsata, baritana bamwana nyuma y’uko ngo basezeranyijwe ko bazahabwa ingurane y’imyaka bahinze mu gishanga mbere y’uko kigiye gutunganywa. Aba baturage baganiriye n’itangazamakuru, bavuze ko ubuyobozi bw’umurenge wa Gatsata bwari bwabijeje ko buzabaha ingurane ku myaka yabo bahinze mbere y’uko bahagarika kugihingamo.Bavuga ko bari barahinzemo ibisheke, ibigori n’umuceri none ngo bakaba barasabwe […]
RDC: Gufata amajwi n’amashusho mu matora y’abasenateri na ba guverineri byakumiriwe
Mu gihe biteganyijwe ko taliki 29 Mata 2024, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hateganyijwe amatora y’abasenateri n’abayobozi b’intara, hafashwe ibyemezo ko muri icyo gihe nta bikoresho bifata amajwi n’amashusho bizaba byemewe. Byatangajwe n’umunyamategeko mukuru w’urukiko rw’ubujurire rwa Cassation bwana Firmin Mvonde, aho yavuze ko uyu mwanzuro wafashwe hirindwa ko haba uburiganya muri aya matora. […]
Uburusiya bumaze gupfusha abasirikare barenga 50,000 mu ntambara yabwo na Ukraine
Umubare w’abasirikare b’Uburusiya bamaze gupfira mu ntambara ibuhuje na Ukraine umaze kurenga 50.000 Mu mwaka umwe ubanza w’iyi ntambara abasirikare b’u Burusiya babarirwa mu bihumbi 25 nibo bahasize ubuzima nk’uko byagaragajwe n’itsinda ry’abanyamakuru bigenga ba BBC. Iri tsinda ryifashishije amazina y’imva zishyinguyemo aba basirikare mu rwego rwo kumenya neza umubare nyirizina w’a bahitanywe n’intambara. Ibarura […]
Guhisha imibiri y’abazize Jenoside bisanishwa n’Ingengabitekerezo yayo-Minisitiri Bizimana
Kutagaragaza ahaherereye imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, bifitanye isano n’ingengabitekerezo yayo itarasibangana mu mitekerereze ya bamwe mu Banyarwanda. Ibi byagarutsweho na Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 i Ntarama mu Karere ka Bugesera. Abarokokeye i Ntarama bemeza ko ibyabaye […]
Umunyemari Rujugiro yapfuye
Umunyemari Ayabatwa Tribert wamenyekanye mu Rwanda ndetse no hanze yarwo nka Rujugiro, yapfuye ku myaka 82 y’amavuko. Inkuru y’urupfu rw’uyu mukambwe yamenyekanye mu ijoro ryacyeye. Abiganjemo abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda ni bo bafashe iya mbere mu kumubika, gusa ntiharamenyekana igihugu yaguyemo. Rujugiro yamenyekanye mu bucuruzi burimo ubw’itabi, amazu n’ibindi bicuruzwa yakoreraga mu bihugu by’u Rwanda, […]
Burundi: Leta yashyizeho ibihe bidasanzwe
Leta y’u Burundi kuri uyu wa Kabiri yashyizeho ibihe bidasanzwe muri iki gihugu, nyuma y’umwuzure ukomeye wibasiye iki gihugu. U Burundi cyo kimwe n’ibindi bice bitandukanye by’akarere byibasiwe n’umwuzure ukomeye, nyuma y’imvura nyinshi yaguye muri uku kwezi kwa Mata. Iki gihugu cyibasiwe n’umwuzure nyuma y’uko ikiyaga cya Tanganyika cyuzuye, ibyagize ingaruka ku baturage biganjemo abo […]
Rusesabagina yavuzwe muri Dosiye ya Nkunduwimye ushinjwa ibyaha bya Jenoside
Itsinda ry’abahanga mu mategeko bagaragaje ko mu iperereza ryakoze ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi Emmanuel Nkunduwimye ashinjwa, babajije abatangabuhamya barimo na Paul Rusesabagina. Iri tsinda ryemeza ko Rusebagina wari umuyobozi wa Hôtel des Mille Collines mu gihe cya jenoside, mu 2010 yaribwiye ko ubwe yiboneye Nkunduwimye yambaye imyenda ya gisirikare afite n’imbunda, ari kumwe […]
Zimbabwe: Abagore icyenda batawe muri yombi bazira gukomera umugore wa Perezida
Abagore icyenda bo muri Zimbabwe bari batawe muri yombi bazira ko bazomereye umukuru w’igihugu muri Zimbabwe. Ibitangazamakuru byo muri Zimbabwe byavuze ko abagore icyenda bari batawe muri yombi muri icyo gihugu bashinjwa kuzomera (gukomera) umugore wa perezida bakuriweho ibirego. Ibyo birego byakuweho bitegetswe na Auxillia Mnangagwa, umugore wa Perezida Emmerson Mnangagwa, nkuko amakuru abivuga, asubiramo […]
Abapolisi ba RDC biciwe i Goma
Abapolisi babiri ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo baraye biciwe mu i Goma, mu gihe ubwicanyi bukomeje gufata intera muri uyu mujyi. Amakuru avuga ko abo bapolisi biciwe hagati y’ahazwi nko kuri Horeb no ku musigiti w’Abayisilamu uherereye muri Quartier ya Katindo, nyuma yo kugwa mu gico cy’abambuzi babishe babanize nyuma yo kubaka imbunda bari […]
Liberia:Abasenateri batoye itegeko rishya rihana ibyaha by’intambara
Abasenateri bo muri Liberiya batoye umushinga w’itegeko rishyiraho urukiko rw’ibyaha by’intambara, nyuma y’imyaka myinshi habayeho kwisubiranamo kw’abasivili muri iki gihugu cy’Iburengerazuba bwa Afurika. Urukiko rushya ruzakora iperereza kandi ruburanishe ibyaha byibasiye inyokomuntu na ruswa byakozwe mu ntambara ebyiri z’abenegihugu zabaye hagati ya 1989 na 2003, zahitanye abantu bagera ku 250.000. Peterson Sonyah, umuyobozi mukuru w’ishyirahamwe […]
Abadipuromate b’i Burayi bahuriye i Paris batabariza Sudan
Ubudage bwasezeranije gutanga inkunga ya miliyoni 260 z’amadolari ku banya Sudan bugarijwe n’ibibazo by’inzara n’intambara. Ni nyuma y’uko abadipolomate b’i Burayi bahuriye i Paris mu Bufaransa mu rwego rwo gutabariza aba banye Sudan no gutanga inkunga. Ni intambara imaze hafi umwaka umwe iki gihugu gihuye n’akaga.Uretse ubudage bwemeye gutanga ayo mafaranga, ibindi bihugu by’Uburayi na […]
Tshisekedi ‘wari waraburiwe irengero’ yongeye kugaragara mu ruhame
Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kugaragara mu ruhame, nyuma y’icyumweru kirenga asa n’uwaburiwe irengero. Ku wa Mbere tariki ya 15 Mata ni bwo Tshisekedi yagaragaye muri kiliziya ya Notre Dame de Fatima i Kinshasa, ahaberaga misa yo gusabira Musenyeri Gérald Mulumba umaze imyaka ine apfuye. Uyu Mulumba asanzwe […]
Abari inkingi za UDPS i Burayi na Amerika bisunze AFC/M23
Impuzamashyaka ya AFC ya Corneille Nangaa, itangaza ko yakiriye Ange Kalonji wari uhagarariye ishyaka rya UDPS muri diaspora. Ibi ni ibyatangajwe n’Umuvugizi w’iri huriro mu bya Plitiki Lawrence Kanyuka ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere taliki 15 Mata 2024 mu butumwa yanditse ku rukuta rwa Twitter(X). Yavuze ko abantu benshi bakomeje kuva kuri iri […]
Niba ushaka kongera ibiro gerageza ntukabure aya mafunguro ku meza yawe
Abantu benshi usanga bifuza kunanuka bitewe n’amahitamo yabo ariko kandi hakaba hari n’abifuza kongera ibiro bitewe n’impamvu zigiye zitandukanye. Abahanga mu by’imirire usanga batanga inama y’imirire haba ku bashaka kunanuka cyangwa ku byibuha. Urubuga Medical news to day igaragaza amwe mu mafunguro umuntu yafatanga akongera ibiro.Muri ibyo harimo; 1 – Imineke Ushobora kurya umuneke nyuma […]
Perezida Kagame yashimiye ababyeyi bashishikarije abana babo kwinjira muri RDF
Umukuru w’Igihugu akaba n’umugaba mukuru w’ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Perezida Kagame yashimiye ababyeyi bashyigikiye bakanashishikariza abana babo kwinjira mu mwuga w’Igisirikare. Yabivugiye mu kigo cy’ishuli rikuru rya gisirikare rya Gako mu ntara y’Uburasirazuba kuri uyu wa Mbere taliki 15 Mata 2024, ubwo yari mu muhango wo kwinjira kw’aba ofisiye bashya basaga 600 binjiye mu ngabo […]
Mu myaka itanu hamaze kuboneka imibiri isaga ibihumbi 125 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside
Kuva mu myaka itanu ishize hirya no hino mu gihugu, hamaze kuboneka imibiri isaga ibihumbi 125 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside muri Mata 1994. Umuryango urengera inyungu z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, ‘IBUKA’ ivuga ko ari imibiri y’abatutsi bishwe ikajugunywa mu bice bitandukanye ariko mu myaka itanu ishize isaga ibihumbi 125 ikaba yarabashije kubonwa.Iyi mibiri yabonetse ahanini […]
DRC: Abarenga 50 baridukiwe n’umusozi baburirwa irengero
Ku wa Gatandutu w’icyumweru gishize nibwo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hamenyekanye amakuru y’umusozi waridukiye abantu barenga 50 baburirwa irengero. Uku kuriduka kwaturutse ku buhehere bwatewe n’imvura nyinshi yaguye mu mpera z’icyo Cyumweru aho abarenga 50 bakoraga imirimo itandukanye aribo byamenyekanye ko baburiwe irengero, naho abagera kuri 12 bahasiga ubuzima. Umusozi waridutse ni uwo […]
Umwaka ushize Uganda yakiriye impunzi zisaga ibihumbi 130
Uganda ni cyo gihugu cya mbere muri Afrika gicumbikiye impunzi nyinshi ku buryo mu mwaka ushize wonyine, yakiriye abarenga 130,000. Akenshi baba bahunga intambara muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, Sudani, Sudani y’Epfo, na Somaliya.Ubwinshi bw’izi mpunzi butuma ibihugu bitandukanye bitanga inkunga kugirango irengere izi mpunzi. Leta zunze ubumwe z’Amerika iherutse gutanga inkunga y’inyongera y’amadolari […]