Amarante: ibyo kurya byiza cyane ku bana (AMARANTE GRAINE)

Umuyobozi Mukuru wa Hope Family LTD Madame Rutunda Bibiche aravuga ko Amarante (Imbwija) ari ikiribwa cy’ingirakamaro ku bana. Ibi ni ibyo yabwiye Bwiza.com Ibiryo umwana arya bigira ingaruka ku mikorere ye ku ishuri, niyo mpamvu buri mubyeyi yakagombye gushishoza mu guhitamo ubwoko bw’ibiribwa agaburira umwana we. Madame Rutunda Bibiche ati “Ushobora kugaburira umwana ibiryo bihenze, […]

Abazunguzayi bakorera mu nkengero z’ isoko rya Gicumbi bararira ayo kwarika bemeza ko basora ariko bakirukanwa mu isoko

Bamwe mu bacuruziza mu nkengero y’ isoko rya Kijyambere rya Gicumbi bazwi ku izina ry’ Abazunguzayi baravuga ko basora amafaranga 200 bita imisoro yashyizweho ariko ngo ntibarenza saa yine z’ amanywa kuko inzego zicunga umutekano muri iri soko zibashushubikana ndetse n’ ibicuruzwa byabo bigafatirwa. Uku gushushubikanwa kandi batanga umusoro nibyo bituma basaba ubuyobozi bw’ akarere […]

Abantu 2 mu maboko ya polisi bazira ibura ry’umuriro kuri stade ya Huye

Polisi y’u Rwanda iravuga ko yataye muri yombi abantu babiri bakekwaho kugira uruhare mu ibura ry’amashanyarazi kuri stade ya Huye bigatuma umupira uhagaragara inshuro 2. Mu minota ibanza y’umukino wahuzaga Cameroun na Ethiopie umuriro kuri stade Huye wabuze iminota itatu. Uyu muriro wongeye nanone kubura ku munota wa 36 umara iminota 12 utaraboneka. Byari byavuzwe […]