Leonce Ngendakumana yunze mu rya Bagaza J.Baptiste, ko abasirikare ibihumbi 5 ba UA bakwiye kwinjira ku ngufu
Mu gihe Leta y’u Burundi ikomeje gutsimbarara yanga ko ingabo za UA zoherezwa mu gihugu guhagarika ubwicanyi, bamwe mu banyapolitiki mu Burundi bakomeje gusaba izi ngabo kuza vuba ndetse ko bidakwiye ko zizategereza umunsi Leta y’u Burundi izaba yazemereye, ko zikenewe cyane ngo zihagarike ubwicanyi. Ibi byashimangiwe na Leonce Ngendakumana, Umuyobozi w’ishyaka ADC Ikibiri, uvuga […]
Muhanga: Abagize urwego rwa DASSO barijujutira kwamburwa amapeti bari barambitswe
Bamwe mu bagize urwego rwa DASSO (District Administration Security Support Organ ) mu karere ka Muhanga bagaragaje ko bababajwe cyane no kwamburwa amapeti bari barambitswe umwaka ushize. Aba bagize uru rwego, batangaje ko bahamagawe n’ubuyobozi bw’akarere, bahageze bamburwa amapeti bari barahawe, akarere kayabambuye kakaba karabatangarije ko ari amabwiriza kahawe na Minisitiri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC). Mugengana […]
Mukobwa/mugore dore ibyo ugomba kwitaho mu gihe wakoze imibonano mpuzabitsina bwa mbere
Mugore, mu gihe warushinze wageze mu rwawe birashoboKa ko bitakoroheye ko wakoze imibonano mpuzabitsina bwa mbere, ariko nyine niko zubakwa, ugomba kumenya uburyo witwararikamo ndetse n’ibyo ugomba kugirango urusheho kunezeza uwo mwarwubakanye. Dore ibyo usabwa -Nyuma yo guhuza ibitsina bwa mbere ushobora kumva ushimishijwe no kuba wabikoze, ushobora kumva se wiyandaritse ariko sibyo nta muntu […]
Ntibisanzwe:Nubwo akiri ingaragu Uzabakiriho Etienne yahawe inshingano yo kuyobora Amajyaruguru nka Bishop -AMAFOTO
ku munsi wejo mu mujyi wa Kigali nibwo itorero EPEMR ryimitse ryatanze inshingano ku Abadiyakoni,aba Pasiteri,Abavugabutumwa ndetse n’aba Bishop 2 harimo nuyu Uzabakiriho Etienne ukiri ingaragu iki kikaba ari ikintu kitamenyerewe kubona umuntu w’umusore agera ku inshingano ya Bishop. uyu muhango wabereye mu Karere Ka Gasabo ku Kimironko wari witabiriwe n’imiryango yaba bahawe inshingano watangijwe […]
Umwana yavutse afite umutwe utuzuye n’amaso ameze nkay’igikeri- REMA AMAFOTO
Uyu mwana yavukiye mu gihugu cy’u Buhinde, avukira mu bitaro “ Sai Nursing Home clinic” biherereye mu majyaruguru y’Ubuhinde. Savita Rani w’imyaka 32 y’amavuko niwe wibarutse uyu mwana wari utangaje, akaba yaramubyaye neza atabazwe, kuwa kabiri tariki tariki ya 19 Mutaram 2016. Nk’uko byatangajwe na Dailymail, ngo uyu mwana wari wavutse atangaje, nyuma y’iminsi ibiri […]
Umuriro ushobora kwaka hagati ya Burkina Faso na Cote d’Ivoire, ibifaru byashyizwe ku mipaka
Ubwumvikane buke hagati y’ibihugu byombi butangiye kugaragara nyuma yaho abahoze mu gisirikare cya Burkina Faso bagabiye ibitero kuri iki gihugu, bakabigaba ahasanzwe hazwi ko ariho habikwa ibikoresho bya gisirikare, ubu bikaba bicyekwa ko Cote d’Ivoire ibifitemo uruhare. Ibi bitero byagabwe ku muhanda Kwame M’Kruman mu gace ka Yimdi bikaba bitangazwa ko ibyo bitero byagabwe n’abahoze […]
Abana barasabwa kugenda banywera amata mu nzira aho kuyagemura batazi uko asa-Hon Gatabazi JMV
Nyuma y’ igihe kirekire mu karere ka Gicumbi kari mu ntara y’ Amajyaruguru hagaragara ikibazo cy’ imirire mibi kandi aka karere kaza mu turere twa mbere mu gihugu mu dufite umukamo mwinshi , ubu ubuyobozi bwafashe umwanzuro w’ uko abana bagiye gushishikarizwa kujya bagenda banywera amata mu nzira aho kuyageza aho bayagemura dore ko akenshi […]
Indimi 5 zo kuryoherwa n’urukundo ukageza no mu zabukuru
Ubundi muri kamere muntu habamo amarangamutima ( Emotion ) ariyo amutera kubona umuntu mugenzi we akumva aramukunze ibi bikagenda bikura kugezaubwo abakundana biyemeza kubana. Nyamara ariko muri iki gihe n’ingo nyinshi zigenda zisenyuka nyuma y’igihe gito zimaze zishinzwe. Rimwe na rimwe ugasanga impamvu zitumye zisenyuka idasobanutse. Kugira ngo rero mubashe kugira urukundo ruzira icyaruhungabanya ni […]