Burundi: Minisitiri w’ingabo araburira abasirikare bagitekereza guhirika ubutegetsi ababwira ko bacira kuko birura

Abaminisitiri batatu barebwa n’ibibazo bimaze iminsi byibasiye igihugu cy’u Burundi, barimo uw’ingabo, uw’ububanyi n’amahanga n’uw’umutekano, kuri uyu wa Kane tariki 18 Gashyantare bitabye Inteko Ishinga Amategeko bahatwa ibibazo bitandukanye bireba minisiteri bayoboye. Minisitiri w’umutekano w’u Burundi, Alain Guillaume Bunyoni yavuze ko mu mwaka wa 2015 hafashwe imbunda nini 22, imbunda zisanzwe 643, imbunda nto za […]

Ibintu 3 byatuma uhorana amenyo y’urwererane

Mu gihe abantu benshi bibaza icyo bakora kugirango barengere amenyo yabo yahindanye kandi badasiba kuyoza. Bakabona hari ibara rigenda riza ku menyo yabo, urubuga, www.bwiza.com, nyuma yo kuganira n’abaganga banyuranye ndetse no gusoma ibitabo binyuranye by’ubuzima, yabazaniye igisubizo, hari icyo wakora amenyo yawe agasubirana ibara ryayo ry’umwimerere, ibara ry’umweru. Menya n’ibi. Usanzwe ukoresha umuti w’amenyo […]

Amahano: Umugore agiye gushakana n’umwana we

Nyuma y’aho apfakariye kandi akaba adashaka kurongorwa n’abavandimwe b’uwahoze ari umugabo we, Betty Mbereko wyafashe icyemezo cyo kuzashyingiranwa n’umwana we yibyariye w’imyaka 23. Betty Mbereko ni umugore wemeje ko ari mu rukundo n’umwana we w’umuhungu kandi ko bari hafi yo gukora ubukwe Nyuma yo kuba anatwite inda y’amezi atandatu y’uyu muhungu we! Uyu mugore wo […]

Kuvunika kwa Rooney gushobora gusiga umutoza Louis Van Gaal mu manzaganya

Icyamamare mu mupira w’amaguru Wayne Rooney ukomoka mu Bwongereza mu gihe bivugwa ko uyu musore atazongera kugaragara mu kibuga mbere y’ibyumweru 6, nyuma yo kuvunika mu mukino wahuje Manchester United na Sunderland mu mpera z’icyumweru gishize, ibi ngo bishobora gusiga umutoza Van Gaal mu manzaganya. Umutoza Van Gaal avuga ko Kapiteni Rooney n’ubwo bwose yavunitse […]

Umupadiri uzwi muri Nigeria yafashwe asambanya umugore w’abandi

Umugabo wo mu gihugu cya Nigeria yakubiswe n’inkuba ubwo yasangaga umupadiri uzwi muri Nigeria amusambanyiriza umugore mu cyumba cyo mu nzu yabo. Vitalis Okere wo mu mujyi wa Lagos avuga ko yatashye kare avuye ku kazi umunsi umwe mu cyumweru gishize, agasanga umupadiri witwa Victor ari gusambana n’umugore we witwa Chidinma. Uyu muryango usanzwe ufitanye […]

Burundi :Uwateye Grenade muri Gare du Nord yatawe muri yombi

Umuturage wateye grenade muri gare izwi nka gare du nord yahise atabwa muri yombi n ’ abaturage ubwo yashakaga gutoroka. Iyi grenade yatewe umwe mu bakozi ba Sena y ’ u Burundi wigeze kuba umunyamakuru wa RPA ariko ntiyamufata ahubwo ikomeretsa abari mu modoka ye. Mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu […]

Abanyeshuri 89.2% barangije amashuri yisumbuye nibo batsinze ikizamini cya leta

Amanota y’abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye mu 2015 yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane na Minisiteri y’uburezi aragaragaza ko abanyeshuri 89.2% bangana n’60,455 mu banyeshuri 67,709 bakoze ikizamini, ari bo batsinze. Bwana Olivier Rwamukwaya, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi Ushinzwe Amashuri Abanza n’ayisumbuye, yasobanuye ko muri abo banyeshuri bakoze ibizamini bari mu byiciro bitatu: Icy’bakoze […]

Uganda: Abantu 80 bamaze gutabwa muri yombi bazira ibyaha bifitanye isano n’amatora

Abantu bagera kuri 80 mu gihugu cya Uganda bamaze gutabwa muri yombi n’igipolisi bazira ibyaha bifitanye isano n’amatora ya perezida yatangiye kuri uyu wa Kane tariki 18 Gashyantare 2016, ibyaha birimo n’ibyo kugerageza guha ruswa abatora. Abakekwa batawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane basanzwe mu busitani bwa Bamukade buherereye ahitwa Kireka […]

Umuzimu wa Steven Kanumba ngo waba umereye nabi Ray Kigosi

Nyuma y’imyaka irenga 4 umukinnyi wa filimi wamamaye mu gihugu cya Tanzania, Steven Kanumba yitabye Imana, na n’ubu abakunzi ba filimi muri Tanzania n’abari abafana be baracyaha agaciro ibyo yasize akoze. Ibi bikaba bituma aba bakunzi ba Kanumba bavuga ko uwo basaga nk’abari ku rugero rumwe, Ray Kigosi, yananiwe kurenza aho Kanumba yari agejeje sinema […]

USA: intambara yo guterana amagambo irarimbanyije hagati yaTrump na Obama

Perezida Obama yanenze Donald Trump kuba nta bushobozi afite bwo kuyobora Amerika ari nayo mpamvu atazapfa atowe ku mwanya wo kuyobora iki gihugu cy’igihangange. Hagati aho Trump nawe yanze kuripfana ahita asubiza Perezida Obama ko ababajwe no kuba yanenzwe na Perezida udashoboye w’umunebwe. Prezida wa Amerika Barack Obama yavuze ko azi neza ko Donald Trump, […]

Khloe Kardashian yivuyemo avuga ko asakuza iyo arimo gukora imibonano mpuzabitsina

Icyamamare Khloe Kardashian umenyerewe mu bijyanye no kumurika imideli akaba ari na murumuna wa Kim Kardashian umugore wa Kanye West yahishuye ukuri kwe yemeza ko iyo akora imibonano mpuzabitsina avuza induru bitewe n’umunezero abonera muri icyo gikorwa. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Dailymail dukesha iyi nkuru, uyu mugore w’imyaka 31 y’amavuko ngo abona ko umugore udasakuza ari […]

Uwari Gitifu wa GMO yitabye Imana

Niwemfura Aquiline usanzwe ari umunyamabanga Nshingwabikorwa w’urwego rushinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu Rwanda ( Gender Monitoring office — GMO) yaraye yitabye Imana azize indwara. Urubuga rwa Twitter rwa GMO ruremeza aya makuru rukavuga ko nyakwigendera asanzwe ari umunyamurava kandi ko bazahora bamwibuka. Niwemfura yitabye imana ku wa Kabiri tariki ya 16 Gashyantare 2016, azize […]

Nyakwigendera Boutros Ghali yaba yaragize uruhare mu guha intwaro ubutegetsi bwakoze jenoside

Nyakwigendera Boutros Boutros – Ghali wari UMunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye mu gihe cya Jenoside, akaba aherutse kwitaba Imana, ngo yaba yaragize uruhare rukomeye mu guha intwaro ubutegetsi bwashyize mu bikorwa Jenoside Yakorewe Abatutsi mu 1994. Ubwo yari akiri minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Misiri, Boutros-Ghali yoroheje amasezerano yo guha u Rwanda ibikoresho bya gisirikare mu 1990, […]

Uganda: Abagande basaga miliyoni 15 bazinduwe no kwitorera perezida

Miliyoni 15,277,196 z’abiyandikishije nk’abazatora umukuru w’igihugu muri Uganda kuri uyu wa kane tariki 18 Gashyantare baramukiye ku biro by’itora bigera ku 28,010 hirya no hino mu gihugu, aho guhera ku isaha ya saa moya za mugitondo batangiye gutora bikarangira saa kumi z’umugoroba nk’uko tubikesha Daily Monitor. Abakandida 8 nibo bahatanira kuyobora Uganda, aho kimwe cya […]

Buhorobuhoro uzamura ukamuanura, ni uburyo bworoshye umugabo utazi kunyaza yakoresha umugore akanyara neza

Abagabo benshi bakunda kuvuga ngo hari abagore batanyara kandi atariko bimeze ahubwo akaba ari abagabo batazi gutunganya neza abo bagore. Hifashishijwe abashakashatsi ndetse n’impuguke mu bujyanye n’imibonano mpuzabitsina bavugako hari uburyo umugabo yanyaza umugore we bitamugoye. Umugabo uri kunyaza arinda igitsina cye kugwa, ndetse akamenya neza igihe umugore we arangiriza kuko bifasha kumenya nawe ukuntu […]

Polisi iributsa kurinda no kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana nyuma y'aho umubyeyi abyaye akajugunya umwana

Yitwa umwana, umuntu wese utarengeje imyaka 18 y’amavuko. Mu burenganzira bwe harimo ubwo kubaho, kwiga, kwandikishwa avutse, kandi bigakorwa ku gihe, kuvuzwa, kumenya ababyeyi be, kurindwa ivangurwa, gushimutwa no gucuruzwa, kugaragaza igitekerezo, n’uburenganzira bwo kuruhuka ndetse no kwidagadura. Nubwo Polisi y’u Rwanda idahwema gukangurira abaturarwanda kubahiriza uburenganzira bw’abana, hari ababirengaho bakabakorera ihohoterwa ritandukanye. Urugero ni […]

Inkima yivuganye inzoka ibanje kuyikura amenyo- REBA AMAFOTO

Nk’uko bimenyerewe ko ibikururanda bikunze kuba bitinyitse, gusa si ko bimeze mu gihugu cya Namibia aho muri Pariki ya Etosha inkima yihereranye inzoka irayica ariko ibanje kuyikura amanyo. Nk’uko bitangazwa na Dailymail, ibyo byabereye mu gihugu cya Namibia aho inkima yaje yegera inzoka yari iri mu giti gahoro gahoro iyijya ku mugongo, mu gihe inzoka […]

Ingabo za EASF zirimo n’iz’u Rwanda ziteguye kwifatanya n’iza AU zikajya gutabara u Burundi

Mu gihe Leta y’u Burundi ivuga ko idakeneye ingabo za UA (union Africain) zo kujya guhagarikayo ubwicanyi bwa hato na hato bukomeje kugaragara mu duce dutandukanye, ubuyobozi bw’ingabo za EASF (The Eastern African Standby Force) zirimo n’iz’u Rwanda bwatangaje ko bwiteguye kwifatanya n’iza UA mu kujya gutabara abarundi mu gihe Leta yabo izaba yabyifuje. Umuyobozi […]

Kampala: Igisasu cyaturikiye hafi y’ishuri gihitana umwana umwe abandi 8 barakomereka

Umwana w’umuhungu w’imyaka 12 witwa Sam Lukemba, kuri uyu wa Gatatu yakomerekejwe bikomeye n’igisasu bimuviramo gupfa ubwo yari ku kibuga cy’imikino cya Mengo imbere ya Lubiri Palace muri Kampala, bikaba bikekwa ko icyo gisasu cyari gitabye nk’uko bitangazwa n’igipolisi mu itangazo cyashyize ahagaragara. Ibi bintu bikaba byabaye bucya Abagande bajya mu matora ya perezida kuri […]

U Burundi na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo byahagurukiye rimwe bijya kurega u Rwanda muri Loni

Ibihugu by’u Burundi na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo byasabye Akanama k’Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye gukurikirana u Rwanda, birushinja gutoza Abarundi igisirikare ngo bajye guhungabanya umutekano nk’uko ibaruwa yashyikirijwe aka kanama kuri uyu wa Gatatu ivuga. Ambasaderi w’u Burundi muri Loni, Albert Shingiro, yasabye ko hahita hatumizwa n’inama y’igitaraganya y’aka kanama hagafatwa ingamba zikwiye kugirango leta […]

Abadepite bagiye kujya bagenzura amashuri makuru na za kaminuza

Ibisobanuro bya Minisitiri w’Uburezi, Dr.Papias Malimba byatumye Abadepite Komisiyo ishinzwe uburezi n’ikoranabuhanga mu Nteko Ishinga Amategeko biyemeza kugenzura amashuri makuru na Kaminuza, ngo hatazagira abongera kubwirwa ko batize amasomo yose kandi barahawe impamyabumenyi. Ibyo abo Badepite babivuze kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Gashyantare, ubwo Minisitiri w’Uburezi yari yaje gusobanura ikibazo cy’abanyeshuri barangije mu […]

Police FC yatsinze Espoir 3-1

Kuri uyu wa gatatu taliki ya 17 Gashyantare 2016, ku kibuga cy’imikino cya Kicukiro habereye umukino wo ku munsi wa cumi n’umwe wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda. Uyu mukino wahuje Police FC na Espoir. Uyu mukino wari ishiraniro ku mpande zombi, ukaba watangiye ikipe ya Police FC irusha Espoir cyane cyane mu bakinnyi bo […]

Abatwara ibinyabiziga bibukijwe kubahiriza amategeko y’umuhanda

Polisi y’u Rwanda iributsa abatwara ibinyabiziga n’abandi bakoresha umuhanda kubahiriza amabwiriza n’amategeko ajyanye no kugenda mu muhanda no kuwutwaramo ibinyabiziga. Superintendent of Police (SP) Jean Marie Vianney Ndushabandi,Umuvugizi w’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kubungabunga umutekano wo mu muhanda yabivuze ku itariki ya 16 Gashyantare 2016, nyuma y’uko habayeho impanuka 6 mu gihugu hose tariki […]