Burundi: Abasirikare (EX FAB) ngo bahigiwe kwicwa bagashira
Mu gihe hari amakuru amaze iminsi acicikana mu bitangazamakuru ko inzego z’umutekano mu Burundi zifite umugambi wo kwica zikamara abahoze mu gisirikare cy’u Burundi mbere y’amasezerano y’i Arusha yo guhuza igisirikare kikaba kimwe, amasezerano yo mu mwaka wa 2000, izi nzego z’umutekano zabihakanye. Mu itangazo ryashyizwe hanze na polisi nyuma y’iyicwa rya Col. Rufyiri Lucien […]