Darfur: Icyicaro cya UNAMID muri El Fasher kibasiwe n’inkongi ikomeye y’umuriro
Inkongi y’umuriro ikomeye kuri uyu wa Gatanu yibasiye ibiro bikuru by’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye muri Darfur, zibarizwa mu kiswe UNAMID mu magambo ahinnye y’Icyongereza. Ibibatsi by’umuriro n’imyotsi myinshi byagaragaraga bizamuka mu birometero bicye uvuye kuri ibi biro biherereye mu majyaruguru ya leta ya Darfur ahitwa El Fasher. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abashinzwe kuzimya umuriro muri izi ngabo z’Umuryango […]
N’ubwo yumva ubuzima bwe bwose yabuharira football, C.Ronaldo ngo ashobora no kuzakina film
Cristiano Ronaldo, umusore w’imyaka 31 y’amavuko ukomoka muri Portugal akaba akinira ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne, yatangaje ko inzozi ze ari ruhago ariko ko na cinema imuzamo cyane. Aganira nikinyamakuru “Four Four Two”, Ronaldo yagize ati: “Ubuzima bwanjye, numva nabuharira ruhago”. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] N’ubwo avuga ko yumva yazaguma mu ruhando rwa ruhago akaba […]
Perezida Museveni yavuze ko yamenye Imana kera kandi ayishimira ubufasha imuha – AMAFOTO
Perezida Museveni n’umufasha we, Janet Museveni kuri uyu wa Gatanu bakiriye mu ngoro y’umukuru w’igihugu, i Entebbe, ibirori ngarukamwaka byo gushimira Imana ibyo yakoreye igihugu bizwi nka Thanks Giving . Mu byo basengeye muri uyu mwaka utaha hakaba harimo gukomeza kubona amahoro no gukomeza ibyagezweho mu mwaka ushize. Mu ijambo yavugiye muri uwo muhango, perezida […]
Ese nzizere uwuhe mukobwa/mugore, ko bose bahemuka kimwe? (Ubuhamya)
Nitwa Claude Umwizerwa, muri iki gitangazamakuru nabonye hari abahasaba inama, none nanjye ndatekereza ku byambayeho, nkumva ngomba gufata ingamba aliko na none ngakenera n’ibitekerezo by’abandi aliko byubaka, n’ubwo nabonye rimwe na rimwe hataburamo n’ibiba bidahwitse, bivuga ko nabyo bigomba gusomanwa ubushishozi igihe byakugezeho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri make ngeze mu myaka 38, nari nigeze umugore mu […]
Imyitozo idasanzwe y’abasirikare(commandos) ba Tanzania-REBA AMAFOTO
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 9 Ukuboza 2016, nibwo igihugu cya Tanzania kizihizaga isabukuru y’imyaka 55 kimaze kibonye ubwigenge, muri ibi birori abasirikare kabuharwe (commandos) beretse umukuru w’igihugu urwego bagezeho mu myitozo. Imbere ya Perezida,John Pombe Joseph Magufuli n’imbaga y’abaturage ba Tanzania n’abatumirwa, aba basirikare bakaba barakoze imyitozo y’imbaraga, benshi bajyaga babona muri za […]
Ngororero:Inzererezi n’inkorabusa ziratungwa agatoki mu kwiba no kuyogoza imirima y'abaturage
Ubujura bukabije n’ubukene mu Karere ka Ngororero bukomeje gutera abaturage ngo burakururwa n’abirirwa banywa ibiyoga by’ibikorano n’itabi barangiza bakahuka imirima n’amazu bya bagenzi babo bakiba. Mu kiganiro na bwiza.com, abaturage bo mu Karere Kangororero bavuze ko bahangayikishijwe n’ubujura bukomeje kwiyongera umusubirizo aho abajura birara mu mirima y’abaturage n’amazu bakabacucura ibyabo, Sarah Mukarukaka utuye mu murenge […]
Mu myaka 20 ibayeho Chorale Elayono igiye gushimira Imana yabaguye
Chorale Elayono yo kuri ADEPR Remera yateguye igiterane cy’iminsi ibiri cyo gushimira Imana kubw’ibyo imaze kugeraho mu myaka 20 imaze ikora umurimo w’Imana no kwaguka bakuva ku baririmbi 12 bayitangije bakaba bageze 160 ndetse n’ibikubiye mu masezerano Imana yabahaye guhera mu 1996 ubwo yavukaga. Korali Elayono yatangiye ku gitekerezo cy’urubyiruko rw’abasore n’inkumi ari 12, bumvaga […]
Gakenke: Inzego zitandukanye zahuguwe ku itegeko rigenga kubona no gutanga amakuru
Nyuma y’aho Guverinoma y’u Rwanda ishyiriyeho amategeko y’itangazamakuru rivuguruye, hateganywa uburyo ubumenyi bwaryo bwasakazwa ku nzego zose, Ikigo cy’igihugu cy’Imiyoborere RGB gikomeje guhugura abantu bo mu nzego zitandukanye ku kijyanye no kongera ubumenyi ku itegeko rirebana no kubona amakuru n’andi mavugurura yabaye mu itangazamakuru ryo mu Rwanda. Ibi bikaba bikorwa mu gihe hakigaragara ko Abanyarwanda […]
CIA yemeje ko u Burusiya bwagize uruhare mu itorwa rya Donald Trump
Ikigo cy’ubutasi cy’Abanyamerika, CIA, cyanzuye ko mu iperereza cyakoze cyasanze u Burusiya bwaragize uruhare mu gutuma Donald Trump atsinda amatora ya 2016 usibye no kuba ngo bwarashatse kugaragaza isura mbi y’imigendekere y’amatora muri Amerika gusa nk’uko byatangajwe n’abayobozi babajijwe kuri iki kibazo. CIA ivuga ko yamenye abantu bafite aho bahuriye na Guverinoma y’u Burusiya bahaye […]
Kirehe: Abaturage basabwe kwirinda no kugira uruhare mu gukumira ibyaha
Abaturage bo mu karere ka Kirehe, basabwe kwirinda ibikorwa byose binyuranije n’amategeko, kandi bakagira uruhare mu kubikumira no kubirwanya. Ubu butumwa bwatanzwe ku wa 8 Ukuboza n’ushinzwe ubufatanye bwa Polisi n’abaturage muri aka karere, Inspector of Police(IP) Gahigi Harerimana mu nama bagiranye n’abaturage basaga 200 bo mu kagari ka Ruhanga, ho mu murenge wa Kigina. […]
Ku myaka 36, ni umugore upima ibiro 500- REBA AMAFOTO
Eman Ahmed Abd El Aty w’imyaka 36, ukomoka mu Misiri afite ibiro 500, ku buryo bikekwa ko yaba ari mu bantu ba mbere babyibushye ku isi. Uyu mugore ngo agomba kuzajyanwa mu Buhinde kubagwa ngo barebe ko umubyibuho we wagabanyuka, indege izava Mumbai niyo yari itegerejwe kumutwara. Nk’uko BBC yari yabitangaje, ngo ambasade y’Ubuhinde i […]
Gambia: Yahya Jammeh yisubiye yanga ibyavuye mu matora asaba ko yasubirwamo
Perezida wa Gambia wari uherutse kwemera ko yatsinzwe amatora mu cyumweru gishize, yisubiyeho avuga ko atemera ibyayavuyemo, nyamara yari yitangarije ko yemera ko yatsinzwe ndetse agiye kurekura ubutegetsi. Perezida Yahya Jammeh wari amaze imyaka 22 ku butegetsi , kuri uyu wa Gatanu yavugiye kuri televiziyo y’igihugu ko yifuza ko amatora yasubirwamo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibyo yatangaje […]
Burundi: CNARED yasabye umuhuza Mkapa kwegura Loni ikamusimbura
Icyizere cyo kongera guhuriza Abarundi mu biganiro cyongeye gusubira inyuma kuri uyu wa gatanu nyuma y’aho abatavuga rumwe n’ubutegetsi mu bashinjije umuhuza Benjamin Mkapa kubogamira kuri guverinoma ya Nkurunziza yemera ko iriho mu buryo bwemewe n’amategeko. Kuva Mkapa yahabwa inshingano zo koroshya ibiganiro by’amahoro hagati y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi na guverinoma y’u Burundi muri Werurwe, yananiwe […]
Gicumbi: Hafashwe abagabo 4 bakekwako ubujura no gucuruza ibiyobyabwenge
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gicumbi yafashe abagabo bane bakekwabo kuba mu bagize agatsiko k’abacuruzi b’ibiyobyabwenge n’abajura. Bafashwe mu mukwabu wakozwe na Polisi y’u Rwanda mu ijoro ryo kuwa kane ushize tariki ya 8 Ukuboza. Babiri muri abo bafashwe ni Hafashimana Etienne na mugenzi we witwa Nsanzamahoro; bivugwa ko bari barazengereje abaturage ku […]
Kigali: Abakomiseri bacyuye igihe muri CNLG bahererekanyije ububasha n’abashya
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 9 Ukuboza, ku cyicaro cya Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) habereye umuhango wo guhererekanya ububasha hagati y’inama y’Abakomiseri icyuye igihe n’inama y’Abakomiseri nshya yashyizweho n’inama y’Abaminisitiri yo kuwa 11 Ugushyingo 2016. Dr John Rutayisire wari perezida w’inama y’Abakomiseri icyuye igihe yasobanuriye Abakomiseri bashya ibyagezweho ndetse n’inzitizi bagiye bahura […]
Perezida Kagame yahaye imbabazi abakobwa n’abagore bahaniwe icyaha cyo gukuramo inda
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 09 Ukuboza 2016, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME akaba yamenyesheje Inama y’Abaminisitiri ko yahaye imbabazi abakobwa n’abagore bahaniwe icyaha cyo gukuramo inda, imanza zabo zikaba zarabaye itegeko n’abana bakatiwe bafite munsi y’imyaka 16, imanza zabo zikaba zarabaye itegeko, bose hamwe […]