Nyagatare: Babiri bakurikiranyweho kuniga no gutera icyuma umuntu bakanamwiba moto
 Abagabo babiri barimo uwitwa Nisingizwe Jean d’Amour ufite imyaka 29 y’amavuko na Kanani Jean Bosco ufite imyaka 40 y’amavuko bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Mimuri, mu karere ka Nyagatare bacyekwaho kwiba moto y’umwe mu bakora umurimo wo gutwara abagenzi kuri moto (Umumotari) witwa Kabeza Feneas nyuma kumuniga no kumutera icyuma mu gatuza. [xyz-ihs […]
Kenya: Abasaga 10 baguye mu mirwano hagati y'abashumba n’abantu bitwaje intwaro
Imirwano ikaze hagati y’abashumba bashakisha aho kuragira amatungo yabo n’agatsiko k’abitwaje intwaro mu gihugu cya Kenya yahitanye abasaga 10 mu gihe abandi benshi bakomerekeye mu mirwano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Charles Ontita, ushinzwe umutekano muri kariya gace ka Isiolo yemeje uru rupfu rw’aba bantu avuga ko agatsiko k’abitwaje intwaro bo muri aka gace ka Isiolo ndetse n’abashumba […]
Sudani y’Epfo: Abaturage baricwa n’inzara, leta nayo igura intwaro ku bwinshi
Umuryango w’Abibumbye uratangaza ko ibintu bikomeje kudogera muri leta ya Sudani y’Epfo kubera ikibazo cy’inzara yibasiye abaturage bo muri kiriya gihugu hakiyongeraho n’umutekano mucye ariko leta ya Salva Kiir yo ikaba itabikozwa ahubwo iri kwigurira ibirwanisho. Uyu muryango utangaza ko kugeza ubu intwaro zitandukanye zikomeje kwinjizwa mu gihugu ziguzwe ibikomoka kuri peteroli no mubindi bikorwa […]
Bugesera: Nta gikozwe mu maguru mashya, imibiri ishyinguye mu rwibutso yakwangirika igashira
Urwibutso rwa Jenoside rwo mu ntara y’Uburasirazuba mu karere ka Bugesera rushyinguyemo abasaga ibihumbi 40. Gusa hari impungenge ko mu gihe nta gikozwe, iyi mibiri ishobora kwangirika igashira kuko n’ubundi byatangiye. Iri yangirika ry’imiriri ishyinguye muri uru rwibutso rikaba ryaratewe kutitabwaho kwayo, aho ubukonje ndetse n’ubuhehere bukabije ari bimwe mu biyangiza bityo hakaba hari impungenge […]
Nahimana Thomas yabajijwe impamvu yashyize Ingabire Victoire muri Guverinoma ye atabanje kumubaza
Mu kwezi gushize nibwo Padiri Nahimana Thomas yatangaje ku mugaragaro ko yashinze Guverinoma nshya, ikorera mu buhunzi ikaba irwanya Leta y’u Rwanda. Nahimana Thomas ni we Perezida wiyo Guverinoma ndetse anashyira mu myanya abandi bayobozi barimo n’abafungiye i Kigali. Nahimana yafashe Ingabire Victoire na Deogratias Mushayidi abagira abaminisitiri muri Guverinoma ye. Mu kiganiro yagiranye n’intangazamakuru […]
Dore Inkingi 7 zagufasha kurambagiza uwo muzubakana urugo- Bishop Papias
Itang 2:18 Kandi uwiteka lmana iravuga iti “sibyiza ko uyu muntu aba wenyine reka muremere umufasha umukwiriye.”Gushyingirwa ni byo bibasha kureshya no guhindura ubugingo bwanyu muri iyi si. Umusore n’inkumi bifuza kurushinga, bagobye kwiyumvamo ko lmana ariyo ikwiriye kubahitiramo.Mwiha cyane agaciro abaranga, kuko umuranga nyakuri ni *umwuka wera*niwe utabeshya.Abagamije gushyingirwa bakwiye kuzirikana ingeso n’imimerere y’urugo […]
Umupasiteri akoresha igitsina cye akura amashitani mu bagore
Uwiyita umukozi w’Imana, Huang Jianjun ukomoka mu mujyi wa Guangzhou mu gihugu cy;uBushinwa aravugwaho umwihariko udasanzwe wo kuba yifashishije igitsina cye abasha kwirukana imizimu cyangwa ibindi yita amashitani mu bagore bafite ibibazo bitandukanye birimo n’ibyo kutabyara. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urubuga ivoirematin.com dukesha iyi nkuru ruvuga ko uyu mugabo ngo abantu biganjemo abagore n’abakobwa bafite ibibazo bitandukanye […]
Arsenal: Wenger yarase intsinzi anabura Alex Sanchez yizeraga
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Werurwe 2017, nibwo ikipe ya Arsenal yatsinzwe ibitego 3 na West-Bromwich. Uyu mukino utaje guhira ikipe ya Arsenal yatsinzwe 3 ifite kimwe, rutahizamu wayo Alex Sanchez, ntabwo yabashije kurangiza umukino dore ko ku munota wa 12 w’umukino yavunitse bikamuviramo kuva mu kibuga. Mu kiganiro Wenger […]
Juliana Kanyomozi mu gahinda yatewe n’urupfu rwa AIGP Felix Kaweesi
Nyuma y’urupfu rwa Andrew Felix Kaweesi, umuvugizi w’igipolisi cya Uganda, abantu batandukanye bagiye bagaragaza ko bababajwe n’urupfu rwe rwaje rutunguranye, abicishije ku rukuta rwe rwa Facebook, Juliana Kanyomozi nawe yagaragaje akababaro. Kanyomozi aragira ati: “Rimwe na rimwe hari igihe ibintu bitugora kubyakira nk’abana b’abantu, ariko Imana ijya ibasha bubona ibyo tutabasha kwibonera. Ntabwo izigera igusiga […]
Inzoka y’uruziramire yamize Ingeragere nyuma y’umurwano utoroshye (Amafoto)
Muri Afurika y’Epfo, hagaragaye inzoka nini yo mu bwoko bw’uruziramire imira ingeragere yoseyose ariko nyuma inanirwa kuva aho iri abantu bahita bayica. Jaco Kotze, umworozi wo mu gace ka Grobersdal, avuga ko yasanze iyi nzoka mu rwuri rwe aho aragira amatungo yananiwe kuva aho iri agahamagara abandi bantu bakamufasha kuyihakura. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi nzoka ifite […]
Ni umukobwa w’imyaka 26, arashaka umukunzi
Mwaramutse neza? muri macye ndacyari umukobwa mfite 26ans,1,55m,Kgl,nkaba nkeneye umusore uzubwenge kdi w’imico myiza utagambiriye kuryoshya kuko sibyo nkeneye kuva kuri 30ans kdi wize byaba byiza nabura yarageze kaminuza.mfite byinshi byo kuvuga ariko uzanyemerera nzamubwira ibirenze ibi kuri mugrise@gmail.com Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter @Bwiza.com
U Bufaransa bukomeje gusabwa kugaragaza ukuri ku rupfu rwa Capt. Thomas Sankara
Nyuma y’imyaka isaga 30, uwahoze ari umukuru w’igihugu cya Burkina Faso, Sankara Thomas yishwe ndetse igihugu cy’u Bufaransa kigashinjwa kugira uruhare mu kumwivugana, umunyamategeko wo mu gihugu cy’u Bufaransa, Pouria Amirshahi yasabye ko iki kibazo ku rupfu rwe cyakongera kuburwa bagasubira mu bitabo bya kera bibitse amabanga ku rupfu rwe. Gusa biragoye kuba u Bufaransa […]
Nyaruguru: Umugabo afunzwe azira gufatanwa amasashi
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyaruguru iratangaza ko yafashe umugabo witwa Nyirimpuhwe JMV imusanganye amasashi atemewe gukoreshwa ya pulasitiki ibihumbi 32. Ubu afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Kibeho mu gihe iperereza rikomeje gukorwa. Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyaruguru Superintendent of Police (SP) Steven Gaga avuga ko uyu mugabo […]
Amwe mu magambo y’agahinda Col. Gaddafi yavuze bwa nyuma atakamba ngo ntiyicwe
Nyuma y’urupfu rwa Col Muammar Kadhafi, hari byinshi byagiye bitahurwa ndetse n’abamwishe bakigamba uburyo bamushinyaguriye, umwe mu basore bamurashe yarigambye ndetse anashyira hanze video ikubiyemo amwe mu magambo Kadhafi yavuze asaba imbabazi ariko biba iby’ubusa aricwa. Amwe muri ayo magambo ni aya: Ubwo bamusangaga aho yari yihishe mu mwobo yaratunguwe, aratangira agira ati: “Ntimurase, ntimurase, […]
Kirehe: Abaturage bibukijwe ko bafite uruhare runini mu kwicungira umutekano
Abaturage b’utugari twa Kagese na Cyambwe mu murenge wa Nasho ho mu karere ka Kirehe bagiranye inama n’ubuyobozi bw’aka karere ndetse na Polisi y’u Rwanda ihakorera, bibutswa ko bafite uruhare runini mu kwicungira umutekano cyane cyane batanga amakuru y’ikintu icyo aricyo cyose gishobora kuwuhungabanya. Ni ubutumwa bagejejweho ku itariki ya 15 Werurwe, mu gikorwa cyo […]