U Bufaransa: Emmanuel Macron yatsinze amatora y'Umukuru w'igihugu

Mu matora y’Umukuru w’igihugu mu Bufaransa yabayekuri uyu wa 7 Gicurasi 2017, umukandida Emmanuel Macron yatsindiye kuba Perezida w’u Bufaransa, akaba atsinze Marine Le Pen bari bahanganye ku majwi arenga 65 ku ijana. Imibare ya mbere igaragaza ko Macron w’imyaka 39 uyobora ihuriro En Marche abaye umukuru w’igihugu wa mbere muto mu mateka ugiye gutegeka […]

U Bufaransa: Ese hagati ya Macron na Le Pen ninde uri butsinde amatora?

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 7 Gicurasi 2017, abaturage bo hirya no hhino mu gihugu cy’u Bufaransa bazindukiye mu bikorwa by’amatora, aho bagomba guhitamo perezida mushya w’igihugu nyuma y’ibikorwa byo kwiyamamaza byateye impaka zikomeye mu gihugu ha gati ya Macron na Le Pen. Aya akaba aria amatora y’umukuru w’igihugu mu cyiciro cya kabiri yatgiye […]

Kigali: Igikorwa cy’Abasukuti cyatanze ubutumwa ku bigisha amateka ya jenoside

Jenoside yakorewe Abatutsi yabaye ku manywa y’ihangu, ku buryo ari ukuri abantu batandukanye bagakwiye kwigisha abandi, ababyeyi ku bana babo n’abarezi ku banyeshuri, bikarinda bamwe kugoreka ukuri kwayo. Abana ariko nibo bafite ikibazo gikomeye cyo kumenya ukuri kw’iyo jenoside, cyane abavutse nyuma ya yo bagombye guhabwa ubwo bumenyi guhera mu mashuri abanza bakazamuka babuzi. [xyz-ihs […]

Tanzania: Perezida Magufuli yahumurije imiryango y’abana 29 baguye mu mpanuka

Perezida wa Tanzania Dr John Pombe yahumurije imiryango y’abana b’abanyeshuri basaga 29 bahitanywe n’impanuka y’imodoka kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 6 Gicurasi, abarimu babo 2 ndetse n’uwari utwaye imodoka ubwo bari bagiye mu bizamini bisoza. Ikinyamakuru jeunafrique kivuga ko iyi mpanuka yabereye mu karere ka Karatu gaherereye mu majyaruguru y’iki gihugu, Ibitangazamakuru bitandukanye muri […]

Muhanga: Umugabo yafatanywe Amayero 1300 y’amahimbano arimo kuyavunjisha

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Muhanga yafashe kandi ifunga umugabo witwa Nsengiyumva Modeste w’imyaka 32, afite amafaranga y’Amayero agera ku 1300 y’amahimbano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi wa Polisi w’umusigire mu karere ka Muhanga, Inspector of Police(IP) Claver Kayihura, Polisi yakiriye amakuru ihawe n’ubuyobozi bwa Banki imwe ikorera mu mujyi wa Muhanga, ko […]