Rubavu: Ifungurwa rya mayor wa Rubavu ryemejwe n’umwunganira mu mategeko gusa
Kuri uyu wa kabiri saa tatu za mu gitondo, nibwo byari biteganyijwe ko Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Sinamenye Jeremie yitaba Urukiko Rwisumbuye rwa Rubavu, kugirango aburanishwe ifungwa n’ifungurwa rye nyuma y’iminsi isaga umunani afunzwe akekwaho icyaha cyo kubangamira uburenganzira bw’umukandida mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe tariki 04 Kanama 2017 Ubwo abo mu muryango we, ndetse […]
Amerika yafatiye ibihano Perezida wa Venezuela kubera guhindura itegeko nshinga
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Prezida Nicolas Maduro wa Venezuela, nyuma uko hateguwe amatora atubahirije amategeko y’abadepite hagamijwe guhindura itegeko Nshinga. Ibihano iki gihugu cy’igihanganye cyafatiye uyu muyobozi birimo gufatira imitungo ye yose iri muri Amerika ndetse no kutongera kugira igikorwa na kimwe iki gihugu gikorana na we. Ni nyuma y’amatora yabaye muri […]
Abanyarwanda bari mu Burundi barye bari menge muri iyi minsi y’amatora
Amakuru yizewe agera kuri Bwiza.com aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko bamwe mu bagize urubyiruko rw’ishyaka CNDD bafatanyije n’inzego z’umutekano nk’igipolisi n’urwego rw’ubutasi, bamaze gufata icyemezo cyo kohereza ba maneko hafi ya ambasade y’u Rwanda muri iki gihugu bashinzwe kuzagenza Abanyarwanda bazitabira igikorwa cy’amatora, aho bivugwa ko bashobora no kugirirwa nabi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aya […]
Rwamagana: Imirambo y'abantu babiri baherutse kurohoma mu cyuzi yabonetse
Imiryango y’abasore babiri Kabandana Emmanuel na Bayavuge Maritini yari imaze iminsi itakamba isaba ubuyobozi kubafasha gushakisha imirambo y’abana babo baherutse kurohoma mu Cyuzi cya Kimpima. muri iki gitondo cyo kuwa kabiri, nibwo abaturage bahazindukiye basanga umurambo wa kabiri ureremba hejuru y’amazi. Ni nyuma y’aho hitabajwe Umunyagisakakazi wateyemo imiti ikazamuka. Kuri uyu wa mbere Bwiza.com igeze […]
Umugabo washinjwaga gusambanya akana k’imyaka 3 akakica yiciwe mu ruhame – Amafoto
Umugabo wo mu gihugu cya Yemen wahamijwe icyaha cyo gusambanya ku ngufu akana k’imyaka 3 akakica, kuri uyu wa Mbere yiciwe ku karubanda n’igipolisi mu murwa mukuru, Sanaa. Umupolisi wamwishe yamurashe amasasu atanu, ubwo uyu witwa Muhammad al-Maghrabi w’imyaka 41 yari yaryamishijwe hasi yahambirijwe amabok inyuma ipingu mu gikorwa cyabereye ku Rubuga rwa Tahrir nyuma […]
Umwana wa Bebe Cool w’imyaka 13 arakataje mu mikino
Umuhanzi wo mu gihugu cya Uganda Bebe Cool, abinyujije ku mbuga ze nkoranyambaga, yishimiye uburyo umwana we ari gutera imbere mu gukina umupira w’amaguru. Ssali Alpha Thierry niwe mwana wa BebeCool. We n’abandi bana bari bamaze iminsi mu mikino y’abatarengeje imyaka 15, yabereye mu Bwongereza, aho yafashije ikipe ye kwitwara neza ayitsindira ibitego 8 . […]
Uko umuhango wose wagenze Paul Kagame yiyamamaza muri Gicumbi-REBA AMAFOTO
Umukandida Paul Kagame ibikorwa byo kwiyamamaza ubwo yari abisoje mu murenge wa Cyumba yahise akomereza mu wa Rutare, yose ibarizwa mu karere ka Gicumbi, Intara y’Amajyaruguru . Kuva mu rukerera rwo ku wa 1 Kanama 2017, abaturage bagiye baturuka mu midugudu n’utugari two muri aka karere ko mu misozi miremire y’icyahoze cyitwa Byumba, bateraniye muri […]
Masoudi Djuma watozaga Rayon Sport yaba agiye kwerekeza muri Vitalo FC
Amakuru aturuka i Burundi mu ikipe ya Vitalo, aravuga ko uwahoze atoza ikipe ya Rayon Sport, Masoudi Djuma ari mu biganiro n’iyi kipe ngo abe yayibera umutoza. Masoudi yagiriye ibihe byiza mu ikipe ya Rayon Sport aho yayihesheje ibikombe 2, birimo icy’amahoro 2015/2016 ndetse n’icya shampiyona 2016/2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kwitwara neza kw’uyu mutoza byatumye yifuzwa […]
Umumotari watoye miliyoni 5,2frw y’umugenzi akayasubiza yahembwe moto
Umumotari uherutse gutora amafaranga miliyoni 5,2 akayasubiza umugenzi wari uyataye yahawe ishimwe rya moto ifite agaciro ka miliyoni 1.5RWf, yashyikirijwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura imikorere y’inzego z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA), kuri uyu wa mbere tariki ya 31 Nyakanga 2017. Nyuma yo gushyikirizwa moto, uyu mumotari witwa Ndayiramuje yishimiye icyo gihembo agira n’inama abamotari bagenzi […]
Burundi: Habaye imirwano ikomeye ku Kiyaga cya Rusizi
Mu Ntara ya Bubanza mu burengerazuba bw’u Burundi, abaturage bo muri Komini ya Gihanga mu nkengero z’ikiyaga cya Rusizi kiri mu ishyamba rya Rukoko, bazindukanye ubwoba bwinshi bitewe n’urusaku rw’imbunda rwumvikanaga ruturuka ku Kiyaga cya Rusizi ku mupaka w’u Burundi na Congo ndetse abakorera muri icyo gice bakaba batashoboye no gusohoka mu nzu. Iyi nkuru […]