Minisitiri w'ubuzima muri leta ya Perezida Trump yeguye
Perezida Donald Trump yakiriye urwandiko rwo gusezera yahawe na minisitiri w’ubuzima Tom Price, washinjwaga gukoresha nabi amafaranga yo mu kigega cya leta. Trump yavuze ko yababajwe n’ibyo bwana Price yakoze, ku bijyanye n’iyo micungire y’amafaranga. Umunyamakuru wa BBC uri mrui Aamerika , avuga ko ikoreshwa ry’indege zihenze z’abikorera minisitiri Price yakoresheje ajya mu bikorwa bya […]
Zari Hassan ufite abana 5 agiye kuboneza urubyaro
Zari Hassan ukunze kwiyita The Lady Boss, yatangaje ko agiye kuboneza urubyaro ku buryo atazongera kugira undi mwana abyara. Ibi yabitangaje ubwo yagiranaga ikiganiro na Cloud Fm ibintu byanatunguye abafana be hirya no hino nyuma yo kumva iki cyemezo cye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi bije bikurikira ibihuhwa byari hanze bivugwa n’abafana ko Zari yaba atwite undi […]
Amerika mu nzira z'ibiganiro na Korea ya Ruguru
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Let Zunze Ubumwe za Amerika Rex Tillerson, yavuze ko hari inzira nyinshi zishoboka mu kuganira hagati y’igihugu cye na Koreya ya Ruguru. Abivuze nyuma yuko abonanye na perezida w’u Bushinwa Xi Jinping. Minisitiri Rex Tillerson yavuze ko hari gukoreshwa inzira zitandukanye mu buryo bwo kureba niba Koreya ya Ruguru ikeneye koko […]
Congo Kinshasa: Indege ya gisirikare yahanutse ihitana 10
 Abashinzwe ikibuga cy’indege cya Ndjili kiri i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batangaje ko hahanutse indege ya gisirikare yari irimo abantu 10 bagahita bapfa. Iyo ndege yahanutse kubera ko byari byanze ko ihaguruka neza iva ku kibuga cy’indege cya N’djili, ihanuka ahitwa i Nsele nkuko BBC yabitangaje. Ntibizwi neza niba hari abantu […]
Abasirikare 2 b’u Burundi bishwe n’inyeshyamba za FNL
Igisirikare cy’u Burundi kiratangaza ko abasirikare ba cyo basize ubuzima mu mirwano bari bahanganyemo n’umutwe w’inyeshyamb za FNL, ziyobowe na Gen.Nzabampema Aloys. Imwe mu miryango itabogamiye kuri Leta, iremeza amakuru y’intambara zongeye kurota mu karere ka Gatumba, hafi n’umupaka igihugu cy’u Burundi gihana imbibi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Bivugwa ko zahitanye abasirikare 5 […]
Loni yahaye imiryango ya sosiyete sivile mu Rwanda inkunga ya miliyoni 400
Amashami ya Loni mu Rwanda yateye inkunga ya miliyoni 400 imiryango ya sosiyete sivile mu Rwanda, biciye mu rwego rw’igihugu rw’imiyoborere mu Rwanda(Rwanda Governance Board-RGB). Iyo nkunga yagenewe imiryango 15 ikorera mu Rwanda. Izayifashisha mu bijyanye no kongera serivisi z’ubuhinzi mu Rwanda, ubworozi, uburenganzira bwa muntu no gushimangira ihame ry’uburinganire, kongera ubwumvikane mu miryango, kurwanya […]
Rwamagana: Abaturage barishimira ibikorwa bagezeho ku muganda rusange
Abaturage bo mu kagari ka Bwiza, Umurenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana barishimira ibikorwa bagezeho bakesha umuganda rusange bakora buri wa 6 wa nyuma w’ukwezi, bavuga ko mu byo bagezeho harimo na poste de santĂ© bubatse ubu ikaba yaramaze kuzura, inzu bubakiye abatishoboye,… Ku wa Gatandatu tariki ya 30 Nzeri 2017, abaturage bazindukiye mu […]
Bujumbura: Radiyo CCIB FM+ yahagaritswe kubera kunenga Leta
Umuyobozi w’imwe muri Radiyo mbarwa zigenga mu gihugu cy’u Burundi, ku wa Gatanu tariki ya 29 Nzeri 2017, yatangaje ko Radiyo CCIB FM + yahagarikiwe ibiganiro ku mpamvu z’uko yahitishije amajwi anegura Leta. Ni nyuma y’aho mu nkambi ya Kamanyola ,mu burasirazuba bwa Republika Iharanira Demokrasi ya Congo ,habereye ubwicanyi bwibasiye impunzi z’Abarundi ,bukozwe n’Ingabo […]
Nakinnye iby’abana mfite imyaka 6, nsambana n’umuhungu mama aramfata arankubita none narahuzwe- Nkore iki?
Abo kuri iki kinyamakuru muraho neza, nkuko njya mbona n’abandi badashyiraho amazina nanjye sinifuje kuritangaza ariko ntibibabuze kumpa inama mbasaba. Mu by’ukuri mfite imyaka 27, ndi umukobwa ushakishwa ni ko bamwe bajya babyira, abasore baraza bakantereta pe, hari n’abansaba kubasura nkabasura bakifuza ko turyamana ariko nakwibuka ibyo nakorewe na mama ubwo nari mfite imyaka 6, […]
Amafoto y'uko umuganda wagenze mu Rwanda no mu mahanga
Mu turere dutandukanye hakozwe umuganda ngarukakwezi, ukorwa ku wa Gatandatu wa nyuma w’ukwezi. Gahunda yari itagenyijwe ni ugutaha inzu zagenewe abatishoboye muri gahunda y’umudugudu w’icyitegererezo. Uyu munsi kandi nibwo Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge (NURC) yifatanyije n’Abanyarwanda muri uwo muganda wanatangirijwemo Icyumweru cy’Ubumwe n’Ubwiyunge. Gasabo Umuganda wabereye i Gikomero muri aka karere, ahabereye ibikorwa bitandukanye birimo gutaha […]
Uko bimwe mu bihugu bikomeye ku isi byagiye byishyira mu byiciro bigendeye ku mbaraga za gisirikare
Bimwe mu bihugu bikomeye ku isi byagiye byishyira mu byiciro ahanini ubona ko byagiye bishingira ku mutungo w’igihugu iki cyangwa kiriya kibitseho by’umwihariko binagendeye ku ngufu za gisirikare. Muri iyi nkuru, Bwiza.com yabaviriye imuzingo ,uko bimwe mu bigo bikomeye ku isi byagiye biterwa imirwi ,imyaka ikaba ibaye hafi 70 nta kanunu k’uko ibintu bizahinduka. 1.Droit […]
Ni nde ushobora gusimbura Degaulle muri FERWAFA ?
Ubwo bigenda bigaragara ko Nzamwita Vincent Degaule uyoboye FERWAFA , ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ashobora kuzakomeza indi manda y’imyaka ine , abakurikirana umupira bavuga ko kuzahura umupira wo mu Rwanda hagomba kubaho inteko rusange ihamye, abayobozi b’amakipe biyubashye kandi bazi gufata imyanzuro inogeye mu gihe gikwiye mu nyungu rusange z’igihe kirekire. Umunyamakuru w’imikono Muramira […]
U Burundi na Tanzania birashinjwa gushyira igitutu ku mpunzi z’Abarundi zatahuka zigahohoterwa
Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu Amnistie Internationale uratangaza ko ibihumbi vy’impunzi z’abarundi zisubira mu gihugu cy’amavuko zivuye muri Tanzaniya, zihura n’ikibazo by’umutekano muke, kandi ziba zashyizweho igitutu n’u Burundi na Tanzania. Mu kwezi gushize, Tanzaniya, u Burundi n’ikigo cya Loni cyita ku mpunzi UNHCR bumvikanye ko baba batahanye mu Burundi impunzi zihakomoka12000 zibyipfuza ziri […]
Ntidusaba ko abagore bemererwa kuvanamo inda, ahubwo ko ababyemerewe boroherezwa-HDI
Umuryango urengera ubuzima mu Rwanda, HDI, urasaba inzego zibishinzwe zirimo Leta y’u Rwanda korohereza abagore n’abakobwa bemerewe gukurirwamo inda kuko ngo usanga hakiri imbogamizi zikomeye ku babyemerewe. Ibi bigarukwaho na Sengoga Christopher, ushinzwe uburenganzira bwa muntu muri HDI(Health Development Initiative). Zimwe mu mbogamizi zigarukwaho ni amabwiriza ya Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda agena ko umugore cyangwa […]
Ese ibiganiro by’ ibanga hagati y’ abayobozi b’ u Bufaransa n’ u Rwanda bizatanga umusaruro?
Umubano w’ u Bufaransa n’ u Rwanda wagiye urangwa n’ ibibazo bikomeye kuva mu mwaka wa 1994 biturutse ku itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa rya jenoside yakorewe Abatutsi igahitana abasaga miliyoni 1 mu minsi 100 gusa isi yose irebera. Uruhare u Bufaransa bwagize muri iyi jenoside yahitanye umubare muni w’ abantu muri iki kinyejana byatumye kugeza […]