Nyamirambo: Abasore bakeneye kubaka umubiri bashyizwe igorora na ‘TOP GYM Muvandimwe’- REBA AMAFOTO
Abashaka gukora imyitozo yo kubaka umubiri ndetse no kugabanya ibiro, bashyizwe igorora na ‘TOP GYM Muvandimwe” ikorera i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali. Muri iyi Gym, ugeramo ukahasanga ibikoresho by’ubwoko butandukanye, ibyo guterura, ibyo kunyonga, ibikwereka ibilometero wirutse kandi utarenga aho uhagaze, barre, Finnlo,… Uretse ibi kandi, banatanga imyitozo ifasha abafite ibiro byinshi kubigabanya, bakoresheje […]
FIFA irimo guha amafaranga ibihugu byamaze kubona amatike yo kuzitabira Mondial 2018
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amakuru ku isi yatangiye guha ibihugu byabashije kubona tike zo kuzitabira igikombe cy’isi cya 2018, amafaranga yo kubifasha mu myiteguro. Ni muri urwo rwego, igihugu cya Uganda cyamaze gushyikira Miliyoni zigera kuri 18 z’Amashilingi akoreshwayo, yo kuzagasha mu gutegura neza icyiciro iki gihugu kigiyemo mu bijyanye na ririya rushwanwa. Uretse kuba aya mafaranga […]
Umutwe urinda perezida Museveni ngo ni igisirikare mu kindi yitezeho kuzamugumisha ku butegetsi
Umutwe wa SFC (Special Forces Command) ushinzwe kurinda umukuru w’igihugu ngo waba ari igisirikare mu kindi ndetse ari nawo Museveni yiringiye ko uzamufasha kuguma ku butegetsi hashingiwe ku kuntu ujya witwara harimo n’uko uherutse kwitwara mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda ubwo havukaga imvururu ziturutse ku cyifuzo cyo guhindura ingingo irebana n’imyaka umukuru w’igihugu adakwiye […]
Whisky ya Papa, indirimbo nshya Young Grace yashyize hanze
Umuraperi Abayizera Marie Grace uzwi ku izina rya Young Grace yashyize hanze indirimbo (audio) yise “Whisky ya Papa” agaragazamo ubutumwa bw’uko umuntu ashora gukora amakosa atari ku bwe, ahubwo ari nk’inzoga zabimuteye. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Grace avuga ko ibyo yaririmbye mu ndirimbo atari inkuru mpamo yamubayeho we ubwe, ahubwo ko ari ubutumwa we […]
RDC: Hatangiye urubanza karundura rw’abantu barimo umudepite bashinjwa gufata ku ngufu abana barimo n’ab’amezi 8
Urubanza karundura rumaze igihe rutegerejwe rw’abantu 18 barimo umudepite bakekwaha ibyaha byo gufata ku ngufu abana b’abakobwa 46 bari hagati y’amaezi 8 n’imyaka 12, kuri uyu wa kane rwatangirijwe mu ruhame mu Ntaya ya kivu y’Amajyepfo, aho rwitezweho kurangiza umuco wo kudahana wakunze kuranga inkiko za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Igiturage cya Kavumu cyo […]
Somalia: Igisirikare cy’Amerika cyamennye urufaya rw’amasasu ku barwanyi ba Al Shabaab hapfa abatagira ingano
Igisirikare cya leta zunze ubumwe z’Amerika cyatangaje ko cyishe abarwanyi a Al Shabaab batagira ingano ku munsi w’ejo kuwa Kane tariki ya 9 Ugushyingo mu gihugu cya Somalia. Iki gitero cyagabwe kuri aba barwanyi ku munsi w’ejo kuwa Kane mu bilometero bisaga 160 uturutse mu murwa mukuru wa Somalia, Mogadiscio kikaba cyari kiyobowe n’ingabo za […]
Dore ingaruka mbi zo gufuha benshi bafata nk’igitugu mu rukundo
Nta rurabo rukura rutuhiwe, Ndagukunda ijambo riba mu ndimi zose, yewe n’abafite ubumuga bwo kutavuga bazi kubivuga mu bimenyetso, bikaba agahebuzo iyo rikurikiwe no guhamagarana , guhana impano, amagambo yuje ubwuzu n’ibindi bikorwa byerekana ko umukunzi yitaweho. Bamwe bati ‘iyo bibaye byinshi biba bibi’, aho kuba umukunzi ukaba umurinzi, urihe? Uri kumwe nande? Impa uwo […]
Dore ibibazo bigutegereje niba ujya wikinisha ukeka ko ari byiza
Nkuko igitabo conseils sur la conduit sexuelle, kibivuga kwikinisha bitera ingaruka nyinshi zitandukanye, uyu munsi tukaba tugiye kubageza zimwe muri izo ngaruka z’ingenzi: Byangiza ubushobozi bwo kwifatira imyanzuro: Iyo umuntu amaze kubigira akamenyero hari ibintu bihinduka mu mitekerereze ye.Utungira kumva kumva ko utari umugabo cyangwa umugore wuzuye,ugatangira kwisuzugura, bamwe bagahita bahitamo kumva ko badashobora gushaka […]
Abbas Kayonga wateje imirwano i Bukavu ashobora kurekurwa na Perezida Kabila kuko yari umutoni kwa Se
Urukiko rwibanze rwa gisirikare rwavuze ko ntabubasha rufite bwo kuburanisha urubanza rwa Col. Abbas Kayonga na Lt. Col Rutabara Rushema Makangila wayobora polisi irinda abayobozi. Ubwo aba baregwa basaga 30 bitabaga ku nshuro ya 3, uru rukiko rwatangaje ko kuba Kayonga na Rushema bafite amapeti ari hejura ya Major ntabubasha bafite bwo kubaburanisha batangiriye mu […]
Abakirisitu bariye karungu nyuma y’uko Musenyeri wa bo afungishije abamwungirije 3
Abayoboke mu itorero rya Anglican riherereye mu gace ka Imo muri Nigeria bazindukiye ku rusengero rwa bo bashakisha umuyobozi w’urwo rusengero, Rt. Rev. C.B.N. Otti, ngo abasobanurire uburyo yafungishije ibyegera bye 3 byose. Ni nyuma y’iminsi micye uyu muyobozi mukuru w’uru rusengero asabye aba bakozi bari basanzwe bakorana kumwishyura ubwishyu ku macumbi y’urusengero bagiriyemo akaruhuko […]
Sibomana Abuba wavunitse akinira Rayon Sports, yatangiye imyitozo muri APR FC
Nyuma y’amezi 5 adakandagira mu kibuga, Abuba Sibomana yatangiye imyitozo mu ikipe ye nshya ‘APR FC’, intego azanye ngo ni iyo gutwara ibikombe. Abuba Sibomana ukina mu binyuma yugarira ku ruhande rw’ibumoso, yari amaze amezi atanu adakora ku mupira, ni nyuma y’imvune yagize ubwo yakiniraga ikipe ya Rayon Sports Fc, kuri ubu yatangiye imyitozo yoroshye […]
Uganda: Ese koko Christine Muhoza Mbabazi yaba afite aho ahuriye n’iyicwa rya AIGP Kaweesi?
Urwego rushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu (ISO) muri Uganda rufite umumotari rwafunze ushinja umukobwa wari inshuti ya IGP Andrew Kaweesi (Girlfriend) witwa Christine Muhoza Mbabazi, kuba ari we wateguye iyicwa rye afatanyije na bamwe mu bapolisi bakuru mu gipolisi cya Uganda nk’uko ngo amakuru agera ku kinyamakuru Spyreports cyo muri iki gihugu avuga. Amakuru yageraga […]
Rubavu: Abanyeshuli baribaza uburyo bazajya bagenda ibilometero 10 bajya mu bizamini bya Leta banashonje
Bamwe mu banyeshuri biga mu cyiciro rusange bo mu murenge wa Busasamana n’indi bituranye, mu karere ka Rubavu, bavuga ko bahangayikishijwe n’urugendo rurerure bazakora bajya gukora ibizamini bya Leta. Hamwe n’ababyeyi babo, bavuga ko byibura umwana azajya agenda ibilometero birenga 10, ava mu rugo mu gitondo, akanahataha nimugoroba, n’ejo bikaba uko. Ibi babona ari imbogamizi […]
Umugore yataye umwana we kubera uburwayi, abonye abagiraneza bamuvuza nyina agaruka amusaba imbabazi (Reba amafoto)
Umwana w’umuhungu witwa Kambou Sie ukomoka mu gihugu cya Cote d’Ivoire yafashwe n’uburwayi budasanzwe bwo kubyimb aisura bituma na nyina umubyara amwihakana ndetse aranamuta, nyuma abonye abagiraneza bamufasha aramugarukira. Uyu mwana w’umuhungu avuga ko ubu burwayi bwe bwo kuzana ibintu bias n’ibibyimba mu isura ku buryo itagaragara byatangiye gukaza umurego ubwo yari afite imyaka 10. […]
U Rwanda rwasinye amasezerano azatuma imiti ya cancer iboneka ku giciro kiri hasi
Minisiteri y’ubuzima yagiranye amasezerano n’umuryango wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, BioVentures for Global Health (BVGH), azatuma Abanyarwanda babasha kubona ubuvuzi bwa cancer mu buryo buboroheye. BVGH ni Umuryango w’Abanyamerika udaharanira inyungu ufite icyicaro muri Seattle I Washington DC, ukorana n’inzego za leta n’iz’abikorera mu guteza imbere ubushakashatsi mu by’ubuzima. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aya masezerano […]
Mu gihe kitarenze imyaka ibiri Uganda izahinduka nko mu ijuru- Gen Kale Kayihura
Ni mu nkuru Bwiza.com ikesha ikinyamakuru Daily Monitor cyandikirwa mu gihugu cya Uganda , aho Umukuru w’Igipolisi cya Uganda , Gen Kale Kayihura yihanukiriye akizeza abaturage ba Uganda ko nta kabuza igihugu cyabo mu gihe gito kizahinduka nk’ijuru ku bazaba bagituyemo. Ni amagambo uyu mujenerali yatangarije mu muhango wo gusezera bwa nyuma ku mu Ofisiye […]