Perezida Trump na Putin biyemeje gufatanya mu rugamba rwo kurandura umutwe wa ISIS muri Syria

Uburusiya bwatangaje ko abakuru b’ibihugu, Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika n’uwabo, Vladimir Putin, bemereje hamwe guhuza imbaraga bakarwanya umutwe wa ISIS (Islamic States Irak and Syria) ugendera ku matwara ya kisilamu. Ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Burusiya, bivuga ko abo baperezida bombi babonanye umwanya muto, ubwo bitabiraga inama y’ibihugu byibumbiye mu muryango Asiziya-Pasifika […]

Umuhungu wa Museveni, Maj.Gen Muhoozi yamaganye abavuga ko yifuza gusimbura se

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni akaba n’ Ujyanama we Mukuru ushinzwe ibikorwa bya gisirikare, Maj Gen Muhoozi Kainerugaba yiyamye abavuga ko yiteguye kwinjira mu bikorwa bya politiki yeruye. Yatangaje ibi nyuma y’ aho muri iyi minsi amatsinda anyuranye y’ urubyiruko muri Kampala no mu Ntara zigize Uganda yagiye agaragaza ko ashyigikiye ko Maj.Gen Muhoozi yasimbura […]

Sadio Mané yafashije ikipe ya Senegal gukatisha itike yo kuzakina imikino y’igikombe cy’isi 2018

Sadio Mané usanzwe akinira ikipe ya Liverpool yo mu Bwongereza, yafashije ikipe y’igihugu cye cya Senegal, gukatisha itike yo kuzakina imikino y’igikombe cy’isi 2018, kizabera mu Burusiya, nyuma yo kutsinda ikipe ya Afurika y’Epfo 2-0. Kuri Peter Mokaba Stadium ya Afurika y’Epfo, Senegal ibifashijwemo na Diafra Sahko na Thamsanqa Mkhize witsinze igitego, bafashije ikipe y’igihugu […]

Rubavu: Umushakashatsi Dr Dushime avuga ko ikirunga cya Nyiragongo gishobora gutungurana kikaruka

Ibimenyetso bigaragaza ko nta bibazo bidasanzwe ikirunga cya Nyiragongo giherereye mu nkengero z’umujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gishobora guteza, ariko umwe mu bashakashatsi, Dr Dushime Derriks avuga ko isaha ku isaga gishobora gutungurana kikaruka. Abashakashatsi bagikurikirana buri munsi, bavuga ko ari ngombwa ko hafatwa ingamba zo kubungabunga ubuzima bw’abaturage mu gihe […]

Umuhungu wa Ossama Bin Laden ahamya ko yiteguye guhorera se

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Ugushyingo 2017, nyuma y’ isengesho rusange, nibwo umuhungu wa Ossama Bin Laden , Hamza Bin Laden yahamagariye abambari ba se aho bari hose kwitegura kumuhorera. Akoresheje imbuga nkoranyambaga ndetse na Televiziyo ya Al Qaeda, Hamza Bin Laden yagize ati “Mpamagariye Abayisilamu bose kwitegura kwivuna umwanzi wacu [Leta Zunze […]