Isaac Anyar w’imyaka 94 yasezeranye n’umukunzi we ufite 90- AMAFOTO
Ku wa Gatandatu tariki ya 2 Ukuboza 2017, nibwo Isaac Anyar w’imyaka 94 y’amavuko yasezeranye n’umukunzi Eunice Atoo w’imyaka 90, bombi bakomoka muri Uganda. Aba bombi bakoze umuhango wa gakondo barasezerana mu 1947, ariko banze kuva kuri isi babana gipagani bahitamo gusezerana imbere y’Imana, mu itorero “Onegwok Christ Church” riherereye mu gace ka Oyam muri […]
Ugomba kumenya inkomoko y’ ibihome n’ ingaruka zabyo ndetse n’ uburyo wabisenya- Pst. Deo Muvunyi
Pst. Deo Muvunyi wo mu ‘Itorero Potter’ s Hand’ yongeye gushimangira ku nyigisho zo gusenya ibihome mu buzima bw’ abizeye ubwo yavugaga ko kugirango umukristu akubite hasi ibinyoma agomba kumenya uburyo byubatse. Ati “Umuvumo ni igihome tugomba kwibaza impamvu twemera ko byubakwa mu buzima bwacu kugirango tunamenye inzira byacamo mu kubisenya”. Pst. Muvunyi yifashishije amagambo […]
Bujumbura: Umupolisi wari wasinze yarashe mugenzi we ahita apfa
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 3 Ukuboza 2017, ahagana saa tanu z’ijoro, nibwo muri zone ya Kanyosha mu mujyi wa Bujumbura humvikanye urusaku rw’amasasu, ubuyobozi bwa Polisi bukaba butangaza ko ari abapolisi bari ku izamu barashwe na mugenzi wabo witwa Ntirampeba wari wasinze. Uku kutumvikana kw’aba bapolisi kwajemo no kurasana, kwasize uwitwa […]
Ibirori by'ubukwe bw'umu DJ wa Diamond byitabiriwe n'ibyamamare- REBA AMAFOTO
Umukozi wa Diamond Platnumz ushinzwe ibijyanye no kumuvangira imiziki (DJ) , Rommy Jones yakoze ubukwe budasanzwe bwitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye byo muri Afurika cyane cyane muri Tanzania. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi birori by’akataraboneka byabaye ku wa 01 Ukuboza 2017, nyuma y’igihe kitari gito ari mu rukundo n’uwo bashakanye, ubu bukwe bwatashywe n’ibyamamare birimo Diamond n’umugore we Zari […]
Ubukwe bw'umukozi wa Diamond bwatashywe n'imbaga y'ibyamamare muri muzika- REBA AMAFOTO
Umukozi wa Diamond Platnumz ushinzwe ibijyanye no kumuvangira imiziki (DJ) , Rommy Jones yakoze ubukwe budasanzwe bwitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye byo muri Afurika cyane cyane muri Tanzania. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi birori by’akataraboneka byabaye ku wa 01 Ukuboza 2017, nyuma y’igihe kitari gito ari mu rukundo n’uwo bashakanye, ubu bukwe bwatashywe n’ibyamamare birimo Diamond n’umugore we Zari […]
Kigali: Abaturiye ikimoteri cya Nduba batarimurwa barasaba gutabarwa vuba
Bamwe mu baturage baturiye ikimoteri cya Nduba kimenwamo imyanda yose yo muri Kigali, baratangaza ko babangamiwe n’umwanda uvanze n’umunuko, bagasaba kwimurwa vuba mu gihe iki kimoteri cyaba gikomeje kuhaguma. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Hashize igihe kinini umujyi wa kigali wijeje abaturage baturiye iki kimoteri cya Nduba mu mujyi wa Kigali, kuhimuka bakahava kubera umunuko ukomeye hamwe n’amasazi […]
Imfashanyo y’ ibiribwa yagenerwaga impunzi z’ Abarundi mu Rwanda yagabanutseho 10%
Kuva mu Ugushyingo 2017, inkunga y’ ibiribwa yagenerwaga impunzi z’ Abarundi zibarizwa mu nkambi ya Mahama yagabanyijweho 10%. Ibi byatangajwe n’ abayobozi b’ ishami rya Loni ryita ku mpunzi(HCR) ubwo bemezaga ko iyi nkunga yagenerwaga izi mpunzi zituye mu nkambi ya Mahama mu Rwanda ingana na 50% bagereranyije n’ izindi zituye muri Tanzanie, Kenya ndetse […]
Uganda: Abanyarwanda barimo gutabwa muri yombi bitwa intasi
Mu gihe havugwa umwuka mubi wa politiki ndetse n’ intambara y’ ubutita hagati y’ u Rwanda na Uganda, biravugwa ko Abanyarwanda bakomeje gutabwa muri yombi bagafungirwa mu magereza atandukanye mu gihugu cya Uganda, bamwe bashinjwa kuba intasi z’u Rwanda. Aya makuru yemeza kandi ko aba banyarwanda babarizwa mu magereza makuru yo muri iki gihugu, abenshi […]
Dore ingeso 9 ziranga abakobwa usabwa kwirinda niba wifuza gushinga urugo
Gushinga urugo ni kimwe mu byemezo bifatwa habanje gusesengura neza kuko uba ugiye guhitamo uwo muzabana ubuzima bwose niyo mpamvu kuri wowe wifuza umufasha (umugore) Twagerageje kugukusanyiriza bimwe mu bintu by’ingenzi biranga umukobwa udafite gahunda yo kurushinga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] 1. Akabya gukunda gusenga Uyu azi imirongo ya Bibiliya yose mu mutwe we, avuga Imana buri […]
Burundi: Agatsiko k’amabandi kasenye inzu ya Minani, umwe mu batavuga rumwe na Leta ya Nkurunziza
Ku wa Gatanu tariki ya 1 Ukuboza 2017, nibwo inzu y’uruganiriro iri kuri hoteli ya Dr Minani Jean , umuyobozi w’impuzamashyaka (CNARED) atavuga rumwe na Leta y’u Burundi, yasenywe n’agatsiko k’amabandi kataramenyekana. Iyo nzu yasenywe iri kuri hoteli ya Minani, iherereye mu Ntara ya Kirundo. Ku ruhande rw’igipolisi cy’u Burundi bakaba bavuga ko abakoze ibyo […]