Inama zafasha abashakanye kugirango urukundo mu rugo rwabo rushinge imizi

Abafite ubunararibonye mu by’ imbonezamubano basanga kugirango urugo rukomere, rugendwe mbese rutunge rutunganirwe, abashakanye bagomba gushyira hamwe muri byose. Urukundo rw’abashakanye si urw’ isaha imwe cyangwa umunsi umwe cyangwa umwaka umwe ahubwo n’urwiteka ryose. Niyo mpamvu bagomba kubagarira urukundo rwabo kumanwa na nijoro, bakaruvomerera ndetse bakanarwuhira. kugirango ibyo bigerweho, hagomba kubaho kuzuzanya muri byose. Abashakanye […]

Nyabihu: Umwana yatewe inda na nyirarume umuryango urabihisha

Mu mudugudu wa Kabyaza mu karere ka Nyabihu, abana 7 mu ngo 200 batewe inda, barimo Uwineza( izina yahawe), wabyaye afite imyaka 14. Imiryango yamwunze n’umufundi wayimuteye yita nyirarume, amugenera ubufasha bw’amafaranga ibihumbi bitatu mu kwezi, ariko buza guhagarara nyuma y’umwaka kuko yanze kongera kuryamana na se w’umwana, Manishimwe Emmanuel. Uwineza ubu afite umwana w’imyaka […]

Robert Mugabe yasubukuye ingendo ze muri Singapore nyuma yo kuva ku butegetsi

Perezida Robert Mugabe w’imyaka 93 wategetse igihugu cya Zimbabwe imyaka 37 kugeza ubwo yeguzwaga n’igiirikare muri uyu mwaka wa 2017, yakoze urugendo rwe rwa mbere, kuva yava ku butegetsi, mu gihugu cya Singapore nk’uko byatangajwe n’inzego z’umutekano kuri uyu wa Kabiri. Mbere yo kuva ku butegetsi, perezida Mugabe yakunze kuvugwaho gusesagura umutungo w’igihugu akora ingendo […]

Umugore yari amaze imyaka 3 atwite none yabyaye igisa n’ imbwa

Muri Nigeria mu gace ka BMGS Bori, Rivers State , umugore wo mu bwoko bwa Akwa-Ibom wari umaze imyaka 3 atwite yabyaye ikintu kiremetse nk’ imbwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abagabo bemeza ko bazi neza uyu mugore bavuga ko akimara guhura n’ ibi byago ko bahise bamubona kuri moto agana inzira y’ urusengero agiye gusaba ko bamusengera. […]

Sosiyeti Sivile iranenga uburyo Leta yateguyemo gahunda yo kwimura abaturage

Inyigo yakozwe n’ ikigo cy’ ubushakashatsi, IRDP kibarizwa muri sosiyeti sivile mu Rwanda, yerekana ko Leta itigeze iha abaturage umwanya uhagije kugirango ibateguze uburyo bagiye kwimurwa ndetse banahabwe ingurane ikwiriye mu duce yateganyirije ibikorwa remezo ku nyungu rusange z’ igihugu. Ibi bikubiye mu nyigo iherutse gushyirwa ahagaragara mu cyumweru gishize yerekana ko abaturage benshi bavuga […]

Uganda: Uwahoze ari umukunzi wa Kaweesi ashobora gusohorwa mu nzu yari azi ko Museveni yamuguriye

Christine Muhoza Mbabazi wigeze kuba umukunzi wa AIGP Andrew Kaweesi, wari umuvugizi w’Igipolisi cya Uganda wishwe mu ntangiriro z’uyu mwaka, ngo ashobora kwirukanwa mu nzu yatekerezaga ko leta yamuguriye. Uyu Mbabazi yabonanye na perezida Museveni muri uyu mwaka bagira icyo bavugana ku byabanjirije iyicwa rya Kaweesi muri Werurwe 2017, aho byavugwaga ko uyu mukobwa hari […]

Ese koko Airtel yaba iteganya gufunga imiryango mu bihugu 3 birimo u Rwanda?

Nyuma y’aho hasohokeye inkuru ivuga ikigo cy’itumanaho cya Airtel cyaba kiri mu nzira yo gufunga business zacyo mu bihugu bitatu byo mu karere birimo n’u Rwanda, iki kigo kirahakana aya makuru nubwo cyemera ko nta nyungu kiri kubona. Mu itangazo Airtel Africa yashyize ahagaragara yavuze ko iri gukurikirana ubundi buryo business zayo zazanamo inyungu. [xyz-ihs […]

Burundi: Abasirikare babiri mu barinda Perezida Nkurunziza bapfiriye mu mpanuka

Impanuka yabaye ku wa Mbere tariki ya 11 Ukuboza 2017, yahitanye ubuzima bw’abasirikare babiri mu barinda umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Pierre Nkurunziza. Iyi mpanuka yabereye i Kabuye hafi y’umurwa mukuru w’Intara ya Kayanza, ku muhanda uva mu Kayanza ugana mu Ntara ya Ngozi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru ava mu Burundi avuga ko ari imodoka ebyiri za […]