El Clasico: FC Barcelona yandagaje mukeba wayo Real Madrid

Mu mukino wahuzaga ikipe ya Real Madrid na Fc Barcelona, warangiye ikipe Real Madrid inyagiwe imvura y’ibitego 3 ku busa. Uyu mukino wa shampiyona yo mu gihugu cya Espagne (La liga), wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Ukuboza 2017, warangiye ibihangange Messi, Suarez na Vidal byandagaje iyi kipe nkeba.     [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

Uganda: Perezida Museveni akomeje gukora impinduka zidasanzwe mu ngabo ze

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda akomeje gukora impinduka zidasanzwe mu gisirikare (UPDF )mu rwego rwo kuvugura imikorere no gukomeza inzego. Ni muri urwo rwego nyuma yo kurangiza amashuri ye mu ishuri rikuru rya gisirikare mu Buhinde, Brig. Gen Leopold Kyanda yagizwe umugaba mukuru w’ ingabo zirwanira ku butaka muri Uganda. Umuvugizi wa UPDF, Brig […]

Pasiteri yahaye umukobwa we w’imyaka 6, impano y’imodoka ya miliyoni 120- AMAFOTO

Pasiteri Shepherd Bushiri wo muri Afurika y’Epfo, yahaye umukobwa we w’imyaka itandatu y’amavuko impano y’imodoka ihenze, ifite agaciro k’amafaranga asaga miliyoni 120. Iyi modoka yayiguriye umukobwa we, ayimuha ku munsi mukuru we w’amavuko, nyuma amafoto ayasangiza imbaga kuri facebook. Yagize ati “Nizihiza ivuka ry’umwami wanjye, Yesu kiristo wadupfiriye, nkanizihiza isabukuru y’umukobwa wanjye w’imfura Israella Bushiri”. […]

Abanyamadini bo mu Rwanda ntibavuga rumwe ku mwuka mubi Trump yazuye hagati ya Isirayeli na Palestine

Nyuma yaho Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitangarije ko zigiye kwimurira ambasade yayo mu Mujyi wa Yeruzalemu ndetse na Isirayeli ikaboneraho gutangaza ko Yerusalemu igiye gusubira kuba umurwa wayo mukuru, abanyamadini mu Rwanda barabibona mu buryo butandukanye. Mu rwego rwo kumenya icyo abanyamadini b’ abanyarwanda babivugaho Bwiza.com yaganiriye n’ umupasiteri umwe w’ umushakashatsi mu bijyanye […]