Uganda: IGP Kale Kayihura ashobora kwisanga mu rukiko yiregura ku gukoresha umwanya we nabi

Ibiro by’Ubugenzuzi Bukuru bwa Guverinoma (IGG) muri Uganda bwashyize mu majwi muri raporo yabyo umukuru w’igipolisi n’abandi bapolisi bakuru mu byaha bya ruswa, gukoresha inyandiko mpimbano, gukoresha nabi umutungo wa leta no gukoresha imyanya yabo mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Mu 2015 akaba ari bwo perezida Museveni yasabye IGG kuyobora iperereza ku gipolisi nyuma y’uko yari […]

REBA VIDEO: Menya urugero rwiza wagezaho ukuna (Guca imyeyo), uko bikorwa n’ibice by’igitsina cy’umukobwa bikorerwaho

Umugore uzwi ku izina rya Tentine, afasha abagore n’abakobwa mu gikorwa cya Kinyarwanda wo guca imyeyo, avuga ko ari iby’ingenzi kuko uwabikoze ashimisha umugabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Uyu mugore usanzwe anafasha abakobwa cyangwa se abagore ‘gukuna’ cyangwa se ‘guca imyeyo’; ‘kujya mu rubohero’ avuga y’uko iyo umukobwa akuna, biba byiza iyo akuruye imishino ikaringanira […]

Bull Dog na P Fla basabye ko bimwe mu bihangano byabo byahagarikwa gucurangwa

Abahanzi babiri baba raperi bakunzwe hano mu Rwanda Bull Dog na P Fla baherutse gusaba ko itangazamakuru ryahagarika bimwe mu bihangano byabo mu rwego rwo guhamya ubumwe aba bombi bafitanye nyuma yo gushyamirana bakandagazanya mu ndirimbo. Ibi bije nyuma yaho umubano wa P Fla na Bull Dog utari wifashe neza mu myaka yashije aho bahoraga […]

Ruhango: Amwe mu madosiye yatangiweho amasoko yaribwe

Amakuru aturuka mu Karere ka Ruhango, aravuga ko hari amwe mu madosiye y’amasoko yatanzwe kuva mu mwaka wa 2009 ,kugeza mu wa 2015, ubu yaburiwe irengero, bivugwa ko ayo madosiye yaba yaribwe ariko akuwe mu dusanduku turi mu bubiko bw’akarere (archives) ubusanzwe yabikwagamo. Umwe mu bakozi bakora mu karere utarashatse ko amazina ye atangazwa, aganira […]

Zimwe mu ngeso zishobora gutuma umukobwa abura umugabo burundu

Igihe cy’ubwangavu niho umukobwa ategurira ejo hazaza he igihe yitwaye nabi akiri umwangavu bishobora kuzagira ingaruka mbi zikazamukurikirana no mu gihe cy’ubukuru bwe igihe cyo gushinga urugo ugasanga bamwe muribo baragumiwe. Kubenga cyane abasore : umukobwa ukunda kubenga cyane ku buryo nta musore n’umwe ajya yemera ko bagirana urukundo rurambye,cyangwa ugasanga agira agasuzuguro nta muhungu […]

Bamwe mu bahanzi nyarwanda bagacishijeho batakivugwa cyane

Mu gihe abantu batandukanye biyita abahanzi ku bw’ impamvu zinyuranye mu Rwanda birakomeye kugirango tumenye gutandukanya ababikora babishoboye ndetse n’ ababikora bagamije kwimenyekanisha cyangwa gushakisha indamu. Ni muri urwo rwego harimo abantu binjira mu buhanzi bamara kubona amafaranga bakabireka abandi bakawinjiramo bahura n’ inzitizi ntibashobore kwihangana ahubwo bakabihagarika nk’ uko babitangiye. Mazimpaka Rafiki : Uko […]

Yakatiwe imyaka 190 y’igifungo nyuma yo gusambanya abana basaga 40 azi ko afite ubwandu bwa Sida

Abaturage muri Leta ya Maryland batewe uburakari no kumva umukozi mu kigo cy’ishuri yemera ko yakoranye imibonano mpuzabitsina n’abana b’abanyeshuri basaga 40 nta gakingirizo bakoresheje kandi azi ko afite ubwandu bwa sida. Igipolisi cyo muri Maryland kikaba kivuga ko cyataye muri yombi Carlos Deangelo Bell w’imyaka 30 nyuma yo gushinjwa gusambanya abanyeshuri basaga 40. yashinjijwe […]

Umuturage w’Umunyarwanda yiciwe n’abasirikare b’u Burundi ku mupaka

Umuturage w’Umunyarwanda aherutse kuraswa n’abashinzwe umutekano mu Burundi arasiwe ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi mu Ntara ya Cibitoke, muri Zone Ruhororo, ya Komini Mabayi. Amakuru aturuka muri iyi komini akaba avuga ko uwo Munyarwanda yaba yararashwe mu mpera z’icyumweru gishize n’abasirikare b’u Burundi bari mu irondo, bakamubona yambutse umupaka agerageza kwinjira mu Burundi. Ayo […]

Uganda: Abantu 45 barimo Abanyarwanda 36 bashinjwa iterabwoba bagumijwe muri gereza

Abantu 45, mu gihugu cya Uganda, barimo Abanyarwanda 36, Abagande 7 n’Abarundi 2 bashinjwa ibyaha by’iterabwoba bagumijwe muri Gereza Nkuru ya Mbarara (Kyamugorani) kugeza kuwa 05 gashyantare 2018 ubwo bazagaruka imbere y’urukiko. Aba bantu bashinjwa ibyaha birimo iterabwoba batawe muri yombi kuwa 11 Ukuboza 2017 bafatiwe ku mupaka wa Uganda na Tanzania uri ahitwa Kikagati, […]