Igisirikare cy’u Rwanda ku isonga mu guha abaturage sirivisi nziza— Ubushakashatsi bwa RGB

Ubushakashatsi ngarukamwaka bwakozwe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere (RGB) bugaragaza ko ingabo z’u Rwanda RDF ziza ku isonga mu guha abaturage sirivisi nziza n’amanota 99.1%. Ku wa Gatanu tariki ya 16 Gashyantare 2018, ubwo ibyavuye mu bushakashatsi byamurikirwaga abayobozi mu Ntara y’AMajyepfo, ingabo z’u Rwanda hamwe n’izindi nzego z’umutekano (Polisi na Dasso) zihariye imyanya y’imbere. Igisirikare cy’u […]

Umugore w’imyaka 24 yabwiwe ko yabyaye abana bane, bimugora kubyakira

Umugore w’imyaka 24 y’amavuko ukomoka mu mujyi wa Montpellier, mu Bufaransa, avuga ko byamugoye kwakira inkuru nziza y’uko yaruhutse abana bane. Rofrane w’imyaka 24 yashakanye na Nasser, mu myaka itatu ishize, ubu bakaba barabyaye abana bane, abahungu babiri n’abakobwa babiri, ari bo Hajar, Noor, KheĂ ÂŻry-Dine na Chemsy-Dine, baso bakaba bariho. Rofrane ati “byari biteye impungenge, […]

Grace Mugabe mu mazi abira, agiye kwamburwa urwego rw’amashuri rwa PhD yahawe ku manyanga

Umuyobozi wungirije (V ice chancellor ) muri kaminuza nkuru ya Zimbabwe, Levi Nyagura, yatawe muri yombi n’urwego rushinzwe kurwanya ruswa muri Zimbabwe, arashinjwa guha Grace Mugabe, impamyabumenyi y’ikirenga (PhD) mu buryo bw’amanyanga. Mu mwaka wa 2014, nibwo Grace Mugabe, umugore wa Robert Mugabe wari Perezida, yahawe iyi mpamyabumenyi ya PhD, akaba yari amaze amezi make […]

Ibintu bitanu abantu benshi bajya bibeshyaho k’ ugukora imibonano mpuzabitsina

1.Gukora imibonano n’umugore utwite: Hari abantu benshi bajya bibwira ko umugore utwite aba atemerewe gukora imibonano mpuzabitsina, aha baba bibeshya, kuko umugore utwite arayikora kandi ikamugwa neza, ariko ikoranwa ubushishozi n’ubwitonzi. Ibyo kwitondera Umubyeyi utwite akora imibonano mpuzabitsina kugeza ari ku bise ariko akirinda kwicugusa cyane cyangwa ngo akoreshe imbaraga muri icyo gikorwa Umugabo agomba […]

Abantu benshi bakeka ko byoroshye kuba myugariro wa FC Barcelona- Thomas Vermaelen

Thomas Vermaelen , umusore ukina inyuma mu ikipe ya FC Barcelona yo muri Espagne arasobanura uburyo kuba myugariro w’iyi kipe bikomeye, mu gihe hari abibwira ko ari akazi koroshye bitewe n’abakinnyi b’ibihangange ifite. Mu kiganiro yagiranye na Guardian, Uyu musore ukomoka mu Bubiligi, avuga ko gukina hagati unasubira inyuma kugarira bigoye cyane muri FC Barcelona, mu […]

Kirehe: Gitifu afunzwe ashinjwa gutera inda umwana w'imyaka 16

Ku wa Kane tariki ya 15 Gashyantare 2018, nibwo hamenyekanye inkuru ivuga ko Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari  ka Nyamugari mu karere ka Kirehe, Intara y’i Burasirazuba yateye inda umwana w’umukobwa w’imyaka 16, akaba ari mu maboko ya polisi. Bitangazwa ko uyu muyobozi yateye umwana inda ubwo yari umuyobozi w’ishuri yabanje kuyobora mbere y’uko ayobora umurenge, mu gihe […]

Abagabo bagiye bakanyuzaho na Zari mbere yo kubana na Diamond ashinja ubusambanyi

Nyuma yo gutandukana na Diamond Platnumz, benshi barimo kwibaza undi mugabo uzabana na Zari wakanyujijeho n’abagera kuri bane. Ikinyamakuru chimpreports gitangaza ko Zari yagiye aca mu nkundo z’abagabo benshi, Ivan Ssemwaga wapfuye umwaka ushize, akaba ari we bari bamaranye imyaka myinshi bakanabyarana gatatu. 1.Zari na Ivan Ssemwaga Zari na Ssemwaga babyaranye abahungu batatu, bakoze ubukwe […]

Igisirikare cya Congo kiremeza ko abasirikare bacyo batanu baguye mu mirwano yabahuje n’icy’u Rwanda

Mu gihe byatangazwaga ko ari abasirikare batatu ba Congo basize ubuzima mu mirwano, igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyemeje ko abasirikare bacyo batanu barashwe bagapfa mu mirwano yabahuje n’ab’u Rwanda ku wa Kabiri tariki ya 13 Gashyantare 2018. Mu kiganiro yagiranye n’ibiro ntaramakuru by’Abongereza Reuters, General Bruno Mandevu ushinzwe ishyirwamubikorwa ry’ibitero byo […]

Yvonne ni umukobwa w’imyaka 35, abana n’ubwandu bwa SIDA, arashaka umusore bakundana

Nitwa Yvonne, ndi i Rubavu, mfite  imyaka 35, mbana n’ubwandu VIH, mfite umwana  1 w’umukobwa, ndumva nkeneye umukunzi Nshaka uwaba nawe afite ubwandu bwa SIDA, yariyakiriye neza, kandiakijijwe, yumva afite gahunda yokubaka, ndi A2  mfite akazi mu kigo cy’ amashuri, yarize byaba  byiza kurushaho kdi  azigushaka iterambere ry’urugo. Muremure, w’igikara, ufite ibiro nka 80kg, imyaka […]