Saint Andre yangiye abanyeshuri kwinjira bisaba ko Minisitiri ahagera-Amafoto
Kuri iki cyumweru, itariki ya 15 Mata 2018, bamwe mu banyeshuri biga ku shuri ryisumbuye rya Saint Andre riherereye mu Mujyi wa Kigali i Nyamirambo, babujijwe n’ubuyobozi bw’ikigo kwinjira kubera ko bakererewe , biba ngombwa ko Minisitiri w’uburezi ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, Dr. Munyakazi Isaac , ajyayo maze abana bari bahejejwe hanze babona kwinjira. Ibi […]
Umwe mu bagore b’Umwami Mswati yariyahuye
Umugore wa munani w’Umwami Mswati wa Swaziland, Senteni Masango, mu cyumweru gishize yafashe icyemezo cyo kwiyahura akoresheje umuti wa amytriptyline. Uyu mugore akaba yariyahuye hashize icyumweru murumuna we, Senteni Masango apfuye, aho bivugwa ko umugabo we, Mswati yamubujije kujya kumushyingura. Andi makuru akaba avuga ko uyu mugore warongowe na Mswati mu 1999 akaba umugore we […]
Uko kwibuka bigenda byitabirwa n'abatarahigwaga bakwiye kujya batanga ubuhamya
Ibyo ni bimwe mu byasabwe n’ Umuyobozi w’ Akarere ka Nyarugenge Madamu KAYISIME NZARAMBA ubwo hasozwaga icyumweru cyahariwe kwibuka ku nshuro ya 24  Jenoside yakorewe Abatutsi, ibi bikorwa bikaba byabereye mu Murenge wa Nyamirambo mu Kagali ka Cyivugiza. Umuyobozi w’ Akarere akaba yashimye uko abaturage bitabiriye icyumweru cyo kwibuka n’ ubuhamya bwatanzwe asaba nabatarahigwaga gutera intambwe […]
Uko kwibuka bigenda byitabirwa n'abatarahigwaga bakwiye kujya batanga ubuhamya
Ibyo ni bimwe mu byasabwe n’ Umuyobozi w’ Akarere ka Nyarugenge Madamu KAYISIME NZARAMBA ubwo hasozwaga icyumweru cyahariwe kwibuka ku nshuro ya 24  Jenoside yakorewe Abatutsi, ibi bikorwa bikaba byabereye mu Murenge wa Nyamirambo mu Kagali ka Cyivugiza. Umuyobozi w’ Akarere akaba yashimye uko abaturage bitabiriye icyumweru cyo kwibuka n’ ubuhamya bwatanzwe asaba nabatarahigwaga gutera intambwe […]
MONUSCO yabonye umugaba mukuru w’ingabo mushya
Umunyamabanga mukuru wa Loni, AntĂ Âłnio Guterres , yagennye Lt. Gen. Elias Rodrigues Martins Filho ku mwanya w’umugaba mukuru mushya w’ingabo za Monusco zishinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, aho asimbuye Lt Gen. Derrick Mbuyiselo Mgwebi ukomoka muri Afurika y’Epfo wasoje manda ye kuwa 31 Mutarama. Lt Gen. Martins Filho, amaze imyaka isaga […]
Abatorotse mu mikino ya Commonwealth bari gukurikiranwa-Amb. Olivier Nduhungirehe
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda iravuga ko igikomeje gushakisha amakuru y’impamo kuri bamwe mu banyarwanda bivugwa ko batorotse aho bari bitabiriye imikino ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza common wealth iri kubera mu gihugu cya Australia. Iyi Minisiteri isobanura ko iri mu biganiro n’igihugu cya Australia, ngo ikazafata umwanzuro imaze kubona amakuru yizewe. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga […]
Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ni inshingano ya buri Munyarwanda wese
Buri Munyarwanda wese afite inshingano zo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, iyo nshingano akayikora atabihatiwe n’uwo ari we wese ahubwo akayikora yibwirije. Buri wese afite n’inshingano zo gukumira no kurwanya Ingengabitekerezo ya Jenoside kugira ngo amahano y’indengakamere yaguye mu Rwanda atazongera ukundi. Ubu ni bumwe mu butumwa bwatanzwe kuri uyu wa […]