Abaperezida 10 ba Afurika bagiye ku buyobozi bafite amapeti akomeye mu gisirikare

Umugabane wa Afurika waranzwe n’amateka atandukanye arimo ubukoloni, ubucakara, intambara z’urudaca, indwara z’ibyorezo,… ibi bituma buri gihugu kigira amateka yacyo kihariye rimwe na rimwe asharira, n’abayobozi bagafata ubutegetsi isasu ribanje kuvuga. Dore bamwe mu baperezida bayoboye ibihugu bya Afurika bafite amapeti akomeye mu gisirikare, n’ubwo bamwe muri bo bagiye yaniyongereraho ay’umurengera. 1.Marshal Mobutu: Marshal Mobutu […]

Ubuhamya bw'umwongerezakazi wasambanye n'abagabo basaga 2000

Umugore witwa Crystal w’imyaka 48 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’u Bwongereza nyuma yo guterwa ipfunwe no kuryamana n’abagabo ibihumbi 2000, yafashe icyemezo cyo kwihinduza igitsina akaba umugabo. Ibi abikoze mbere gato yo kunanirwa kwesa umuhigo we yari amaranye igihe dore ko yifuzaga ko ku myaka 50 y’amavuko yaba amaze kuryamana n’abasaga ibihumbi bitatu. Crystal wiyemerera […]

Rusizi: Umushoferi watwitse umwana yahanishijwe gufungwa imyaka irindwi

Urukiko Rwisumbuye rwa Rusizi rwahamije umushoferi, Ngabonziza Jean Bosco uzwi ku izina rya Konseye, icyaha cyo kubabaza umwana bikabije amuha ibihano biremereye bimuviramo ubumuga. Urukiko rwamuhanishije igihano cy’igifungo cy’imyaka irindwi  n’ihazabu y’amafaranga  1 000 000 ; rwanamutegetse  guha nyina w’umwana wahohotewe indishyi z’akababaro zingana n’amafaranga  1. 513. 000 . Iki cyaha uyu mugabo yahamijwe n’ […]

Perezida Museveni afata ubuyobozi bwa Congo nka baringa yashyizweho na Bagashakabuhake

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni avuga ko Leta ya Congo, yashyizweho na Bagashakabuhake nyuma yo kwica intwari Patrice Lumumba. Perezida Museveni yatangaje ibi, ubwo yitabiraga inama y’ishyaka SPLM (Mouvement populaire de libération du Soudan) yatumiwemo na Perezida Salvir Kiir wa Sudani y’Epfo nk’umushyitsi w’imena, ku wa Kane tariki ya 3 Gicurasi 2018. Perezida Museveni umaze […]

Ku mva ya Radio Mowzey Hubatswe inzu izajya ikorerwamo amasengesho

Mu gihe hashize amezi atatu umuhanzi Radio, umwe mu bari bagize itsinda rya ‘GoodLyfe’ atabarutse, ubu umuryango we wafashe icyemezo cyo kubaka inzu iruhande rw’imva ashyinguyemo. Nk’uko bigaragara ku mafoto, iyi nzu si ntoya kuko ishobora kwakira abantu bataroi munsi 10, bigaragara ko iri hafi kuzura, gusa igikomeje kutera urujijo n’icyo iyi nzu izakorerwamo n’ubwo […]

Abasirikare ba Amerika babujijwe kugura telefoni z’Inshinwa za ‘Huawei na ZTE’

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabujije abasirikare bayo gukoresha telefoni zikorwa n’inganda zo mu Bushinwa ‘Huawei na ZTE’  ku mpamvu zisesengurwa nk’iz’intambara ishingiye ku bucuruzi hagati y’u Bushinwa na Amerika. Ubuyobozi bw’ingabo za Amerika, bukaba bwahawe amabwiriza aturutse i bukuru, avuga ko bagomba guha amabwiriza abasirikare kuva ku bato yo kutagura izi telefoni za Huawei […]

Umuyobozi wa Radiyo ‘Ijwi rya Amerika’ aranenga Leta y’u Burundi

Ubuyobozi bwa Radiyo ‘Ijwi rya Amerika’ buranenga cyane Leta y’u Burundi yafashe icyemezo cyo kuyihagarikira ibikorwa byo gutara amakuru byakorwaga ku butaka bwayo ndetse no guhagarika umurongo yahumvikaniragaho. Itangazo rihagarika ibikorwa bya Rariyo Ijwi rya Amerika,BBC, RFI, isanganiro,… ryasohowe ku wa Gatanu tariki ya 4 Gicurasi 2018, rivuga ko izi radiyo zihagarikiwe ibikorwa zakoreraga ku […]

Amateka ya Musenyeri Bigirumwami Aloys

Uyu ni Rubimburirangabo w’umunyarwanda, ufite isoko ku ngoma. Bigirumwami yavukiye mu Gisaka cy’Imirenge hafi ya Zaza, tariki ya 22 Ukuboza 1904. Uyu Bwiza.com iteruye iratira abakunzi, ni umwana w’umwami, ni umukirisitu, intwari y’umunyarwanda muri Ndumunyarwanda, akaba n’umwanditsi. Ari mu bo twakwita inkomarume mu bukirisitu nyarwanda, kuko ari mu banyarwanda babashije kugera kure mu buyobozi bwa […]