Zeid Hussein ugereranya u Burundi n’iseta ibagirwaho abantu’ aranenga Leta yabwo
Nyuma y’igitero cyagabwe mu Ntara ya Cibitoke mu Burundi, kigahitana ubuzima bw’abantu 26, Intumwa Nkuru ya Loni ku burenganzira bwa muntu, Zeid Ra’ad Al Hussein, aranenga Leta y’u Burundi itarabashije kurinda umutekano w’abaturage. Zeid Ra’ad Al Hussein avuga ko hakenewe ibisobanuro byinshi kuri ubu bwicanyi, hakamenyekana ababukoze, akavuga ko u Burundi bwuzuye ibinyoma. Yagize ati “Bishobora kuba byaturutse ku mpamvu […]
Ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi bwagaragarije Abasenateri raporo 'itekinitse' bunyomorezwa aho
Ubwo ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi bwagaragariza Abasenateri bagize Komisiyo y’ Ubukungu n’ Imari,  raporo igaragaza aho bageze bageza amazi meza ku baturage, basanze irimo itekinika batamarizwa aho, banemera kubikosora. Ku wa Kabiri tariki ya 15 Gicurasi 2018, ubwo Abasenateri bagize Komisiyo y’ Ubukungu n’ Imari, basuraga aka karere, nibwo babeshye, umwe muri bo agezaho yemera […]
Iyo FPR idatsinda intambara, nta mututsi uba usigaye mu Rwanda- Prof. Audoin Rouzeau
Urubanza ruregwamo Barahira Tito na Ngenzi Octavien bombi bayoboye Komini Kabarondo bakaba bashinjwa Jenoside rugeze mu bujurire i Paris. Nyuma yo kuba ruhagaze iminsi 10 (4-14 Gicurasi ) ku mpamvu z’uburwayi n’abunganizi bifuzaga kugera ahakorewe icyaha, kuri uyu wa mbere rwasubukuwe. Ibindi byagarutsweho mu rukiko : -Kwica abana niko gutsemba, n’uwari mu nda yahawe ubwoko aricwa, […]
Uganda: Umuryango wa Rutagungira ushinjwa gushimuta Lt Joel Mutabazi, uratabaza Loni
Umuryango wa René Rutagungira ufungiye muri Uganda wandikiye agashami ka Loni gashize uburenganzi bwa muntu, ugasaba kugira icyo ukora ku iyicarubozi ngo akorerwa aho afungiye. René Rutagungira, ni umunyarwanda, afungiye muri Uganda kuva mu Kanama 2017, ashinjwa ibyaha birimo ugushimuta Lt Joel Mutabazi wahoze ari mu basirikare barinda Perezida Kagame w’u Rwanda, agasubizwa mu Rwanda […]
Abahigira guhirika Leta y’u Rwanda umugambi ubapfubana ntaho bari bagera
Amwe mu mashyaka ya politiki akorera hanze y’u Rwanda agizwe n’abatavuga rumwe na Leta y’u Rwanda yagiye yishyira hamwe agamije icyo yise ‘impinduka mu Rwanda’, no kuvanaho ubutegetsi buriho ariko bamwe mu bayagize ntibyabahiriye, abandi bacika intege batararenga umutaru. Ubu, umunyapolitiki Rusesabagina Paul afatanyije na Sankara Callixte bavuga ko bishoye mu kibuga gushobora ibimaze kugeragezwa […]
Amama Mbabazi agiye gushyingirana na perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa
Mu minsi ya vuba, Amama Mbabazi wahoze ari Minisitiri w’Intebe muri Uganda araba bamwana wa Cyril Ramaphosa, umuyobozi mushya wa repubulika y’Afurika y’Epfo nyuma y’uko abana babo bashakanye bakabana nk’umugore n’umugabo. Chimpreports dukesha iyi nkuru ivuga ko umuryango wa Amama Mbabazi watangaje ko mu mpera z’iki cyumweru, mwishywa wa Amama Mbabazi witwa Bridget Birungi Rwakairu […]
Abahanzi batanu bahenze gutumira muri Uganda – Amafoto
Umuziki wa  Uganda umaze gutera imbere kuburyo utatinya kuvuga ko uri ku rwego rwo hejuru muri Afurika by’umwihariko Afurika y’iburasirazuba uku gukundwa kwawo bituma n’abawukora binjiza kuburyo bugaragara aho usanga abahanzi bo muri Uganda bihagazeho, igihe ukeneye umuhanzi wakwifashisha mu birori biba bigoye utifite, aba ni abahanzi 5 bahenze igihe ukeneye gutumira umwe muri bo. […]
Burundi: Abatavuga rumwe na leta basabye ko amahanga yabufatira ibihano
bikomeye Abanyepolitike batavuga rumwe na leta y’u Burundi bibumbiye mu muryango uharanira uburenganzira bwa muntu basabye ko amahanga yafatira kiriya gihugu ibihano bikomeyye kubera ibibazo biri mu miyoborere ndetse no muri politiki bavuga ko byatumye igihugu gicikammo ibice. Aba banyepolitiki biganjemo abari mu buhungiro bavugiye mu kiganiro bagiranye n’itangazamakuru cyateguwe n’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu […]
Nyamasheke: Umusaza w’imyaka 59 yasanzwe mu giti cy’imyembe yapfuye
Mu mudugudu wa Nyamugari, akagari ka Gasayo, umurenge wa Karengera ho mu karere ka Nyamasheke, haravugwa urupfu ruteye urujijo rw’umusaza, Ngendahayo Jean w’imyaka 59 y’amavuko, wabyutse saa munani z’ijoro  zo ku cyumweru tariki ya 13 Gicurasi 2018, ajya kwihagarika ntiyagaruka mu nzu, mu gitondo bamusanga mu giti cy’imyembe ho amanitse yapfuye. Nk’uko Bwiza.com yabitangarijwe n’umunyamabanga […]
Ku wa 16 Gicurasi 1994: Interahamwe n'abasirikare bishe Abatutsi benshi bari i Kabgayi
Mu gihe u Rwanda n’Isi yose bibuka ku nshuro ya 24 jenoside yakorewe Abatutsi, Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe kurwanya Jenoside (CNLG) itangaza ko ku munsi nk’uyu wa 16 Gicurasi mu 1994, Interahamwe n’abasirikare bishe abantu babarirwa mu magana bari bahungiye kuri Kiliziya i Kabgayi. Kuri iyi tariki kandi ingabo za FPR/Inkotanyi zafashe agace ka Bugesera zirokora abantu […]
U Rwanda rugiye kongera umubare wa za kamera zo ku mihanda mu mujyi wa Kigali
Leta y’u Rwanda igiye gushora akayabo ka Miliyari zigera kuri 5 z’amafaranga y’u Rwanda mu kugura izindi kamera zo ku mihanda zizwi nka CCTV hagamijwe gukaza umutekano mu mujyi wa Kigali. The New Times dukesha iyi nkuru ivuga ko iyi gahunda izashyirwa mu bikorwa guhera mu mwaka utaha, bikaba binateganyijwe ko aya mafaranga agomba kuzongerwa […]
Uganda: Umusaza w’imyaka 80 yarashe umugore we w’imyaka 30 aramwica
Polisi yo mu gihugu cya Uganda mu gace ka Mityana, iri mu iperereza ry’umusaza w’imyaka 80 bikekwa ko yaba yarashe umugore we akamwica. Nk’uko polisi yabitangarije chimpreports, ngo umusaza witwa Samuel Baliluno w’imyaka 80, acyekwaho kurasa umugore we, Agnes Nakimera mu rutugu ahita apfa. Umuvugizi wa polisi mu gace ka Mityana, rejiyo ya Wamala, Kikandwa […]