Dore ingingo 7 zizakurinda gutakaza akayabo k'urukundo

Mu rukundo ntihagomba ibintu bihambaye cyane cyangwa se by’akataraboneka kugira ngo umukobwa amenye ko umuhungu amukunda. Hari ibintu byoroheje bigira igisobanuro gikomeye mu rukundo. 1.Kugufasha mu bibazo byawe Burya mu buzima hari ubwo ibintu bikugora ukaremererwa, ukaba wanakenera ko haba uwagufasha. Iyo umuhungu akwegereye mu bibazo akifuza kukuba hafi mu bikugoye uzamenye ko (ashobora kuba) […]

Hagaragaye amakuru avuguruza ayuko umugore wa Safi yicuruza -Amafoto

Judithe Niyonizera wamamaye nyuma yaho akoreye ukwe we  na Safi  kuri ubu uba muri Canada ku bw’impamvu z’akazi hamenyekanye amakuru nyayo y’akazi akora avuguruza ayari amaze iminsi avugwa ko yicuruza. Inshuti ye bakorana yabwiye Umuseke dukesha iyi nkuru  ko nubwo ako kazi aho baba nako ari akazi nk’indi mirimo yose ariko atari nako Judith Niyonizera […]

Rwamagana :Ubuyobozi bw’akarere buremeza ko umuhigo wa mituweli ariwo wonyine  utaragezweho 100%

Mu kiganiro ubuyobozi bw’akarere ka Rwamagana bwagiranye n’abanyamakuru ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, itariki 20 Nyakanga, umuyobozi w’akarere Mbonyumvunyi Radjabu yatangaje ko akarere imihigo 71 muri 72 kahize yeshejwe 100 ku ijana uretse umuhigo wa Mituweli weshejwe ku kigero cya 90.5 ku ijana Meya Mbonyumuvunyi yatangaje ko bishimira uburyo akarere kesheje imihigo ndetse yemeza […]

USA: Abantu hafi 20 baguye mu mpanuka y’ubwato yabereye mu kiyaga

Abantu bagera kuri 17 barimo abana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika baguye mu mpanuka y’ubwato bwarohamye mu kiyaga Table Rock mu ijoro ryo kuwa kane ushize bitewe n’umuyaga mwinshi uvanze n’imvura byagaragaye muri Leta ya Missouri. Abayobozi bo mu mujyi wa Branson, mu Karere ka Stone, ahabereye iyi mpanuka, kuri uyu wa Gatanu batangaje […]

Polisi yafatiye ibiyobyabwenge na caguwa za magendu mu Majyaruguru no mu Burengerazuba

Mu rwego rwo gukomeza kurwanya ibiyobyabwenge n’ibindi bicuruzwa byinjira mu gihugu mu buryo bwa magendu, mu mikwabu ya Polisi yakoreye mu Ntara y’Amajyaruguru niy’Uburengerazuba, hafashwe amoko atandukanye y’ibiyobyabwenge n’imyenda ya caguwa byinjiraga mu gihugu mu buryo bwa magendu. Mu karere ka Gicumbi mu murenge wa Rukomo, mu ijoro ryo ku itariki ya 18 Nyakanga hafatiwe […]