Tubigiyeho byinshi natwe tugiye kubitangiza iwacu – Min. Dr Djalal Adrjoun

Minisitiri w’umuryango n’uburenganzira bw’umwana wo mu gihugu cya Tchad Dr. Djalal Adrjoun Khalil n’abandi bayobozi bazanye mu ruzinduko mu Rwanda, basuye urugo mbonezamikurire y’abana bato ECD Nyagatovu, rwubatse mu Murenge wa Mukarange.Nyuma yo gusura ibikorwa bitandukanye bifasha mu kuboneza imikurire y’abana n’ibifasha abagore kwiteza imbere, yavuze ko mu Rwanda hari byinshi bahigiye bagiye kubitangiza iwabo. […]

Polisi yagaruje ibiro bisaga 140 bya gasegereti yari yibwe muri Rutongo Mining Company

Polisi y’u Rwanda yari imaze iminsi ifite amakuru aturuka mu baturage no mu buyobozi bw’ikigo cy’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro gikorera mu karere ka Rulindo, mu murenge wa Masoro cyitwa Rutongo Mining Company ko  hari abantu biba amabuye muri iki Kigo bakajya kuyacuruza mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Ku itariki 25 Nyakanga uyu mwaka Polisi yakoze umukwabu wo […]

RDC: Abantu batanu baguye mu mpanuka y’indege ya kompanyi ya Air Kasai

Abantu bagera kuri batanu baguye mu mpanuka y’indege yo mu bwoko bwa Antonov ya kompanyi y’indege yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yabereye hafi y’umupaka w’iki gihugu na Angola kuri uyu wa gatanu, itariki 27 Nyakanga. Iyi ndege ya kompanyi y’indege ya Air Kasai, yamanutse butosho nyuma y’akanya gato ihagurutse mu Mujyi wa Kamako, […]

Ibyo twakoreye Diamond bibere abandi isomo- ikigo cya BASATA

Ikigo cy’igihugu gishinzwe   iby’ubuhanzi muri   Tanzaniya cyatangaje ko ibyo cyakoreye umuhanzi Diamond Platinumz ubwo cyamubuzaga gukorera ibitaramo bye hanze bikwiriye kubera isomo abandi bahanzi.  Umunyabanga Nshingwabikorwa wa BASATA, Godfrey Mngereza yavuze ko icyemezo cyafatiwe Diamond kuwa 26 Nyakanga ari   uburyo bushya buriho aho umuhanzi wese ugiye kujya hanze agomba kuba yahawe icyemezo […]

Gacinya Denis wayoboye Rayon Sports yagizwe umwere ahita afungurwa

Umunyemari wamamaye cyane kubera umwanya w’ubuyobozi yari afite muri Rayon Sports bwana Gacinya Chance Denid yagizwe umwere nyuma yamezi umunani ari muri gereza akurikiranyweho kunyereza umutungo wa leta abinyujije  kompanyi yari abereye umuyobozi Kuri uyu wa Gatanu ni bwo urukiko rwa Rusizi rwategetse ko uyu Gacinya Denis hamwe na Gtaha Jean Paul baregwanaga hamwe barekurwa […]