U Burundi bugiye kugura mu Burusiya 'Pantsir-S1'  irasa missiles zikingira ibitero byo mu kirere

Igihugu cy’u Burundi kiri mu nzira zo kugura mu Burusiya imbunda yo kwikingira ibitero by’indege nk’uko amakuru atandukanye haba mu Burundi ndetse no mu Burusiya abyemeza. Nk’uko inkuru Rassian Television ikesha Ibiro Ntaramakuru by’u Burusiya, RIA Novosti, ivuga, ngo igihugu cy’u Burundi kiri gutekereza uko cyagura imbunda irasa missiles zikingira ibitero byo mu kirere ikorerwa […]

Amajyaruguru: Batatu bafatanywe ibiro 36 by’urumogi n’amaduzene arenga 200 y’inzoga zitemewe

Polisi y’u Rwanda ikorera Muturere twa Burera na Gakenke,kuri uyu wa 24 Kanama yafashe ibiyobyabwenge bitandukanye bigizwe n’ibiro 36 by’urumogi,Litiro 81 za Kanyanga, n’amaduzeni 203  y’inzoga zitemewe zo mubwoko bwa  Blue Sky na chief warage byinjijwe mu gihugu n’abacuruza ibiyobyabwenge bazwi nk’abarembetsi muri utu turere. Abafatanywe ibi biyobyabwenge ni Habyarimana Gilbert w’imyaka 34 y’amavuko, Dushimimana […]

Perezida Kagame ni umwe mu bakuru b’ibihugu bitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Mnangagwa – Amafoto

Perezida wa Zimbabwe, Emmerrson Mnangagwa, kuri iki Cyumweru, itariki 26 kanama yarahiriye manda ye ya mbere nyuma y’umwaka yari amaze ari perezida w’inzibacyuho, aho yarahiriye kutazahemukira igihugu, kubaha no kurinda itegeko nshinga n’andi mategeko ya Zimbabwe kandi ko azarinda akanateza imbere uburenganzira bw’abaturage b’iki gihugu. Iki gikorwa cyitabiriwe n’abakuru b’ibihugu bya Afurika batandukanye barimo Perezida […]

Gen Kayihura yemerewe gukurikiranwa adafunze kuri bail kimwe n’undi muturage – Gen Muhoozi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen David Muhoozi aravuga ko uwahoze ari umukuru w’igipolisi ufunze, Gen Kale kKa, kimwe n’undi muturage wese wa Uganda. Ibi umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yabitangaje nyuma y’umunsi umwe Gen Kale Kayihura  agejejwe imbere y’urukiko rukuru rwa gisirikare rwa Makindye bwa mbere, kuva yatabwa muri yombi kuwa 13 Kamena, akamenyeshwa […]

Minisitiri Kaboneka yibukije abasoje amasomo yo kwinjira muri Dasso guha agaciro no kubaha umuturage

Mu ishuri rya Polisi y’u Rwanda rya Gishari mu Karere ka Rwamagana kuri uyu wa Gatandatu, itariki 25 Kanama habereye umuhango wo kwambika aba-DASSO 515 basoje imyitozo yo kunganira Uturere mu gucunga umutekano. Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Francis Kaboneka aherekejwe n’abandi bayobozi barimo umukuru wa polisi, IGP Emmanuel Gasana, niwe wari umushyitsi mukuru muri uyu  muhango […]

Kirehe: Polisi yasubije Kompanyi y’Abashinwa ikora umuhanda Mazutu yari yibwe

Polisi y’u Rwanda Ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, ku wa 24 Kanama yasubije Kompanyi y’Abashinwa (CRBC) ikora umuhanda Gasenyi-Gasarabwayi-Nganda, litiro 270 za Mazutu yibwe. Iyi Mazutu ikaba yaribwe ku wa gatatu taliki ya 22 Kanama, yibwe n’abashoferi b’iyi Kompanyi. Ifatwa nyuma y’iminsi ibiri mu Kagari ka Cyanya, Umurenge wa Kigarama. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara […]