Kicukiro: Urubyiruko rwiyemeje gufasha Akarere kwesa neza imihigo ya 2018-2019
Urubyiruko rw’Akarere ka Kicukiro ruravuga ko rugiye gukora uko rushoboye rugafasha ubuyobozi bw’Akarere kwesa neza imihigo kahize muri uyu mwaka w’ingengo y’imari wa 2018-2019. Ibi ni ibyatangarijwe mu igikorwa cyo gusinya imihigo y’inama y’igihugu y’urubyiruko 2018-2019 no guhigura imihigo ya 2017-2018 cyahuje ubuyobozi bw’Akarere n’abahagarariye urubyiruko mu Mirenge igize Akarere ka Kicukiro. Ni igikorwa cyabanjirijwe […]
Mu mezi 9 Kampala izaba ari umujyi utandukanye kandi utekanye — Perezida Museveni
Perezida Yoweri Museveni yatangaje ko mu mezi icyenda ari imbere umujyi wa kampala uzaba utandukanye utekanye kandi usukuye, aho avuga ko kubona no gushyira aho byagenewe ibikoresho by’ikoranabuhanga bigezweho byo gucunga umutekano nka za camera na za drones bizaba byamaze kurangira. Perezida Museveni yagize ati: “Nabizeza ko mu mezi 9, Kampala izaba ari umujyi utandukanye. […]
Abanyamusambira basabwe ubufatanye mu gukemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza
Aya ni amwe mu magambo agize ubutumwa Nyakubahwa  Guverineri Madame Mureshyankwano Marie Rose yagejeje ku Banya Musambira, mu ruzinduko yagiriyeyo, aho yari aherekejwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Madame Kayitesi Alice, abayobozi batandukanye mu nzego z’ibanze n’iz’umutekano kuwa Kabiri ushize, italiki 11 Nzeri 2018. Mu ijambo rye ry’ikaze, Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, madame Kayitesi Alice, yagaragaje ibyishimo […]
Umugande ukina muri Sweden ashobora gusubizwa iwabo kubera ubutinganyi ashinjwa
Umusore w’Umugande ukinira ikipe y’umupira w’amaguru ya Bullermyrens ik, yo mu cyiciro cya 3 muri Sweden witwa Patrick Mulyanti ashobora gusubizwa muri Uganda kubera icyaha cy’ubutinganyi no kubushishikariza abandi akurikiranweho. Patrick Mulyanti uri mu myaka 20, ngo yavuye muri Uganda atorotse nyuma yo kumara igihe akwepana na polisi muri Mengo na Wakiso, aho yashinjwaga ko […]
Zambia: Abanyarwanda babiri birukanwe bashinjwa kuba intasi z’u Rwanda batsinze urubanza
Abanyarwanda babiri bari impunzi mu gihugu cya Zambia; Innocent Habumugisha na Egide Rwasibo, bigeze kwirukanwa muri muri iki gihugu mu Ukuboza 2015 bashinjwa kuba intasi za Guverinoma y’u Rwanda no guhungabanya umutekano muri Zambia, batsinze urubanza mu Rukiko Rukuru rwa Zambia mu cyumweru gishize, umucamanza yemeza ko kwirukanwa kwabo bitari bifite impamvu. Urukiko rukaba rwanzuye […]
USA: Abantu 12 bamaze guhitanwa na Serwakira yiswe Florence
Serwakira yahawe izina rya Florence n’ibikurikizizi byayo birimo amazi arenga inkombe z’inyanja n’imigezi muri Leta zunze ubumwe za Amerika, bimaze guhitana abantu 12. Leta za Carolina y’Epfo na Carolina ya Ruguru, ni zo zibasiwe cyane. Hafi amazu yo guturamo n’ay’ubucuruzi bigera kuri miliyoni ni byo bimaze kubura umuriro w’amashanyarazi kubera iyo serwakira, yatumye n’abantu benshi […]