Bobi Wine akomeje kwiyegereza urubyiruko mu rugamba rwo kurwanya Perezida Museveni
Depite Kyagulanyi Robert (Bobi Wine) akomeje kugaragara kenshi yigisha urubyiruko ndetse anarushishikariza kuba umusemburo w’ impinduramatwara ikenewe mu gihugu cya Uganda. Uyu mu depite ashingira kuri ibi yerekana uburyo Perezida Museveni yari afite ibitekerezo byiza akigera ku butegetsi ngo kuko nawe yari urubyiruko. Ubwo kuwa 10 Ukwakira 2018, umudepite uhagarariye Akarere k’ Uburasirazuba bwa Kyadondo […]
Opinion: Igihe kirageze ngo u Rwanda rumurikire Isi, abiyita abahanuzi bamware
Hashize imyaka myinshi numva abayita abahanuzi bahanurira abayobozi b’ u Rwanda n’ igihugu ibyago bikubiyemo intambara, amatage n’ icuraburindi, nsanga rero igihe kigeze kugira ngo ibyo binyoma bibure intebe, ibinyoma bibure intebe , abangaga u Rwanda n’abiyitaga abahanuzi b’ibibi bamware. Mpereye ku mateka nyabami y’ u Rwanda rwa Gihanga Ngomijana nigishijwe ko abanyarwnda bari bamwe […]
Nyarugenge : Uwarembeye mu kibandahori yajyanwe kwa muganga aho gucyurwa iwabo
Mu kagari ka Rugenge, umurenge wa Muhima, hari umugabo wakoraga umurimo wo kwikorera imizigo (umukalani) warembeye mu nzu, nyuma bamwe mu baturage bashaka guteranya amafaranga ngo asubizwe iwabo mu majyepfo, ariko umujyanama w’ubuzima ababera ibamba ngo abanze avuzwe. Uyu ubana n’ubwandu yatawe n’umugore bamaranye igihe nubwo batabyaranye. Amaze kuzahara, yabuze ubwishyu bw’inzu yabanagamo n’abakalani bagenzi […]
Tugomba kuba abantu bafite isuku nk'Abanyarwanda – Min. Zuraida
Minisitiri ushinzwe imiturire n’ubutegetsi bw’igihugu muri Malaysia, Zuraida Kamaruddin,  yasabye abaturage b’igihugu cye guhindura imyitwarire bakagira isuku kuko ngo n’u Rwanda rwabatambutse muri uru rwego. Minisitiri Zuraida yavuze ko bakeneye kwigana umuco w’isuku w’u Rwanda kandi bakajya bahora bibutsanya kubungabunga isuku birinda kujugunya imyanda aho babonye nk’uko iyi nkuru dukesha The Star ikomeza ivuga. Zuraida […]
Uganda: Undi Munyarwanda yasubijwe mu Rwanda nyuma y’iminsi akorerwa iyicarubozo
Abategetsi ba Uganda basubije mu Rwanda undi mucuruzi w’Umunyarwanda wafatiwe mu isoko rya Owino n’abakozi b’urwego rw’ubutasi mu gisirikare (CMI). Uyu Munyarwanda witwa Patrick Niyigena, utuye Remera, ngo kuwa 08 Ukwakira 2018 yari agiye I Nairobi aho yari agiye kugura ibyuma bya firigo byo gucuruza I Kigali, ariko ahagarara I Kampala amasaha 2, aho yafashe […]
 Kanye West na Kim Kardashian bari kubarizwa muri Uganda
Umuraperi w’Umunyamerika, Kanye West n’umugore we, Kim Kardashian bageze mu gihugu cya Uganda kuri uyu wa Gatanu, itariki 12 Ukwakira, aho bagiye kurangiriza album ye yari itegerejwe cyane yise Yandhi. Kanye West akaba yerekeje muri Uganda nyuma yo gusura perezida Donald Trump muri White House akavugirizwa induru n’abahanzi bagenzi be barimo n’abavuze ko batazongera kumuvugisha […]
U Burundi burashinja u Bubiligi kuba inyuma y’iyicwa ry’Intwari yabwo
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 13 Ukwakira 2018 nk’uko bisanzwe buri mwaka Abarundi bibutse iyicwa ry’intwari y’igihugu, Igikomangoma Louis Rwagasore wishwe mu 1961 yiciwe muri Hotel Tanganyika I Bujumbura, aho ubutegetsi bw’u Burundi mu itangazo bwashyize ahagaragara bwashinjije u Bubiligi uruhare mu iyicwa ry’uyu mugabo waharaniye ubwigenge bw’u Burundi. Abagize guverinoma batandukanye barimo abaminisitiri, abadepite, […]
Ngoma: Polisi yafashe inzoga zitemewe mu gihugu n’ibicuruzwa bya magendu
Muri iki cyumweru dusoza Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego bakoze igikorwa cyo kugenzura abacuruzi bacururiza mu murenge wa Mutenderi bamwe bafatanwa ibicuruzwa bya magendu ndetse n’ibicuruzwa bitemwe mu gihugu. Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Ngoma Chief Inspector of Police(CIP) Dominique Nkurunziza avugako iki gikorwa cyakozwe mu rwego rwo rwo kurwanya magendo ndetse […]