Yatawe muri yombi azira kwita Perezida Museveni “ Bosiko”
Umusore witwa Joseph Kasumba yatawe muri yombi na Polisi yo mu gace ka Kanoni mu Karere ka Gomba aryozwa gutuka Perezida Museveni amwita Bosiko. Bosiko ni izina akenshi urubyiruko rwo muri Uganda rukoresha mu kugaragaza umuntu witwara nk’udasirimutse. Kasumba usanzwe ari umushoferi w’imodoka itwara ibintu bivugwa ko umwe mu bashoferi yimye inzira imodoka zari zitwaye […]
Sudani: Abigaragambya kubera umugati bakwiye imishwaro
Igipolisi cyo muri Sudani  kuri uyu wa Gatanu cyifashishije ibyuka biryana mu maso cyatatanyije abaturage bigabye mu mihanda y’umujyi wa Omdurman basaba ko agaciro k’umugati kagabanuka. Imyigaragambyo yatangiye kuwa 19 Ukuboza 2018 mu mijyi hafi ya yose yo mu gihugu cya Sudani bitewe n’icyemezo cya Leta cyo kongera agaciro k’umugati. Umwe mu baturage wari mu […]
Icyo Maj. Ntuyahaga avuga ku basirikare b’Ababiligi bishwe abigizemo uruhare
Uwahoze mu gisirikari cyo ku butegetsi bwa Perezida Juvenal Habyarimana, Maj. Bernard Ntuyahaga avuga ko kugeza ubu yemera imyanzuro y’urukiko ku cyaha cyo kugira uruhare mu kwica abasirikare 10 b’Ababiligi barindaga uwari  Minisitiri w’Intebe, Uwiringiyimana Agathe mu 1994. Ntuyahaga yashinjwe ko yavanye  kwa Uwiringiyimana Agathe abasirikare 10 b’Ababiligi  bari bashinzwe kumurinda, akabashyikiriza bagenzi be bo […]
Uwahoze ari umugore wa Katawuti avuga ko ashobora gushyingirwa cyangwa akica
Uwahoze ari umugore wa Katawuti Ndikumana ari we Irene Uwoya uzwi nka Oprah avuga ko nyuma yo gutandkana n’uwo bari baherutse gushyingiranwa ashobora gushyingirwa bya nyabyo cyangwa akica. Uyu mugore yatandukanye n’umuhanzi Dogo Janja bari bashakanye mu ntangiriro z’umwaka wa 2018. Oprah avuga ko amaze kurambirwa kuba mu rukundo rutagira intego. Yemeza ko agiye gufata […]
Umutwe ukarishye kurusha imbonerakure watumye Abarundi  25 bahungira mu Rwanda
Umutwe witwa (Abamigisi) bivugwa ko ukase kurusha imbonerakure watumye Abarundi basesekara mu Rwanda bikanga kugirirwa nabi. Aba Barundi ahanini biganjemo abana binjiriye  ku mupaka wa Nembauhuza u Rwanda n’u Burundi  mu Karere ka Bugesera kuri uyu wa 4 Mutarama 2019. Umwe muri aba yabwiye itangazamakuru ko batahutse bavuye mu gihugu cya Tanzaniya ariko ko batigeze […]
Ubukwe bwa Diamond na Tanasha buzaba iminsi ine yikurikiranya
Nasibu Abdul wamamaye nka Diamond Platnumz ari mu bakomeye muri Afurika mu bijyanye n’umuziki, ari kwitegura ubukwe bwakataraboneka we n’umunyamakurukazi ukomoka muri kenya witwa Tanasha Donna , ubukwe buteganyijwe kuba tariki 14 Gashyantare 2019 bukaba iminsi ine ikurikirana. Ubu bukwe bwitezweho kuba ubwagatangaza mu karere nk’uko ibinyamakuru binyuranye byo muri Kenya byakomeje kubitangaza. Umwe mubagize […]