Imbamutima ku baturage bo mu Ntara y’Iburasirazuba, Amajyepfo bashimira RDO

Ku wa Gatatu tariki ya 13 Gashyantare 2019 , Umuryango RDO (Rwanda Development Organisation) mu mwiherero w’iminsi ibiri wahuje abakozi n’abafatanyabikorwa bawo, bishimira ibikorwa bitandukanye uyu muryango wakoze, ahanini bishingiye ku buhinzi, ibidukikije n’iterambere rirambye byakozwe mu myaka 24 ishize uyu muryango ushinzwe, hagaragajwe impinduka zabayeho zihurizwaho n’abaturage baturuka mu turere tumwe na tumwe two […]

50 Cent yatwitse imyenda ya Kompanyi ya Gucci yari atunze

Umuraperi 50 Cent  yatwitse imyenda yose ya Kompanyi ya Gucci yari atunze mu rwego rwo kwamagana ivangura ruhu ryakozwe n’iyi kompanyi. Kompanyi ya Gucci yari yasabye imbabazi ku kuba yarakoresheje umuntu wirabura mu kwamamaza ibicuruzwa byabo. Ibi abantu benshi babifashe nk’ivangura rishingiye ku ruhu. [penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” […]

RDC: Abana 6 bavukana bapfiriye rimwe nyuma yo kugwirwa n’inzu

Abana batandatu bo mu muryango umwe mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu, itariki 13 Gashyantare bapfiriye rimwe bazize inkuta n’igisenge by’inzu byabagwiriye ahitwa Kananga, muri Kasai yo Hagati, ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Se w’abana yakomeretse bikabije ajyanwa kwa muganga, naho nyina utari uhari abasha kurokoka iyi mpanuka. Inkuru dukesha Radio Okapi […]

Bisangabagabo wakozwe ku mutima na jenoside yiyemeje kuvana mu bukene urubyiruko

Nyuma yo gusoza amashuri ye muri Kaminuza Nkuru y’ u Rwanda mu ishami ry’ Uburezi n’ Ubukungu mu mwaka wa 2008, Bisangabagabo Kimenyi Dieudonne wavutse mu 1979, yihaye intego yo gufasha urubyiruko kwihangira imirimo. Mu rwego rwo kugera kuri iyi ntego yo gufasha urubyiruko,  Bisangabagabo yahise ashinga umuryango CSDI/Rwanda kugira ngo arwanye ubukene bwugarije ahanini […]

Abandi Banyarwanda bajugunwe Kagitumba nyuma yo gukoreshwa imirimo ivunanye

Abanyarwanda batanu  bagejejwe ku mupaka wa Kagitumba nyuma y’igihe muri gereza muri Uganda aho bakoreshwejwe imirimo ivunanye. Bavuga ko bari bamaze bafungiye muri gereza ya Ntungamo na Kasese, bivugwa ko hari abandi Banyarwanda benshi. Umwe muri aba,  Felicien Ntigurirwa wo mu Karere ka Gatsibo, yavuze ko yagiye muri Uganda mu 2018 agiye gusura abavandimwe be, […]

Ambasaderi w’u Burundi aravuga ko EAC nidatumiza inama ku bibazo byabwo n’u Rwanda izagira ibibazo

Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) ngo ugomba gutumiza inama yo kugerageza gucyemura ibibazo by’imibanire mibi hagati y’u Burundi n’u Rwanda, naho ngo nibitagenda gutyo umwuka mubi hagati y’ibi bihugu byombi by’ibinyamuryango uzahagarika imigambi y’ubukungu y’uyu muryango nk’uko Ambasaderi w’u Burundi mu Burusiya, Edouard Bizimana, yabitangarije ikinyamakuru Sputnik cyo muri iki gihugu. Mu mpera z’umwaka ushize, […]

Umupolisi yasambanyirije  umugore mu biro  nyuma yo kumufatiraho imbunda

Polisi ya Kira mu Mujyi wa Kampala yataye muri yombi umwe mu bapolisi bakuru waguwe gitumo asambanya umugore witwa Hellen w’imyaka 19 wari ufite ibyaha akurikiranweho. Uwatawe muri yombi yitwa Langu usanzwe akorera kuri Sitasiyo ya Kirinya muri Bweyogerere. Inkuru dukesha Spyreports ivuga ko Hellen yafunzwe kuwa 9 Gashyantare 2019 ashinjwa guhohotera umukobwa we. Iyi […]

Jose Chameleone yaguriye umugore we inzu ihenze muri Amerika- AMAFOTO

Mu gihe hizihizwa Umunsi Mukuru w’Abakundanye (Valentine’s Day ), kuri uyu wa 14 Gashyantare, umuhanzi Dr. Jose Chemeleone wo muri Uganda, yashyize hanze amafoto y’inzu yaguriye umukunzi we, Danielle wamubyariye abana batanu. Ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Uganda gitangaza ko iyi nzu Chameleone yayiguriye umugore we, mu gihe hashize iminsi mike we, umugore we n’abana bagiye […]

Uganda: Anthony Katamba uvugwaho uruhare mu iyirukanwa rya Tabura na bagenzi be yirukanwe muri MTN

Anthony Katamba, wari umwe mu bayobozi bakuru muri MTN-Uganda, wari unashinzwe ibibazo bijyanye n’amategeko, avuga rikijyana, yirukanwe azira amakosa atandukanye arimo kuba yaratanze amakuru yaviriyemo kwirukanwa ku butaka bwa Uganda bagenzi be b’abanyamahanga bakoranaga barimo Umunyarwandakazi Annie Tabura. Biravugwa ko umuyobozi Mukuru wa MTN-Uganda, Wim Vanhelleputte yirukanye Katamba nyuma y’aho kuwa Kabiri yahamagajwe n’urwego rushinzwe ubutasi […]

Urubanza rwa Wema Sepetu rugeze ahashobora kumugwa nabi

Urubanza rw’Icyamamare muri Sinema muri Tanzaniya, Wema Sepetu rugeze ahakomeye ahoagomba gusomerwa ibyavuye mu iperereza ry’ibanze ku cyaha cyo gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni. Kuwa 15 UKwakira 2018, Wema Sepetu yashyize hanze amashusho ari kumwe n’umukunzi we, Patrick bari mu buriri barimo kwishimisha. Ibi byatumye abayobozi benshi bo muri Tanzaniya bamaganira kure imyitwarire y’umukobwa ufatwa nka bandebereho […]

Kigali: Hibajijwe impamvu cyamunara y’uruganda rw’abo kwa Rwigara yajyanwe gukorerwa ku biro bya RRA

Urukiko rw’Ibanze rwa Kacyiru, mu Mujyi wa Kigali rwaburanishije urubanza umuryango wo kwa Rwigara Assinapaul uregamo  Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imisoro n’Amahoro (RRA) n’Umuhesha w’Inkiko, Habimana Vedaste, urubanza rwagaragayemo impaka nyinshi ku mpande zombi, aho uwunganira uyu muryango yibajije impamvu cyamunara itabereye aho uruganda ruri. RRA n’Umuhesha w’Inkiko, Habimana Vedaste bateje cyamunara ku wa 3 Ukwakira […]

Amajyaruguru: Hagiye kubakwa ikigo cy’ubushakashatsi no kubungabunga ingagi zo mu birunga

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Gashyantare 2019 mu Murenge wa Kinigi, Akarere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru, habereye umuhango wo gushyira ibuye ry’ifatizo ahagiye kubakwa ikigo kigezweho kigamije ubushakashatsi no kubungabunga ingagi n’urusobe rw’ibinyabuzima byo mu Birunga, kitiriwe umunyamerikakazi Ellen DeGeneres. Uyu muhango witabiriwe n’Abayobozi batandukanye, barimo Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubukerarugendo mu Kigo […]

RDC: Haravugwa inyeshyamba zatangiye gusoresha abaturage no kubakoresha imirimo y’agahato

Abaturage bo mu duce twa Luibo na Lukweti muri Teritwari ya Masisi, muri Kivu y’Amajyaruguru, ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa kabiri ushize, itariki 12 Gashyantare, bamaganye ihohoterwa bakorerwa n’inyeshyamba z’umutwe wa NDC/Rénové uyoborwa n’uwitwa Guidon, aho bavuga ko izi nyeshyamba zibasoresha imisoro itemewe n’amategeko ndetse zikanabakoresha imirimo y’agahato bagasaba ubutegetsi […]

Gasabo/Karuruma: Ingabire Claudine waranguzaga urumogi yafatanwe udupfunyika 4100

Ku wa Kabiri tariki ya 12 Gashyantare 2019,  mu murenge wa Gatsata  mu karere ka Gasabo ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge ryafashe umugore wari ubitse udupfunyika 4 100 tw’urumogi mu nzu ye. Akaba yafatishijwe n’uwari uvuye kumugurira utundi dupfunyika 100.  Abafashwe ni Simba w’imyaka 41 y’amavuko wafatanwe udupfunyika 100 tw’urumogi ,wahise unerekana aho yatuguze […]

Leta ya Uganda yemeye ko hari Abanyarwanda iherutse kwirukana ku bw’impamvu zihariye idatangaza

Leta ya Uganda yahakanye amakuru avuga ko hari Abarundi baba bafite ibyangombwa by’inzira yangira kwinjira muri iki gihugu, ikemeza ko hari Abanyarwanda baherutse kwirukanwa ariko bitari ku bw’impamvu zo kuba badafite ibyangombwa. Uwungirije umuvugizi w’igipolisi cya Uganda, Poly Namaye yemera ko hari umukozi wa MTN Uganda w’Umunyarwandakazi uherutse kwirukanwa hamwe n’umufaransa, ndetse ko hari n’abandi […]

Kamonyi: Abangavu barasabwa kujya batangira amakuru ku gihe y’ababahohoteye

Mu bukangurambaga  bwo  kurwanya  ihohoterwa  rishingiye ku  gitsina rikorerwa  Abagore  n’abana  mu karere  ka  Kamonyi,  abana  b’abangavu  basabwe  kujya  batangira  amakuru  ku gihe  y’ababahohoteye  kuko  hari  abaterwa  inda  bagahishira  bityo  bikabagiraho  ingaruka zituma  n’iri  hohoterwa  ridacika Mugabekazi  Teta Georgette  umwe  mu  bana  batewe  inda afite imyaka  cumi  n’irindwi  avuga  ko  nubwo uwayimuteye  bakivugana  atigeze  atekereza  […]