Kwibuka 25: U Rwanda n’Ubufaransa bibanye gute, ubumwe n’ubwiyunge nyuma y'imyaka 25?
Kwibuka Jenoside ku nshuro ya 25, ni umuhango ushobora kuzitabirwa n’abanyacyubahiro bakomeye barimo Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron, igihugu cyakunze gutungwa agatoki n’u Rwanda mu kuba cyarashyigikiye ubutegetsi bwakoze jenoside yakorewe abatutsi muri 1994. Aha kandi umuntu ashobora kwibaza k’ubumwe n’ubwiyuge , uko buhagaze nyuma y’imyaka 25 mu Rwanda? Ibyo kuza kwa perezida w’Ubufaransa byagiye bihwihwiswa […]
Umunyamakuru Mike Karangwa yasabiwe umugeni na Bamporiki Edouard – Amafoto
Kuri iki cyumweru tariki ya 17 Gashyantare 2019, Umunyamakuru Mike Karangwa wakoze mu ibitangazamakuru bitandukanye ndetse akabyubakiramo izina yasabye aranakwa umukobwa bamaze igihe bakundana . Uyu muhango wo gusaba no gutanga inkwano mu muryango ubaye nyuma yaho Tariki ya 14 Gashyantare 2019, mu murenge wa Niboyi ho mu karere ka Kicukiro , Mike Karangwa na […]
Gasabo: Umwarimukazi amaze imyaka itatu mu nzu idakinze
Mu murenge wa Rutunga, akarere ka Gasabo, abarimu bubakiwe inzu ebyiri zo gucumbikamo ariko nta n’imwe irangiye, ku buryo abarimu bake bazibamo uko ziri: zidakinze, nta mazi, nta mashanyarazi, nta bwiherero, nta pulafo, nta gikoni n’ibindi biburaho. Ni ku gicamunsi cyo kuwa gatandatu, tariki ya 9 Gashyantare 2019, abaturage babukereye bagana iya sitade Rutunga kwakira […]
Yvan Buravan yakomereje ibitaramo bye muri Mali nyuma yo kuva mu iserukiramuco muri RDC
Umuhanzi w’umunyarwanda, Yvan Buravan yerekeje i Bamako muri Mali muri kimwe mu bitaramo 12 yateguriwe na radio y’abafaransa, RFI. Ni nyuma yo kwegukana irushanwa rya “Le Prix Decouvertes”. Yafashe uru rugendo avuye mu iserukiramuco (Amani Festival) ryabereye i Goma kuri uyu wa 16 Gashyantare 2019. Mu rukerera rw’uyu wa 17, Buravan n’itsinda rye rimufasha mu […]
Leta ya Tanzania yanze ubusabe bwa Diamond bwo kwitirirwa kamwe mu duce tugize Dar es Salam
Icyamamare mu muziki muri Tanzania, Afurika y’i Burasirazuba ndetse n’igice kinini cya Afurika; Diamond Platinumz yasabye ubuyobozi ko bwakwita izina rye agace atuyemo ariko ntibyahabwa agaciro. Amakuru dukesha ikinyamakuru Global Publishers gikorera muri iki gihugu, aravuga ko Diamond yari amaze igihe kirekire asaba leta ko yakwitirirwa agace ka Mivumoni gaherereye mu murwa mukuru, Dar es […]
Sir Alex Ferguson azongera atozeho Manchester United ku mukino wa gishuti na Bayern Munich
Alex Ferguson yahawe amahirwe yo gutoza Manchester United ku mukino w’abakanyujijeho uzayihuza na Bayern Munich yo mu Budage, muri Gicurasi. Ni nyuma y’imyaka 20 iyi kipe itwaye ibikombe bitatu bikomeye mu mwaka w’imikino w’ 1998/1999. Mu mwaka w’1999, igihe iyi kipe yo mu Bwongereza yatozwaga n’uyu musaza, yatwaye igikombe cya shampiyona, igihuza amakipe yitwaye neza […]
Ikibazo cya MTN Uganda ngo cyaba cyashyize Perezida Museveni mu gihirahiro
Umwuka mubi hagati y’abayobozi ba Uganda n’ikigo mpuzamahanga cy’itumanaho kinini mu bikorera muri iki gihugu warushijeho gukara kuwa Kane ushize nyuma y’iyirukanwa ry’uwari umuyobozi mukuru w’iki kigo, Umubiligi, Wim Vanhelleputte, ngo waba washyize perezida Museveni mu gihirahiro, aho ngo agomba guhitamo kwizera inzego ze z’iperereza cyangwa kwiregura kw’iki kigo mpuzamahanga gishyigikiwe n’ibihugu bitatu by’ibihangange. Kuva […]
Babiri bafatanwe imifuka y’urumogi bakwirakwizaga mu baturage
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 16 Gashyantare nibwo Polisi y’u Rwanda yagaragaje uwitwa Uwingeneye Jeanette w’imyaka 32 wari utuye mu murenge wa Kinyinya mu karere ka Gasabo na Mugabe Alex w’imyaka 40 wari utuye mu murenge wa Masaka mu karere ka Kicukiro. Bagaragarijwe itangazamakuru nyuma yo gufatanwa imifuka ibiri yuzuye urumogi rwapimaga […]
RDC: Umugabo yakase imitwe umugore n’umuhungu be abitegetswe n’umupfumu
Ku wa Gatanu ushize, itariki 15 Gashyantare mu giturage cya Patole , cyo muri Teritwari ya Mahangi muri Ituri ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, umugabo yaciye umugore we n’umuhungu we w’imyaka 18, aho amakuru aturuka aha avuga ko uyu yaba yarabikoreshejwe n’umupfumu wamubwiye ko agomba kwica umuryango kugirango abone ubukire. Nk’uko byatangajwe na […]
Rusizi: Abagore n’urubyiruko bashimangira ko bakomwa mu nkokora no kutagira isoko ryagutse ry’ibyo bakora
Abagore n’urubyiruko bakora imirimo  y’ubuhinzi n’ibikorwa by’ubukorikori mu mirenge ya Nkungu na Nyakarenzo mu karere ka Rusizi, bavuga ko bakomeje gushakisha uburyo bwose bakwiteza imbere ariko ko bagikomwa mu nkokora no kubura isoko ry’umusaruro wabo,bagasaba ubuyobozi bw’akarere n’ubw’umuryango AEE kubafasha. Ibi byifuzo babigaragaje ubwo ibikorwa byabo byasurwaga n’abafatanyabikorwa babo b’Abaholandi  basanzwe batera inkunga umushinga Help […]
Nigeria yasubitse amatora ya Perezida umunsi yagombaga kuberaho ugeze
Akanama gashinzwe amatora muri Nigeria katangaje ko aya Perezida n’ay’abagize inteko Nshingamategeko yari ateganyijwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Gashyantare 2019, yasubitsweho icyumweru. Aka kanama katangaje ibi habura amasaha atanu gusa ngo aya matora atangire. Ukuriye aka kanama Mahmood Yakubu, yagize ati”Gukora amatora nkuko byari biteganyijwe ntabwo bigikunze”. Â Bwana Yakubu yavuze ko […]