MINISPOC, MINIYOUTH bibutse abari abakozi ba MIJEUMA
Kuri uyu wa 10 Mata 2019 kuri Petit Stade i Remera, habereye umuhango wo Kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. By’umwihariko hibukwaga abari abakozi ba Minisiteri y’Urubyiruko n’Amashyirahamwe MIJEUMA, abakinnyi, abahanzi n’abandi batezaga imbere siporo n’Umuco bazize Jenoside yakorewe abatusti. Uyu muhango wateguwe ku bufatanye bwa Minisiteri ya Siporo n’Umuco, Minisiteri […]
Ushinjwa kwiba amabanga y’Amerika yatawe muri yombi.
Kuri uyu wa 11 Mata, umwe mu bashinze urubuga rwa WikiLeaks w’umunya-Australia, Julian Assange yatawe muri yombi na polisi yo mu Bwongereza, mu murwa wa Londre. Ni nyuma yo gushinjwa ibyaha byo kwiba amwe mu mabanga ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Assange wari warahawe ubuhungiro muri Ambasade ya Equateur iri mu Bwongereza kuva mu 2012, […]
Colorado: Umusaza w’imyaka 92 amaze gutanga litiro zisaga185 z’amaraso.
Ron Reidy, umukambwe w’imyaka 92 wo muri leta ya Colorado/Leta Zunze Ubumwe z’Amerika amaze gutanga amaraso hafi litiro 190. Amakuru dukesha ikinyamakuru, Reporter Herald, gikorera muri iki gihugu kiratangaza ko uyu musaza yagiye gutanga amaraso ku kigo cya polisi cya Loveland ku wa kabiri. Iki gihe yashakaga gutanga andi maraso ariko nyuma yo gupimwa, abaganga […]
Bobi Wine avuga ko nyuma ya Gaddafi na Bashir ari Museveni utahiwe kuva ku butegetsi
Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi ku izina rya Bobi Wine, atangaza ko nyuma yo kuva ku butegetsi kwa Perezida wa Libya, Muammar Mohammed Abu Minyar Gaddafi wari umaze imyaka 42 akiyobora na Omar Bashir wari umaze imyaka 30 ayobora Sudani, ari Museveni ugiye gukurikira. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, yagize ati “Abanyagitugu bose bashobora […]
Nyamagabe: Itorero ADEPR ryibutse abari abayoboke baryo bazize Jenoside- AMAFOTO
Ubuyobozi bw’itorero ADEPR buragaya abari abayoboke baryo bijanditse muri Jenoside yakorewe abatutsi bakica bagenzi babo basenganaga,ikibabaje ngo kikaba ari uko hari n’abari abapasiteri n’abavugabutumwa bishe cyangwa bakicisha bagenzi babo, abandi ntibagire icyo bakora ngo babatabare, ahubwo bakihutira kurwana ku ntebe n’ibindi bikoresho byabaga mu nsengero aho kwita ku buzima bw’abahigwaga. Ni bimwe mu byavuzwe n’umuvugizi […]
Perezida Bashir wa Sudani wari umaze imyaka 30 ku butegetsi yeguye
Perezida wa Sudani, Omar al-Bashir wari umaze imyaka 30 ari ku butegetsi yeguye nyuma y’amezi agera kuri ane yari ashize mu gihugu hari imyigaragambyo. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Mata 2019, nibwo Perezida Bashir yeguye ku buyobozi, nk’uko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters. Ibihumbi by’abaturage bari bamaze iminsi itanu bigaragambya […]
Icyo dusabwa ubu si urugamba rw'amasasu- Hon. Makuza Bernard
Perezida w’Inteko Nshingamategeko umutwe wa Sena, Hon Makuza Bernard avuga ko Abanyarwanda basabwa gukora cyane kugira ngo igihugu kirusheho gutera imbere, banarinda ibyagezweho mu rugamba rw’iterambere. Uru rugamba rw’iterambere rutari urw’amasasu, Hon. Makuza yarukomojeho mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 25 jenoside yekorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, wabaye kuri uyu wa Gatatu tariki […]
Uganda: Abaturage bafite amazina asa n'ay'Ikinyarwanda bimwe indangamuntu
Abaturage bo muri Uganda bafite amazina ari mu rurimi rw’Ikinyarwanda bangiwe gufata indangamuntu n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kuzitanga (NIRA). Iyi ni ingingo yazamuwe na Depite w’agace ka Nyabushozi, Col. Fred Mwesigye na mugenzi we wa Mityana, Francis Zaake bo mu nteko ishinga amategeko ya Uganda. Depite Zaake yavuze ko abaturage bafite amazina asa n’ay’Abanyarwanda bangiwe gufata […]
Burundi: Inyeshyamba zivuga Ikinyarwanda zagaragaye mu ishyamba rya Kibira
Kuva ku wa Mbere tariki ya 8 Mata 2019, bitangazwa ko hari umutwe w’inyeshyamba zivuga Ikinyarwanda zibarizwa hafi y’ahari ibirindiro by’ingabo z’u Burundi i Ruhororo, Muri Komini Mabayi, Intara ya Cibitoke, mu ishyamba rya Kibira. Izi nyeshyamba ziri mu ishyamba rya Kibira mu Burundi, ngo zambaye imyenda ya gisirikare ndetse zinafite intwaro. SOS Media Burundi […]
Ndi gukorana na Gen Muntu kugira ngo dukureho Museveni- Bobi Wine
Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine atangaza ko kuri ubu ari gukorana na Rtd. Maj. Gen. Mugisha Muntu kugira ngo bavane Perezida Museveni ku butegetsi. Bobi Wine yemeza ko azahangana na Museveni wa Uganda mu matora ya perezida ateganyijwe mu 2021. Aganira na Televiziyo yo mu Budage, Deutsche Welle, kuwa Gatatu w’iki cyumweru, Bobi […]
RDC: Ishyaka rya Joseph Kabila ryikubiye imyanya mu matora y’abayobozi b’Intara
Ishyaka FCC (Front Commun pour le Congo ) rya Perezida wa Repbulika Iharanira Demokarasi ya Congo ucyuye igihe, Joseph Kabila ryikubiye imyaka hafi ya yose mu matora y’abayobozi b’Intara. Ni amatora yabaye ku wa Gatatu tariki ya 10 Mata 2019, abakandida 16 b’ishyaka FCC bakaba bihariye imyanya y’ubuyobozi bw’intara. Amatora yabaye mu Ntara 18 muri 26 […]