Amakuru y'igura n'igurisha yiriwe avugwa muri ruhago

Uyu munsi, tariki ya 28 Gicurasi, hiriwe havugwa amakuru atandukanye ajyanye n’igura n’igurisha mu mupira w’amaguru. Duhereye hano mu Rwanda, hari inkuru y’umukinnyi w’Umunyarwanda, Sibomana Patrick wamaze gusinya  amasezerano y’imyaka ibiri na Yanga yo muri Tanzaniaimyaka. Muri Espagne, umuyobozi w’ikipe ya Real Madrid, Florentino Perez yemeje ko kapiteni Sergio Ramos yamusabye kugenda, akerekeza mu Bushinwa. […]

Sobanukirwa ibintu by’ ingenzi bya gukomeza mu ibyo uhura nabyo ( igice cya gatanu)

Zaburi 34: 1 “ Nzahimbaza Uwiteka iminsi yose, ishimwe rye rizaba mu akanwa kanjye iteka” Waba uzi ururimi ruvugika mu ijambo “ GUHIMBAZA “no “GUSHIMA “ icyo bivuga? Ni ururimi ryo “KWIZERA “ kandi rukaba ururimi rwo “ KWAKIRA”, Umukristo ukomeye muri we haba huzuye” GUHIMBAZA”no “GUSHIMA” Imana. Niyo mpamvu twahamagariwe guhimbaza no gushima Imana […]

Mutobo: Abasoje ingando barimo Major Ntuyahaga basabwe kutazajya bavuga ibibi biherereye gusa

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Gicurasi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu, Dr Arvera Mukabaramba yayoboye umuhango wo gusoza ikiciro cya 65 cy’ingando z’abahoze mu mitwe yitwaza intwaro cyari kirimo abagera 569, bari bamaze hafi amezi atanu mu kigo cya Mutobo, aho yabasabye kutazajya bavuga amagambo meza mu ruhame ngo nibagera aho biherereye […]

Kigali: Nsabimana Callixte (Sankara) yakatiwe gufungwa iminsi 30 y'agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Kacyiru kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Gicurasi 2019,  rwemeje ko Nsabimana Callixte Sankara wari umuvugizi w’umutwe w’inyeshyamba za FLN zirwanya Leta y’u Rwanda, afungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe iperereza rikomeje. Kuri uyu wa kabiri, ku isaha ya Saa Cyenda nibwo byari biteganyijwe ko urukiko rusoma imyanzuro ku ifungwa n’ifungurwa […]

Nubona iyi myitwarire ku mugore w’inshuti yawe uzamenye ko agambiriye kugutwarira umugabo

Gutwara umugabo wundi ni ibintu bikorwa cyane, rimwe na rimwe ugasanga uwo witaga inshuti yawe ubwira amabanga yose ariwe usubiye inyuma ikagukoraho dore ko ariwe uba azi byose. Ni muri urwo rwego wowe mugore, nubona mugenzi wawe atangiye kukugaragariza imyitwarire nk’iyi tugiye kukubwira ugomba kumugendera kure. 1.Kurenga kuba inshuti yawe: Mutangira mumenyana, nyuma agashaka kuba […]

Sudani: Hateguwe indi myigaragambyo ikaze y’iminsi ibiri yo gusaba igisirikare kurekura ubutegetsi

Abigaragambya mu gihugu cya Sudani kuri uyu wa kabiri batangiye imyigaragambyo rusange ikaze y’iminsi ibiri yo gushyira igitutu ku gisirikare kiyoboye igihugu muri iki gihe ngo gihe abasivili ubutegetsi. Iyi myigaragambyo biravuga ko yahejeje abagenzi babarirwa muri magana ku Kibuga cy’Indege cya Khartoum mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri nyuma y’aho ihuriro Alliance for […]

Kigali: Abakora ibyaha by'ubwambuzi bushukana n'ibikoreshejwe ikoranabuhanga baburiwe

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego zirimo n’iz’ubutabera, batangaje ko nta munsi n’umwe bazihanganira uzafatirwa mu byaha by’ubwambuzi bushukana n’ibikoreshejwe ikoranabuhanga. Ni ibyatangarijwe abitabiriye ubukangurambaga bwo kuri uyu Kabiri tariki ya 28 Gicurasi 2019, kuri sitade i Nyamirambo, mu Mujyi wa Kigali,  bwo kurwanya ibyaha by’ubwambuzi bushukana n’ibikoreshejwe ikoranabuhanga, bwateguwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB […]

Yishe umugore we utwite, nyirabukwe n’umuturanyi mbere yo kwiyahura

Abantu bane bo mu Ntara ya Morogoro mu gihugu cya Tanzania bapfuye nyuma y’aho umugabo w’imyaka 54 afatiye icyemezo cyo kwica umugore we utwite, agasogota nyirabukwe n’umuturanyi mbere y’uko nawe yiyahura. Komanda wa polisi muri Morogoro, Wilbroad Mutafungwa, yavuze ko ubwo bwicanyi bwabaye kuwa Kane ushize, itariki 24 Gicurasi ahagana saa tanu z’ijoro ahitwa Dumila […]

Igihe abagenzi bamara ku mirongo ngo kigiye kugabanuka kugeza nibura ku minota 15

Minisiteri y’ibikorwaremezo itangaza ko hari ibirimo gukorwa kugira ngo hanozwe neza gahunda yo gutwara abagenzi cyane cyane mu Mujyi wa Kigali, mu gihe abagenzi bahora batakamba basaba ko bakemurirwa ikibazo cyo gutinda ku byapa imodoka zihagararaho cyangwa muri gare. Cyane cyane mu masaha y’igitondo ubwo abantu benshi usanga bazindukiye kujya mu kazi, nibwo usanga hirya […]

Perezida wa Rayon Sports agiye kuganira n'umutoza Robertinho ku hazaza he muri iyi kipe

Perezida wa Rayon Sports, Paul Muvunyi, agiye guhura n’umutoza wa Rayon Sports, Roberto Oliveira Goncalves de Carmo kugira ngo baganire ku hazaza he  muri iyi kipe dore ko amasezerano ye azarangira ku wa Gatandatu tariki ya 2 Kanama 2019, ubwo azaba arangije gukina na Marines FC. Uyu mugabo w’imyaka 58 y’amavuko, yageze mu Rwanda muri […]

Abiga uburezi bishimiye kuzajya biga kugera mu cyiciro cya Gatatu cya kaminuza (Master's) ku buntu

Abiga mu mashuri yisumbuye abategura kuzaba abarimu mu mashuri y’incuke n’abanza bazajya bishyurirwa na Leta kimwe cya kabiri cy’amafaranga ya Minerivali bakabaye bishyura. Nyuma yo gusoza amashuri yisumbuye aba bazajya bigisha byibura imyaka itatu bahabwe buruse y’ubuntu. Nk’uko Umuyobozi Mukuru w’Ikigo k’Igihugu cy’Uburezi (REB), Dr. Ndayambaje IrĂ©nĂ©e, yabisobanuriye abanyeshuri ba TTC Mururu kuri uyu wa Mbere […]

Burundi: Haribazwa niba Perezida Nkurunziza adashaka kugarura ubutegetsi bwa cyami

Perezida Pierre Nkurunziza w’u Burundi yategetse ko intero (slogan) igira iti ” Imana, Umwami n’u Burundi ” yakongera kugaragara ku birango by’igihugu, ikintu cyateye bamwe kwibaza niba Perezida Nkurunziza ataba ateganya kwiyimika akagarura ingoma ya cyami. Ni intero bivugwa ko yahoze ku butegetsi bwa cyami yongeye guhabwa icyubahiro. Kuri ubu ngo ibirango biri hirya no […]

Umukinnyi wa Liverpool yavuze uko Messi yamututse ubwo bahuraga na Barcelona

Umukinnyi wo hagati w’Ikipe ya Liverpool n’iy’Igihugu cy’Ubwongereza, James Milner yatangaje ko Kapiteni w’Ikipe ya Barcelona n’iy’Igihugu cya Argentine, Lionel Messi yamututse ubwo ikipe ye yatsindaga ibitego bitatu ku busa mu mukino ubanza wa  Champions League wabereye Camp Nou. Milner abanyamakuru b’imikino bo mu Rwanda bakunda kwita Magorwa avuga ko ubwo yakoreraga ikosa Messi, yamubwiye […]

Umunyamujyi muzima ni ukoresha amaboko n’ubwenge- Min. Busingye

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta y’u Rwanda, Busingye Johnston avuga ko uwiyita umunyamujyi kubera ibikorwa by’amanyanga yibeshya, ahubwo ko umunyamujyi muzima ari ukoresha imbaraga afite kandi akanatekereza kure. Yabitangaje kuri uyu wa 28 Gicurasi 2018, i Kigali, mu muhango w’ubukangurambaga ku byaha bikoreshejwe ikoranabuhanga n’ibyaha by’inzaduka biba bigamije kwiba abantu. Yavuze ko ibi […]

Muduhe n’abazima nk’uko muduhaye uwapfuye- Leta y’u Rwanda ibwira Uganda

Ubwo ikipe y’abayobozi b’u Rwanda yahuraga n’iya Uganda iherekejwe n’abakozi muri Ambasaze zitandukanye z’ibihugu by’Iburayi, Amerika na Afurika, mu muhango wo guhana umurambo w’umunyarwanda, ku ruhande rw’u Rwanda basabye Uganda kuruha n’abandi bazima iki gihugu gifunze. Havuzwe amagambo ku mpande zombi, hasubirwamo ibyavuzwe mu mpera z’icyumweru gishize na Minisiteri zombi z’ububanyi n’amahanga, zivuga kuri iki […]

Mfite umugabo buri mukobwa arota- Umukunzi wa Diamond

Umukunzi w’umuhanzi Diamond Platnumz atangaza ko buri mukobwa arota kuba uyu mugabo yamuba iruhande. Uyu mukobwa ubusanzwe ntazwiho gushimagiza umugabo we. Kuri iyi nshuro ntiyatanzwe ubwo yajyaga ku mbuga nkoranyambaga akavuga ko abagore bose barota Diamond nta kabuza. Tanasha yagize ati “ Rukundo rw’ubuzima bwanjye. Umugabo wiyubashye buri mukobwa arota. Sinjye uzarota umunsi ugeze.” Uyu […]

Gicumbi: Umugabo yafashwe yangiza ibidukikije

Kuri uyu wa 26 Gicurasi Polisi ikorera mu karere ka Gicumbi umurenge wa Rwamiko yafashe Uwihanganye Jean Baptiste w’imyaka 39 yangiza ibidukikije. Ibimera birimo ibiti, ibyatsi kimwe n’urundi rusobe rw’ibidukikije bigira uruhare runini mu gutuma tubona umwuka mwiza duhumeka, imvura ndetse bikaba n’ubwihisho bwa bimwe mu binyabuzima. Niyo mpamvu Polisi y’u Rwanda ihora iburira umuntu […]

Menya icyo iryo izina rishobora gukora

Abafilipi 2:9-10 “Nicyo cyatumye Imana imushyira hejuru cyane…ikamuha izina risumba andi mazina yose kugira ngo amavi yose apfukame mu izina rya Yesu, ari ay’ ibyi juru, cyangwa iby’ ibyo mu isi, cyangwa ar’ ibyo munsi y’ isi.” Igihe cyose ushyize mu ibitekerezo byawe amategeko y’ Imana maze ugatangira kwemerera ijambo ry’ Imana gukorera muri wowe […]

Ifatwa rya Sankara, LaForge na Abega inkoni yakubiswe Opozisiyo Nyarwanda

Mu minsi ishize Leta y’ u Rwanda yashyikirijwe bamwe mu bari abayobozi bakomeye mu mutwe wa FDLR, hadaciye kabiri hafatwa uwari umuvugizi w’umutwe wa FLN wari umaze iminsi wigamba kugaba ibitero mu Rwanda. Iki kikaba ari igitego cyangwa inkoni y’umuzo Leta y’u Rwanda ikubise Opozisiyo (Abarwanya leta) yigambaga gukoresha urugamba rw’amasasu, nyuma yo kwaka ibiganiro […]