Gatsibo: Gukunda imanza bimutwaye inzu, ubutaka nâamafaranga
Mukarugwiza Vestine wo mu murenge wa Kiramuruzi, amaze guhabwa amezi atatu gusa akaba yavuye mu nzu atuyemo kuko yatejwe cyamunara. Ni nyuma yâaho atsindiwe mu bunzi, ajuririra inkiko aratsindwa, yigira inama yo kwegera Urwego rwâUmuvunyi, maze rutegeka ava muri iyo mitungo bitarenze impera za Nzeri uyu mwaka. Ubwo Urwego rwâUmuvunyi rwasuraga abaturage bâakarere ka Gatsibo, […]
Kubaho mu ubushake bwâ Imana bifungura inzira yâ ibyo ukeneye byose kuri yo- igice cya gatatu
Abaroma 12:2 â Kandi ntimwishushanye nâ anâ iki gihe, ahubwo muhinduke rwose mugize imitima mishya, kugira ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka, ari byo byiza bishimwa kandi bitunganye rwose.â Uyu munsi ndagira ngo dukomeze Seminar yacu mu uburyo butandukanye nâ ubusanzwe, kubera ko eminar ari ukwiga nk â umunyeshuri uri mu ishuri kandi nkaba nizera […]
Igihugu cya Sudani cyahagaritswe mu muryango wa Afurika Yunze Ubumwe
Igihugu cya Sudani cyamaze guhagarikwa ku mugaragaro mu muryango wa Afurika Yunze Ubumwe uhuje ibihugu bigera kuri 55 byo ku mugabane. Akanama kâAmahoro nâUmutekano ka Afurika Yunze Ubumwe kateranye kuri uyu wa Kane, I Addis Abeba niko kafashe iki cyemezo. Katangaje muri aya masaha ya nyuma ya saa sita ko gahagaritse Sudani mu bikorwa byose […]
FARDC yiyemeje guhashya imitwe yose y'Abarundi n'Abanyarwanda iri ku butaka bwa Congo
Umuvugizi w’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Kongo mu ntara ya Kivu y’epfo avuga ko bari kwitegura ibitero byo guhashya imitwe irimo n’iy’Abanyarwanda n’Abarundi, mu gihe havugwa kwiyongera kw’ibikorwa by’imitwe yitwaje intwaro mu burasirazuba bw’iki gihugu. Kapiteni DieudonnĂ© Kasereka, umuvugizi w’ingabo mu ntara ya Kivu y’epfo, yabwiye BBC ko muri aka gace koko hari ibikorwa […]
Perezida wa CAF, Ahmad Ahmad, yatawe muri yombi mu Bufaransa
Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Bufaransa aravuga ko Perezida wâImpuzamashyirahamwe yâUmupira wâamaguru muri Afurika (CAF) Ahmad Ahmad mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane yafatiwe muri hotel yâI Paris yari acumbitsemo aho yitabiriye kongere ya FIFA. Biravugwa ko Ahmad Ahmad yatawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ku isaha ya saa 8h30 […]
Rusizi: Abanyeshuri basabwe kudahishira uwo bumviseho ingengabitekerezo ya Jenoside
Abanyeshuri ba G.S Buagarama CitĂ© mu karere ka Rusizi basabwe kurwanya bivuye inyuma Jenoside nâingengabitekerezo yayo no kudahishira uwo bayumvaho wese kabone nâiyo yaba umubyeyi wabo. Umuyobozi wâiki kigo, Mbarushimana Hamimu, avuga ko inyigisho za Ndi Umunyarwanda ari urubuga rwiza abana basobanurirwamo byimbitse amateka nyakuri yaranze u Rwanda, haba ku mibanire yabo mbere yâubukoloni, mu […]
Amazi mu Rwanda yabaye igicuruzwa kibyara inyungu aho kuba icyo abantu bafiteho uburenganzira â Hon. Frank Habineza
â Amazi mu Rwanda yabaye igicuruzwa kibyara inyungu aho kuba ikintu abantu bafiteho uburenganzira, â Uyu ni Depite Frank Habineza uvuga ko amazi ari ikintu cyâingenzi cyane waba uri umukire cyangwa umukene, kuko buri wese akenera amazi, yaba ayo kunywa, ayo gutekesha, ayo gukaraba, ayo gukoresha indi mirimo itandukanye. Mu kiganiro cyihariye aherutse kugirana na […]
Kwimura umwana adashoboye ni amakosa- Dr Isaac Munyakazi
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUburezi, Â Dr Isaac Munyakazi yavuze ko nta munyeshuri uzongera kwimuka ava mu mwaka ajya mu wundi adashoboye. Ibi ngo bitewe na gahunda nshya izajya ituma nâutimutse agira ubundi buryo afashwamo. Abajijwe ku bijyanye nâabanyeshuri byagiye bivugwa ko bimurwa bagashyirwa mu mwaka ukurikiyeho badashoboye, yasobanuye ko ibi bitazongera kubaho. Ati “Iyo […]
Me Evode Uwizeyimana avuga ko gukuraho amategeko yo ku ngoma ya gikoloni nta ngaruka bizagira ku Rwanda
Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Itegeko Nshinga nâandi mategeko muri Minisiteri yâUbutabera, Uwizeyimana Evode, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 Kamena 2019, nibwo yagejeje ku Nteko Nshingamategeko umutwe wâAbadepite umushinga ukuraho amategeko yashyizweho mu gihe cyâabakoloni mu Rwanda. Hari hashize amezi abiri Inama yâAbaminisitiri yemeje umushinga wâitegeko rikuraho amategeko yose yashyizweho mu gihe cyâabakoloni, ubwo […]
Iyo ubonye 500 Frs uyizigama mu gifu cyawe, aho bukera Kigali turayivamo- Abaturage
Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Kigali bavuga ko akamaro ko kwizigama bakazi ariko bagahura nâimbogamizi zâuko ayo bakorera uretse no kuyazigama atanabasha kubakemurira ibibazo byâimibereho yabo ya buri munsi. Bavuga ko ibintu bihenze cyane mu mujyi wa Kigali, bityo ko make bakoreye bayashakamo amafunguro yo kubatunga, bagasanga gusagura ayo kwizigama bitabashobokera. Uyu ni umusore […]
Abarenga 90% bahumeka umwuka uhumanye- Dr. Biruta Vincent
Minisitiri  w’Ibidukikije mu Rwanda, Dr . Vincent Biruta, avuga ko Abanyarwanda bazifatanyiriza hamwe mu kurwanya ihumana ryâumwuka uhumekwa kimwe mu bibazo byugarije ubuzima bwâabatuye isi, bityo ko abagera kuri 90% mu buzima bwabo bwa buri munsi bahumeka umwuka uhumanye. Kuri uyu wa 5 Kamena 2019, nibwo u Rwanda rwifatanyije nâIsi yose kwizihiza umunsi mpuzamahanga wâibidukikije. […]
Afurika y' Epfo: Umurundi wagiye gufata mu mugongo umuryango wa Camir Nkurunziza yararashwe
Umugabo w’ umurundi wari wagiye gufata mu mugongo umuryango wa nyakwigendera Camir Nkurunziza yarashwe mu bitugu kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Kamena 2019. Uyu mugabo yarashwe urusasu rwo mu bitugu ubwo yari mu modoka agiye kwihanganisha umupfakazi wa Camir Nkurunziza ageze imbere yâurugo. Uyu murundi avugwaho kuba yari inshuti magara ndetse ko yanakoranaga […]
Impunzi zâAbarundi ziri mu Rwanda zashyikirijwe imfashanyo nâu Buyapani
Ambasaderi wâu Buyapani mu Rwanda, Takayuki Miyashita yashyikirije impunzi zâAbarundi ziri mu Rwanda mu nkambi ya Mahama, imfashanyo igihugu ahagarariye cyazigeneye. Iyi mfashanyo ikubiyemo ibigori, ibishyimbo ndetse nâifu yâigikoma. Amb. Takayuki  wabashyikirije iyi nkunga, yagize ati âTurabizi ko ari byinshi bikenewe muri iyi nkambi kuko nâabantu bakomeza kwiyongera. Icyo dukoze ni ugufasha abatishoboye, ibyo dutanze […]
RDC: Umusirikare wa FARDC ufite ipeti rya colonel yakatiwe igifungo cya burundu azira umugore we
Col. Bihendo Mikonde Ibrahim, komanda wa regiment ya 3309 ya FARDC ifite ibirindiro ahitwa Shabunda, muri Kivu yâAmajyepfo, kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 04 Kamena 2019 yakatiwe igihano cyâigifungo cya burundu nâurukiko rwa gisirikare nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica umugore we. Uyu musirikare mukuru mu ngabo za Congo yakatiwe igihano cyo gufungwa burundu […]
Abadepite barahiye ko bari burogoye ijambo rya Perezida Museveni
Abadepite mu gihugu cya Uganda batangaza ko bari burogoye ijambo rya Perezida Museveni naramuka avuze ibidahwitse. Biteganyijwe ko Perezida Museveni ari bugeze ijambo ku badepite ku bijyanye nâuko igihugu gihagaze kuri uyu wa 6 Kamena 2019. Abadepite bavuga ko bari bumurogoye naramuka avuze imibare itariyo cyangwa se amakuru atari yo. Umudepite wa Kikak yâAmajyepfo, Gilbert […]
Iperereza ryatangiye gukorwa muri gereza ifungiyemo Col.Tom Byabagamba na bagenzi be
Iperereza muri gereza ifungiyemo Col. Tom Byabagamba na muramu we, Rtd Frank Rusagara ndetse nâumushoferi we, Kabayiza, ritangiye nyuma yâicyemezo cyâumucamaza cyo ku wa 31 Gicurasi 2019, nyuma yo gutangaza ko nta cyemezo yafata ku iyicarubozo bavuga ko bakorerwa aho bafungiye atarakora iperereza. Abaregwa bavugwa ko bakorerwa iyicarubozo muri gereza bafungiyemo ya Kanombe nyamara Urukiko […]
Amafoto ya Nsengiyumva (Igisupusupu) aryamye mu mafaranga menshi yavugishije abantu
Nsengiyumva Francois (Igisupusupu) ni umuhanzi w’Umunyarwanda umaze igihe gito yamamaye. Dutangiye kumumenya mu mpera z’umwaka ushize. Bwa mbere yamenyekaniye mu ndirimbo yise ‘Mariya Jeanne’ ariko abenshi bayita igisupusupu ku mpamvu yo gukunda iri jambo rivugwa muri iyi ndirimbo yakunzwe cyane. Yamaze gukora indi ndirimbo yise Icange, igaragaramo ababyinnyi gakondo. Benshi bakundiye indirimbo amashusho meza kandi […]
Icyo Diamond avuga ku kuba Harmonize yaba asigaye amurusha abafana
Umuhanzi Diamond Platnumz avuga ko abakomeje kuvuga ko umuhanzi mugenzi we, Harmonize yaba asigaye amurusha abakunzi bagamije kubateranya. Abakurikiranira hafi ibya muzika byâumwihariko muri Tanzania, bari bamaze iminsi batanga ibitekerezo byabo bavuga ko babona Harmonize ukorera umuziki we mu nzu ya Wasafi ya Diamond asigaye arusha Diamond kwigarurira imitima ya rubanda. Aganira na Radiyo ye […]
Loni igiye gutangira gukura muri Sudani abakozi bayo
Umuryango wâAbibumbye uravuga ko ugiye gukura byâagateganyo bamwe mu bakozi bawo bâabasivili muri Sudani bitewe nâikibazo cyâumutekano muke ukomeje kuharangwa. Ku wa mbere wâiki cyumweru abashinzwe umutekano bagabye igitero gikomeye ku nkambi yâabigaragambya. Abaganga baravuga ko umubare wâabaguye muri icyo gitero nâimvururu zagikurikiye umaze kugera ku bantu 108 kandi bashobora kwiyongera. Nta mibare nyayo yabahaguye […]
Rubavu: Yafashwe yiyitirira urwego adakorera akambura abaturage
Kuri uyu wa 4 Kamena, Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu mu murenge wa Gisenyi yafashe umugabo witwa Niyongombwa Steven ufite imyaka 29 yâamavuko wiyitiriraga kuba umukozi wâikigo cyâimisoro nâamahoro akambura abaturage amafaranga ababeshya ko azabagaruriza ibicuruzwa byabo byabaga byafatiwe muri magendu. Akaba yarafashwe amaze guhabwa amafaranga 50,000 frw ngo agaruze imyenda yacaguwa […]