RDC: Abanyamulenge batorohewe n’urugamba batakambiye Gen. Amisi Gabriel

Ubwoko bw’abanyamulenge bwatakambiye Gen. Amisi Gabriel, wungirije Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bumugaragariza uburyo inyeshyamba zirimo n’izikomoka i Burundi zabajujubije. Ubwo Gen. Amisi yagiranaga inama n’abahagarariye ubwoko bw’Abanyamulenge, Ababembe n’Abafulero yabasabye kugira icyo bavuga cyakorwa kugira ngo intambara ishingiye ku muko ikaba imaze amezi atatu, mu gace k’imisozi miremire ka Minembwe, […]

Kigali/Nyakabanda: Banejejwe n’uko mu 25 ishize ahitwaga mu Rutoki hari iterambere

Abaturage bo mu Mudugudu wa Kirwa, Akagari ka Nyakabanda 2, Umurenge wa Nyakabanda, ho mu Karere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali, bavuga ko banezezwa no kuba imyaka 25 ishize u Rwanda rwibohoye, muri uyu mudugudu hatakirangwa indaya n’ibisambo, ahubwo ubu hakaba hari ibikorwa by’iterambere. Bavuga ko Kirwa bayituyemo mbere ya jenoside yakorewe Abatutsi, ngo kari […]

Gakenke: Bizihije Umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 25 bataha ibikorwa bagezeho

Nk’ahandi hose mu Gihugu, kuri uyu wa Kane taliki ya 4 Nyakanga 2019, mu Midugudu yose igize Akarere ka Gakenke hizihijwe Umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 25. Ku rwego rw’Akarere, ibirori byijihirijwe mu Mudugudu wa Bukunga, Akagari ka Kirebe, Umurenge wa Karambo hakaba hatashywe ibikorwa birimo ECD Kiribe, Poste de Sante Kanyanza, Amashuri n’ubwiherero, […]

Ndi umurundikazi, nabuze icyo nakora kuko mbona ikibuno cyanjye kizasaza abasore b’i Kigali

Nitwa Bella nkaba ndi umurindikazi utuye mu mujyi wa Kigali. Mu myaka igera muri irindwi maze muri uyu mujyi, abasore benshi bagiye bifuza kuryamana nanjye kubera ikibuno cyanjye benshi bakunze kumbwira ko kibakurura. Ku bwanjye imiterere yanjye iranyura pe, gusa ibyo mbwirwa n’abasore b’i Kigali cyangwa uburyo mba mbona banyifuzamo, ntabwo byigeze bimbaho nkiba Buja. […]

Ubushinwa bwikomye Ubwongereza ku bibazo bya Hong Kong

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’Ubushinwa yikomye igihugu cy’Ubwongereza  ku bijyanye no kwijandika mu bibazo bya Hong Kong. Mu minsi mike ishize, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’Ubwongereza, Jeremy Hunt yatangaje ko  igihugu cye kizakomeza gushyira igitutu ku Bushinwa bitewe n’inguvu z’umurengera zikoreshwa mu guhangana n’abigaragambya muri Hong Kong. Hunt yabwiye BBC ko Ubushinwa  buzagerwaho […]

Zoe Kabila aravuga ko yahawe kuyobora intara ifite umwenda wa miliyoni z’Amadolari

Guverineri mushya w’Intara ya Tanganyika, muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Zoe Kabila, akaba n’umuvandimwe wa Joseph Kabila wahoze ari perezida w’iki gihugu, aravuga ko yasigiwe umwenda wa miliyoni 5 z’Amadolari intara ye igomba kwishyura. Kuwa Gatatu ushize, itariki 03 Nyakanga nibwo yagejeje gahunda y’ibikorwa ateganya gukora ku nteko y’intara. Aha niho Zoe Kabila yavuze […]

Impunzi zisaga 20 z’Abarundi zimaze kwicirwa muri Tanzania

Nyuma y’aho impunzi ibihumbi z’Abarundi zihungiye muri Tanzania kuva mu 2015, bitangazwa ko izisaga 20 zaburiyeyo ubuzima, harimo n’izagiye ziburirwa irengero. Raporo itangwa n’itsinda ry’impunzi z’Abarundi ry’abakorerabushake baharanira uburenganzira bwa muntu, igaragaza ko abagiye bicwa, rimwe na rimwe babaga bafashwe na polisi cyangwa se bagashimutwa. Iri tsinda ry’impunzi zibarizwa mu nkambi ya Nduta, ritangaza ko […]

Igitsina cyawe cyakugeza kure gusa nta mafaranga wagira- Huddah Monroe

Ikimenyabose muri Kenya, Huddah Monroe  yabwiye abakobwa bagenzi be ko ibitsina byabo byabageza kure ariko ko bitatuma bakira nk’uko bamwe babyibwira. Huddah azwiho kuba umwe mu bakobwa bafite amafanga menshi muri Kenya babikesheje kuryamana n’abifite ndetse no kugenda amahanga ya kure ariko we akabihakana. Avuga ko arambiwe kumva buri gihe abantu bavuga ko yakize abikeshe […]

Twabaga tuzi ko abantu bikoreye imbuga batazi kuvura- Abarokokeye muri CND

Bamwe mu batanga ubuhamya b’uburyo batabawe n’ingabo 600 za RPA, zari muri CND bavuga ko ari igihango kibategeka guhora iteka baharanira ineza y’Igihugu no gusigasira ibyo cyagezeho nyuma yo kwibohora, mu gihe batari bizeye kubaho ariko zikabarengera, zibavura ari nako zirwana n’umwanzi, zikanabafasha ku bundi buryo. Cyoga Veneranda ni umubyeyi w’imyaka 73. Atuye mu Mujyi […]

Bamwe mu baburiye ababo mu mpanuka z’indege za Boeing ntibakozwa indishyi z’akababaro bemerewe

Imiryango 15 yo mu gihugu cya Kenya yaburiye ababo muri Werurwe mu mpanuka y’indege ya Ethiopian Airlines yo mu bwoko bwa Boeing Max 737, yanze indishyi y’akababaro sosiyete ya Boeing iteganya gutanga, ahubwo ivuga ko igiye kujyana iki kigo mu butabera. Umwunganizi w’iyi miryango mu mategeko, Irungu Kangata, yasobanuye ko abo aburanira bamaganye ibiganiro byabera […]

NHS yakiranuye Snoop Dogg na Paul Gascoigne ku kibi kurusha ikindi hagati y'inzoga n'urumogi

Izi mpaka zazamutse cyane mu cyumweru gishize hagati y’umuhanzi Snoop Dogg n’uwahoze ari icyamamare mu mupira w’amaguru Paul Gascoigne, hibazwa ikibi kurusha ikindi – ni inzoga cyangwa ni urumogi? Snoop Dogg yashyize ifoto kuri Instagram ye iriho we na Paul Gascoigne, agereranya uko bombi ibi byabagize nyuma y’imyaka 27 babikoresha, akibaza ikibi cyane. Paul Gascoigne […]

Uganda: Umugore yakase igitsina cy’umugabo we amuziza kudatera akabariro

Umugabo witwa Moses Okot ukomoka mu karere ka Apac mu gihugu cya Uganda yakaswe igitsina n’umugore we amuziza kuba yanze ko batera akabariro. Nk’uko tubikesha Daily Monitor , uyu mugore witwa Beatrice Acen w’imyaka 35 y’amavuko yatashye yasinze ku wa 30 Kamena 2019 akata igitsina cy’umugabo we amushinja ko yanze ko bakora imibonano mpuzabitsina hakaba […]