Soma ibitabo bivuga ku ndashyikirwa zatubanjirije nabyo biragufasha – Rev. Nibintije
Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. Abaheburayo 11:33-34 â Binyuze mu kwizera, batsinze ubwami mu ntambara , bakora ibyo gukiranuka, bahabwa amasezerano, […]
Kaminuza ya CHUR ikomeje gutanga ubumenyi mu mashami akenewe ku isoko ryâumurimo
Ubuyobozi bwa Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) buratangazako kwiyandikisha bikomeje ku bifuza gutangira kwiga umwaka wâamashuri 2019 mu mashami yose yâiyi kaminuza. Kwiyandikisha muri iyi kaminuza birakomeje muri uku kwezi kwa Nzeri 2019 mu mashami yayo arimo: -Ubumenyi nâIkoranabuhanga (Information and Technology), Department of Information technology. -Ubuhinzi nâiterambere ryâIcyaro (Agriculture and Rural Development […]
Leta ya Zimbabwe n'umuryango wa Robert Mugabe ntibavuga rumwe ku ishyingurwa rye
Umuryango wa Robert Mugabe uvuga ko wababajwe cyane nuko utigeze ugishwa inama na leta ya Zimbabwe muri gahunda zo gushyingura uyu wahoze ari perezida w’iki gihugu. Bwana Mugabe yapfuye ku wa gatanu ushize afite imyaka 95, mu bitaro byo muri Singapour aho yari amaze amezi yivuriza. Umurambo we uri gutegurirwa gushyirwa mu kibuga cy’umupira w’amaguru […]
Uyu mwana si uwanjye – Tanasha Donna
Umunyamakuru,umuhanzi akaba n’umugore w’icyamamare mu muziki Tanasha Donna yakuyeho urujijo kubibazaga ku ifoto imaze iminsi isakazwa ku mbuga nkoranya mbaga ivuga ko yibarutse. abinyujije kurubuga rwe rwa Instagrama Tanasha yanditseho amagambo agaragaza ko ibiri gukorwa bikamushimishije aboneraho no gutangza ko agitwite bityo ko uwo mwana ataruwe. Yagize ” NIzere ko mu meze neza mwese muri […]
Amerika yahagarikiye u Burundi inkunga
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ibicishije mu muryango USAID, yakuyeho inkunga yageneraga u Burundi yacishaga mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba. Mu ibaruwa yagejejwe ku munyamabanga mukuru wa EAC, LibĂ©rat Mpfumukeko, bwamenyeshejwe ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahagaritse iyi nkunga zageneraga u Burundi zibicishije muri uyu muryango USAID. U Burundi buhagarikiwe iyi nkunga bushinjwa kutubahiriza […]
Ibitero byibasira abanyamahanga b'abirabura: Abanyanigeria 187 ba mbere bagejejwe i Lagos
Mu gihe muri Afurika y’Epfo hakomeje ibitero bigabwa ku bahanyamahanga b’abirabura, Nigeria yiyemeje kuvana abaturage bayo muri iki gihugu yifashishije indege ku buntu. Ubu abagera ku 187 ni bo bamaze kugera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Murtala Muhammed, Lagos. Nigeria yasabye abifuza gusubira iwabo kwegera ibiro by’abahagarariye igihugu muri Afurika y’Epfo kugira ngo babategurire uburyo […]
Ndi isugi, umusore twenda kubana yambwiye ko yaryamanye n'abakobwa basaga 200 ngira ubwoba- Nkore iki?
Ndabasuhuje, mugire amahoro ya nyagasani, ndishimye kandi ndanabakunda kuko inama zanyu ndazikurikira cyane kuri iki kinyamakuru. Ndi umukobwa ubura igihe gito ngo yubake urugo, ariko nk’uko mubizi mbere yo kubana n’umuntu hari ibyo mubanza kuganiraho, ariko uko yambwiye kwankuye umutima. Ni umusore twabyirukanye ariko kubera ko iwacu ari mu Ntara y’Amajyaruguru, we amaze kubona ko […]
Ahatari umwaga, uruhu rw'urukwavu rwisasira babiri- Mushikiwabo avuga ku banenze u Rwanda ku kibazo cy'abimukira
Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâIbihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo atangaza ko nta kibazo kirimo ku kuba u Rwanda rwakwakira abimukira bitewe nâuko hari umuco wo gusaranganya bike bihari. U Rwanda rurateganya kwakira abimukira 500 bavuye muri Libya mu minsi iri imbere. Hari abantu banenze iyi gahunda bavuga ko u Rwanda rudakwiriye kuzana aba bimukira kuko […]
Uku niko ubuyobozi bwagakoze- Dr Kayumba avuga ku ihagurukirwa ryâumukire ukekwaho gukubita umukozi
Umushakashatsi akaba nâumusesenguzi muri politiki, Dr Christopher Kayumba avuga ko ihagurukirwa ryâikibazo cya Dr Francis Habumugisha ukekwaho gukubita umukozi we, Diane Kamali. Diane Kamali avuga ko yakubiswe na Francis ariko nzego zose yamenyesheje ikibazo cye, ntizigire icyo zimufasha. Avuga ko akeka ko biterwa nâuko Francis ari umukire ndetse ngo akaba aziranye nâabayobozi bakomeye. Inkuru bifitanye […]
Umufana yiyahuye yitwitse ku bw'igifungo yakatiwe azira kujya gushyigikira ikipe kuri sitade
Umufana w’umugore muri Iran yagiye gushyigikira ikipe ya Esteghlal FC, urukiko rumukatira amezi atandatu kuko bitemewe ko umugore areba imikino y’abagabo muri iki gihugu. Byaramubabaje ahitamo kwiyambura ubuzima yitwitse. Esteghlal FC yanditse ubutumwa bw’inkuru ibabaje y’uyu mufana witwaga Sahar Khodayariku w’imyaka 30 y’amavuko ku wa 9 Nzeri. ” Sahar yapfuye yitwitse ubwo yari yakatiwe amezi […]
Abakozi muri REB bagaragaje amanyanga basohorwa aho baheraga abadepite ibisobanuro
Abakozi bâIkigo cyâIgihugu Gishinzwe Uburezi REB bashinzwe amasoko basohowe mu cyumba Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze yâimari nâumutungo byâIgihugu (PAC) barimo kumviramo ibisobanuro byâicyo kigo kuri raporo yâUmugenzuzi Mukuru wâImari ya Leta ya 2017-2018. PAC yasanze Batamuriza Anita arimo kugaragaza amanyanga ku bisobanuro byâitangwa ryâisoko ryo kugeza inka ku barimu bitwaye neza mu Ntara […]
Uganda: Abadepite basabwe kudakora imibonano mpuzabistina uko bishakiye
Perezida wâInteko ishinga Amategeko ya Uganda, Rebecca Kadaga yasabye abadepite kuzitwararika ntibakore imibonano mpuzabitsina na bagenzi babo bazitabira inama ya Commonwealth. Kuva kuwa 22 kugeza 29 Nzeri uyu mwaka, muri Uganda hazabera inama ya 64 yâabadepite bo mu bihugu bisaga 180 bigize Commonwealth. Ku bwâiyo mpamvu, Kadaga yasabye bagenzi be kuzitwara neza, ntibazasambane uko bishakiye. […]
Ingingo Esheshatu zizigwaho mu nama igiye guhuza abayobozi b'u Rwanda na Uganda
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga, Ubutwererane nâUmuryango wâIbihugu bya Afurika yâIburasirazuba, Nduhungirehe Olivier aremeza ko ku wa Mbere tariki ya 16 Nzeri 2019, mu Rwanda hateganijwe inama izahuza abayobozi barwo n’aba Uganda, aho bazaba bigira hamwe zimwe mu ngingo zo kuzura umubano w’ibi bihugu byombi. Ni inama igiye kuba nyuma y’ubwumvikane bwo kurangiza […]
Dr Ryarasa yavuze umuti wavugutirwa ikibazo cy'abiyahura mu Rwanda
Umuyobozi wa Never Again Rwanda, Dr Joseph Nkurunziza Ryarasa atangaza ko abantu bakomeje kwiyahura baba babuze ubaganiriza ngo yumve ibibazo byabo bityo abahumurize. Ibi uyu muyobozi yabitangaje avuga ku kibazo cyâabantu bakomeje kwiyahura gikomeje kugaruka kenshi mu bitangazamakuru. Dr Ryarasa avuga ko Leta ikwiriye gushora imari mu buzima bwo mu mutwe kugira ngo gihangane nâuku […]
Umuryango w'umugabo wapfuye asambanira mu kazi ugiye guhabwa indishyi
Urukiko rukuru rw’Ubufaransa rwemeje ko umuryango w’umugabo wapfuye akora imibonano mpuzabitsinda ari mu rugendo rw’akazi ugomba guhabwa indishyi n’ikigo yakoreraga. BBC isobanura ko uyu mugabo wakoreraga ikigo cya gariyamonshi cya TSO, yagiye muri hoteli ari mu rugendo rw’akazi. Yasanzemo umugore atazi bakorana imibonano mpuzabitsinda nyuma umutima w’umugabo urahagarara, arapfa. Ikigo cya TSO nticyemeraga ko uyu […]
Gen. Frank Rusagara yireguye ku byo ashinjwa kuvugira mu kabari k'i Nyarutarama
Iburanisha risoza imyiregurire ya Jenerali Frank Rusagara ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Nzeri 2019, ryaranzwe n’impaka ndende kuri buri ngingo yagendaga atangaho ibisobanuro ku bujurire bwe. Ku kibazo cy’abatangabuhamya uruhande ruregwa ruvuga ko bagombaga gutumizwa mu rubanza bagahatwa ibibazo n’umucamanza, aha umucamanza yabajije niba inyandiko mvugo basinyiye mu bugenzacyaha n’ubushinjacyaha nta gaciro […]
Asinah yahawe ubutabera nyuma yo gukatwa itama mu kabari
Nkuko bigaragara kurukuta rwa Twitter ya Polisi yâu Rwanda, iratangaza ko yataye muri yombi umukobwa witwa Ingabire Shakira ukekwaho gukomeretsa umuhanzikazi Asinah bahuriye mu kabari gahereye ku Kacyiru. Mu minsi yashije Mukasine Asinah yatangaje ko yatewe icyuma nâumukobwa bahuriye mu kabyiniro ka People kari mu Mujyi wa Kigali akamukomeretsa ku itama ryâibumoso. Asinah yemeje ko […]