Komisiyo y'Imisifurire yahagaritse Hakizimana Louis ibyumweru bine

Komisiyo y’Imisifurire mu Rwanda yahagaritse umusifuzi Hakizimana Louis ku bw’imisifurire yaranze umukino wa Rayon Sports na Police FC mu irushanwa ry’Agaciro. Mu ibaruwa iyi Komisiyo yanditse ifite umutwe ugira uti ‘Kumenyesha umwanzuro wa Komisiyo y’imisifurire’, yavuze yafashe uyu mwanzuro nyuma y’inama yakoze kuri uyu wa 16 Nzeri. isesengura imisifurire yaranze uyu mukino umukino Hakizimana Louis […]

Umu-FDLR wafashwe mpiri asobanura inkomoko y'urupfu rwa Gen. Mudacumura n'ibyegera

Ubwo ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (FARDC) zerekanaga abarwanyi bane ba FDLR bafatiwe mu gitero cyahitanye Lt. Gen. Sylivestre Mudacumura wari umuyobozi mukuru n’ibyegera, Sgt. Mbarushimana Faustin yasobanuye uko byagenze. Sgt. Mbarushimana ni umwe muri aba bane bafatiwe muri iki gitero. Asobanura ko Gen. Mudacumura yarashwe ubwo yari yagiye mu nama ishyiraho umusimbura […]

Umugabo yaciye agahigo ko kuryamana n’abagore 57 mu masaha 24

Umugabo ukomoka muri Singapore yaciye agahigo ko kuryamana n’abagore 27 mu masaha 24 mu irushanwa ryabereye muri Repubulika ya Czech mu Mujyi wa Prague. Agahigo k’umugabo waryamanye n’abagore benshi mu ijoro rimwe kari kamaze imyaka 55. Uyu mugabo utatangajwe amazina n’ibinyamakuru byo muri Czech yavuze ko ashimishijwe n’ibyo yagezeho cyane ko ngo yari amaze amezi […]

Indege yasubitse urugendo bitewe n’isuhuzanya ry’abayisilamu babiri

Kompanyi y’indege yo muri  Amerika yitwa Mesa Airlines yahagaritse urugendo nyuma y’aho abagenzi n’abakozi bavuze ko bakemanze indamukanyo y’abagabo b’abayisilamu; Abderraoof Alkhawaldeh na Issam Abdallah bari bayirimo. Itangazo ry’iyi kompanyi y’indege rivuga ko impungenge zazamuwe n’abakiriya ku bijyanye n’umutekano wabo ari izo guha agaciro. Riti “ Amerika n’abantu bayo bose bafite inshingano no guhora bazirikana […]

Haribazwa byinshi nyuma y’aho Uganda Airlines itangaje ko igiye kuzajya yerekeza i Kigali

Kompanyi yo gutwara abantu mu kirere ya Uganda, Uganda Airlines itangaza ko mu mpera z’uyu mwaka wa 2019 izatangira ingendo zerekeza i Kigali mu Rwanda. Abakurikiranira hafi ibya dipolomasi y’u Rwanda na Uganda kuva yazamba baribaza niba iki cyemezo cy’iki gihugu cyaba ari ikigaragaza ko umubano w’ibi bihugu waba wongeye kuba nta makemwa. Jennifer Bamuturaki, […]

Nyabihu/Rugera: umuturage arashinja umwarimu gukubita umwana we akamuvuna umugongo

Umuturage wo mu Mudugudu wa Bukango, Akagari ka Rurembo mu Murenge wa Rugera, Damascene Hitimana arashinja umwarimu witwa Fabien Mponge gukubita umwana we Izikugena Flavia wiga mu mwaka wa gatandatu w’amashuri abanza ku Rwunge rw’Amashuri rwa Murama. Hitimana yabwiye Bwiza.com  ko uyu mwana w’umukobwa w’imyaka 15 yakubiswe kuwa Kane 19 Nzeri mu 2019 saa tatu […]

Wari uziko ufite ingabo zikurinze zifite amahugurwa ahanitse – Rev. Nibintije

Zaburi 103:20 Wari uziko ufite ingabo zikurinze zifite amahugurwa ahanitse kurusha izirinda umukuru w’ igihugu icyari cyose ku isi “Ni musingize Uhoraho mwa bamalayika be mwe, mwebwe mufite imbaraga nyinshi kandi musohoza ijambo rye, mwumvira ijwi ry’ ijambo rye.” Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical […]

Abayobozi umunani bo muri WDA, RSSB na WASAC batawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) rwafashe abantu umunani bakekwaho gukoresha nabi no kunyereza umutungo wa Leta. Abo ni uwari Umuyobozi Mukuru, Gasana Jerome, uwari ushinzwe imishinga, Umuyobozi w’Ubutegetsi n’imari n’umukozi ushinzwe abakozi muri WDA. Hari kandi, Umuyobozi ushinzwe ishoramari n’ushinzwe abakozi muri RSSB. Hafunzwe  kandi uwari umuyobozi ushinzwe ubutegetsi n’Imari n’ushinzwe ibikoresho n’ubutegetsi muri […]

APR FC ibaye iyambere mu Rwanda ikoresheje GPS mu gupima umuvuduko w'abakinnyi-Amafoto

Ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC ubu ni imwe mu makipe atangije uburyo bw’ikoranabuhanga rya GPS rifasha umutoza kumenya umuvuduko abakinnyi be barimo bagukoreraho ndetse bikanamufasha kubongerera umuvuduko. Mu Rwanda, irikoranabuhanga ryazanwe bwambere na Janathan Mckinstry watozaga ikipe  y’igihugu 2016 kuko busanzwe bukoreshwa ku makipe yo kumugabane w’uburayi. Irikoranabuhanga uburyo rikora umukinnyi bamwambika agasengeri ubundi bakamushyiriramo […]

Biravugwa ko The Ben amaze iminsi mu biruhuko na Zari Hassan

Umuhanzi The Ben ukorera umuziki muri Leta zunze ubumwe z’Amerika amaze kubaka izina rikomeye mu karere u Rwanda ruherereyemo ndetse nabimwe mu bihugu by’Afurika kubera indirimbo ze zikunzwe n’abenshi, biravugwa ko amaze iminsi yibereye hamwe na Zari wahoze arumugire wa Diamond banabyaranye abana 2. Nkuko bimaze iminsi bigaragara ku mbuga nkoranyambaga za Instagram zaba bombi […]