Dukure amagambo y’ urucantege mu ntambara turimo — Rev. Nibintije

Soma: Kubara 13:32-33 Mose yohereje abagabo 12 kujya gutata igihugu Imana yari yabaye.Icumi muri bo bagaruka bavuga amagambo y’ amangambure, amagambo y’ ububwa ubwo bavuga bati ” Ntacyo turi cyo, kuko tumeze nk’ inzige imbere yabo” Abandi babiri aribo YOSUWA na KAREBU bo baza bavuga amagambo y’ Intsinzi, amagambo y’ abantu ba bagabo nyabo ubwo […]

Ifoto ya Gen. Muhoozi ari kumwe na Mushiki we yabaye imbarutso y'ibibazo byinshi

Umuhungu wa Perezida Museveni akaba n’umwe mu basirikare bakomeye, Gen. Muhoozi Kainerugaba atunguye benshi nyuma yo gushyira kuri Twitter ifoto ye yo mu 1996. Kuri iyi foto, Muhoozi ari kumwe na mushiki we, Natasha Karugire. Nk’abasombyi n’abareba, bavuze amagambo atandukanye kuri iyi foto ndetse no ku butumwa Gen. Muhoozi yashyize kuri iyi ‘tweet’. Amagambo aragira […]

FDLR ntirava mu rujijo, iremeza ko Gen. Mudacumura yishwe n'abakomando b'u Rwanda

Inyeshyamba za FDLR ziracyari mu rujijo ku rupfu rwa Gen. Mudacumura Sylvestre wishwe ku wa 17 Nzeri 2019. Igisirikare cya Leta ya Congo cyemeje ko aricyo cyamwishe, ariko yo igakemanga imbagara zayo aho yemeza ahubwo ko baba ari abakomando b’u Rwanda bari kumwe nayo(FARDC) bamwishe. Nk’uko ikinyamakuru MediaCongo kibitangaza, ngo ubuyobozi bwa FDLR bwemeza FARDC […]

Umurinzi wihariye w'Umwami wa Saudi Arabia yishwe arashwe, abandi barakomereka

Generali Abdelaziz al-Fagham wari umurinzi wihariye w’Umwami Salman wa Arabia Saoudite yishwe arasanywe na bagenzi be kuri uyu wa 28 Nzeri 2019. Polisi yabwiye Ibiro Ntaramakuru by’igihugu, Saudi Press Agency (SPA) ko Fagham yarasiwe mu mugi wa Jeddah mu masaha y’umugoroba, nyuma apfira mu bitaro azize ibikomere by’amasasu. Fagham yarasiwe hamwe na bagenzi be barindwi […]

Ruhago: Amakuru avugwa i Burayi, Jose Mourinho mu nzira yerekeza muri Real Madrid

Ikipe ya Tottenham ivuga ko umutoza Gareth Southgate w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza ari we igambiriye nk’umusimbura wa Mauricio Pochettino. (Star Sunday) Abakinnyi ba Tottenham batangiye kwemeza ko umutoza Pochettino azayivamo vuba aha, mu gihe bivugwa ko Manchester United ari yo kipe yifuza kwerekezamo. (Sun on Sunday). Jose Mourinho wahoze ari umutoza wa Chelsea na Manchester United […]

Umupolisi yasinze no guhagarara biramunanira- AMAFOTO

Ni umupolisi w’u Burundi wasinze yambaye imyenda y’akazi, bamwe bavuga ko yari acunze umutekano ku manywa. Ni videwo benshi bakomeje guhanahana ku mbuga nkoranyambaga banenga ubunyamwuga bw’igipolisi cy’u Burundi, kugera aho aborerwa yambaye imyenda y’akazi. Kuri Twitter, uwitwa Comrade Desire yagize ati “Reba, Weekend yagenze neza, Umupolisi wa Pierre Nkurunziza yizihije itahwa ry’ingoro nshya ya […]

Salongo uherutse kugendera ku rutaro yasobanuye impamvu rwari rumuhitanye

Rurangirwa Wilson uzwi nka Salongo, ukomoka mu Karere ka Bugesera benshi bakaba bamuziho kugira imbaraga zidasanzwe, yasobanuye impamvu ubwo yazamukaga mu kirere ari ku rutaro atageze kure ahubwo yahise asubira hasi benshi bakabibona nkaho rwari rugiye kumusigamo imvune. Salongo yaganiriye na Afrimax Tv , yereka umunyamakuru ibitangaza bitandukanye akora, bageze ku cyo kugendera ku gataro […]

Umugore nashatse nkuruwe n'ikibero yambwiye ko ubugabo bunini mfite butamuhaza- Nkore iki?

Nyuma y’ijambo umugore wanjye yambwiye mu minsi itatu ishize ntabwo nari numva ntekanye, ahubwo byanteye kwibaza icyo ndi cyo, niba ndi umugabo cyangwa ndi uwo kubwirwa amagambo yose yiboneye. Umugore wanjye afite akazi ahantu nirinze kuvuga mu mujyi wa Kigali, akazi ke karangira ahagana saa tatu, akanjye ko karangira saa kumi n’imwe, akenshi njyewe ansanga […]

Muri Rusizi habonetse imirambo Ine y'abasirikare 

Abaturage bavuga ko hari itsinda ry’abasirikare binjiye ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, gusa umuyobozi w’ingabo z’u Burundi mu ishyamba kimeza rya Rukoko agahakana aya makuru. Ahagana saa Munani (14:00) zo ku wa Gatandatu tariki ya 28 Nzeri 2019, nibwo imirambo Ine y’abasirrikare b’u Burundi yarohowe mu ruzi rwa Rusizi, ku nkombe y’uyu […]

Ngira uburakari bwinshi cyane, butinze umenya nakwica n'umuntu- Ingabire Immaculée

Impirimbanyi mu kurwanya ruswa n’akarengane akaba n’Umuyobozi wa Transparence International Rwanda, Ingabire Marie ImmaculĂ©e avuga ko ari umuntu ugira uburakari bwinshi cyane, gusa na none ngo bukaba butamara igihe kirekire. Ni mu kiganiro yagiranye na RBA kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Nzeri 2019, aho yavuze ko benshi bakunda kumwibeshyaho kubera ijwi afite rya […]

Robert Mugabe yashyinguwe hari abantu mbarwa

Robert Mugabe wabaye Perezida wa Zimbabwe yashyinguwe mu cyaro yavukiyemo, nyuma y’ibyuweru bitatu apfuye afite imyaka 95 ariko hakaba hari hari abantu bacye. Yashyinguwe mu mbuga yo mu rugo rwe rw’i Kutama, kuri kilometero hafi 90 mu burengerazuba bw’umurwa mukuru Harare. Mugabe yapfiriye mu bitaro byo muri Singapour ku itariki ya 6 y’uku kwezi kwa […]