Kunganya kwa APR FC na POLICE FC bigumije Mukura vs kumwanya wa mbere

img_3446.jpg

Ku munsi wa 6 muri Shampiyona y’Ikiciro cya mbere mu Rwanda, none tariki ya Ukwakira 2019, APR FC yakiriwe na Police FC umukino warangiye zinganya 1-1, AS Muhanaga na yo inganya na AS Kigali 0-0, ndetse na Musanze FC inganya na Sunrise FC 1-1. Iminota 45’y’igice cya mbere yarangiye ama kipe yombi anganya ubusa k’ubusa, […]

Imboga zavamo ubusitani bwiza-Guverineri Gatabazi

Perezida wa SUN Alliance, Aimable Mwananawe arasaba ubufatanye mu nzego zose

Mu nama yahuje abayobozi batandukanye baturutse mu turere dutanu tugize intara y’Amajyaruguru, kuri uyu wa 30 Ukwakira 2019 mu karere ka Musanze, Guverineri Gatabazi JMV yavuze ko ikibazo cy’imirire mibi kitakabaye kibarizwa muri iyi ntara. Iyi nama yigaga ku mirire mibi n’itegurwa ry’ibiruhuko by’abanyeshuri muri gahunda y’Intore mu Biruhuko, ku bufatanye n’Umuryango nyarwanda wa SUN […]

Bujumbura: Umunyeshuri yishwe n’inkoni yakubiswe na mwarimu

Umunyeshure witwa Chadia Nishimwe yapfuye kubera inkoni yakubiswe n’umwarimu we mu Mujyi wa Bujumbura. Inkoni zatumye abura ubuzima akaba yazikubiswe mu mugongo no mu bitugu. Nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye,ngo uyu munyeshuri yakubitiwe muri zone ya Kinama ku ishuri ryo muri karitiye ya Carama. Ubuyobozi bw’iryo shuri bukaba bwatangaje ko uwo mwana yari afite ubundi burwayi […]

Ndayisaba Epimaque ufite ubumuga bwo kutabona yasezeranye n’umukunzi we w’umuganga= REBA VIDEO

Epimake afashe ku idarapo arahirira kubana na Vestine byemewe n'amategeko

Umuhanzi Ndayisaba Epimaque ufite ubumuga bwo kutabona amaranye imyaka igera kuri 27, ku wa 25 Ukwakira 2019, yasezeranye n’umukunzi we, Mutuyimana Vestine urimo gusoza amasomo ye mu by’ubuganga. Mu kiganiro bombi bagiranye na Bwiza Tv, bavuga ko basezeranye imbere y’amategeko bamaze imyaka itatu bakundana kandi bakaba banitegura kuzasezerana imbere y’Imana mu kwezi kwa 12. Imbere […]

USA: Abanyarwanda bemeje ko bumvirijwe na Israel kuri Whatsapp

Abanyarwanda batandatu bavuga ko bafite aho bahuriye n’ibirego Kompanyi yitwa NSO yo muri Israel iregwamo byo kumviriza abantu kuri Watsapp. Nyiri Whatsapp na Facebook kuwa Kabiri tariki ya 29 Ukwakira 2019 yagejeje ikirego mu rukiko arega Kompanyi ya ‘Software’ yo muri Israel ayishinja ko ibikoresho by’itumanaho birimo telefoni 1,400 ubutumwa bwazo bwumvirijwe. Telefoni zumvirijwe ngo […]

Barishwe cyangwa se bacyurwa mu Burundi ku ngufu- Impunzi zibaza ku zaburiwe irengero

Bamwe mu mpunzi z’u Burundi zibarizwa mu nkambi muri Tanzania bavuga ko bafite impungenge nyuma y’aho bagenzi babo baburiwe irengero. Izi mpunzi zivuga ko hashize icyumweru bane muri bo babuze mu nkambi ya Nduta, ubu bakaba bafite impungenge z’uko baba barishwe cyangwa bagacyurwa mu Burundi ku ngufu. Nk’uko bagiye babitangariza sosmedias/ Burundi, ngo aba bantu […]

Nyuma yo guserereza umugabo wanjye ko afite igitsina kidasiramuye amezi 4 ashize atanyikoza- Nkore iki?

Umugabo wanjye tumaranye umwaka n’amezi atanu tubana, ariko kugeza n’ubu ntabwo nari nasama, dutegereje umugambi w’Imana. Mbese nta kibazo twari dufitanye, gusa hari umunsi nibuka twari mu rugo ashaka kunyereka ko ntamuryohera ku buriri ndetse ko yaba ari njyewe ufite ikibazo cyo kutabyara kandi abaganga baratubwiye ko twese nta kibazo dufite, bityo nanjye ndarikocora. Yari […]

Ibintu 10 wamenya kuri Denise Nyakeru, umugore wa Felix Tshisekedi

denis_nyakeru_r1-768x512.jpg

Ni kenshi usanga amateka y’abafasha b’abakuru b’ibihugu atamenywa mbere y’uko abagabo babo bafata ubutegetsi, bamara kubugeraho agacukumburwa kugera no mu bwana rimwe na rimwe ba nyiri ubwite bari barayibagiwe. Nyuma y’igihe gito Felix Tshisekedi atowe n’abaturage na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nk’umukuru w’igihugu, nibwo n’amwe mu mateka y’umugore we yatangiye kumenyekana. Dore ibintu 10 […]

Chameleone yavuze icyatumye yikubita agasiga Harmonize muri sitidiyo

Umuhanzi Jose Chameleone yavuze ko icyatumye yikubita agasiga Harmonize muri sitidiyo ubwo bakoraga indirimbo ‘Inabana’ ari uko atishimiye uburyo mugenzi we yapangaga uko bahura. Chameleone yabwiye Bigeye ko “Harmonize yakomezaga kumubwira ngo nagende ahure na manaja we aho kugira ngo bahure bo ubwabo nta w’undi muntu ujemo hagati.” Ibinyamakuru byo muri Tanzania mu mezi ashize […]

Gicumbi: Imiryango isaga ibihumbi bibiri ntigira aho yiherera

Imiryango ibihumbi bigera kuri 41 ni yo ifite ubwiherero bwujuje ibisbwa, igera ku bihumbi 55 ntibwujuje ubisabwa ni mu gihe imiryango irenga ibihumbi bibiri nta bwiherero namba ifite. Madame Nishimwe Florence umukozi ushinzwe isuku n’isukura mu karere ka Gicumbi, mu kiganiro yagiranye n’Umunyamakuru wa Rwandatribune dukesha iyi nkuru ko hari imiryango idafite ubwiherero kandi ifite […]

Brazil: Abafite abagore bemerewe kuba abapadiri

Abasenyeri ba Kiliziya Gatolika bakoze amatora yemerera abagabo bo mu gace ka Amazone muri Brasil kuba abapadiri mu rwego rwo kugeza inkuru nziza ku batuye ako gace. Iki cyemezo cyafashwe mu mpera z’uku kwezi mu matora yakozwe n’abasenyeri 180 bateraniye i Vatican, Roma mu Butaliyani. Ni nyuma y’ubusabe bwa Papa Fransisiko wavuze ko ari ngombwa […]

Cameroon: Inkangu yatwaye ubuzima bw’abarenga 40, abandi ntibaraboneka

Ababuze bari gushakishwa

Nyuma y’imvura nyinshi yaguye mu gace ka GouatchiĂ© mu ntara ya Bafoussam muri Cameroon kuri uyu wa 29 Ukwakira 2019, inkangu yishe abantu 42, abandi bakomeje kubura. The Citizen TV dukesha aya makuru ivuga ko ababuze bagera muri 30, mu gihe abakomeretse babarirwa muri 70 harimo 6 bakomeretse bikabije. Amazu agera muri 20 ni yo […]

Nyanza: Umunyamakuru uregwa ibyaha by’iterabwoba yanze abunganizi be

Urugereko rw’urukiko rurukuru ruburanisha imanza z’iterabwoba mu Rwanda rukorera mu karere ka Nyanza uyu munsi rwasubitse urubanza ruregwamo umunyamakuru Phocas Ndayizera kuko yanze abunganizi bari basanzwe bamwunganira. Phocas Ndayizera n’abandi bantu 12 baregwa umugambi wo kugirira nabi ubutegetsi bategura ibikorwa by’iterababwoba. Mu kwezi gushize urubanza rwabo rwarasubitswe kubera ikoranabuhanga. Abaregwa bo binjijwe mu rukiko baziritse […]

Gicumbi yabonye amanota 3, mu gihe Rayonsport ikomeje gutsikira

img_3191.jpg

Yari imikino yo ku munsi wa Gatandatu ya shampiyona aho Gicumbi fc yatsinze Espoir fc 2-1, Rayon Sports inganya na Etincelles 0-0 Umukino wa Rayonsport na etincelles watangiye ku isaha ya sa kumi n’ebyiri w’umunsi wa Gatandatu wa shampiyona aho umukino wo ku munsi wa Gatanu Rayon Sports yatsinzwe na Sunrise , Etincelles yo yari […]