NERETSE: “Nakatirwa naba umwere nta cyo byahindura”

Neretse Fabien n'abamwunganiraga

Ni ku wa 20 Ukuboza 2019, nimugoroba. Igifungo cy’imyaka 25, ni cyo gihano cyemejwe n’Urukiko rwa Rubanda rw’i Buruseli, mu Bubiligi, ku munyarwanda Fabiani Neretse, nyuma yo guhamwa n’icyaha cya jenoside n’ibyaha by’intambara. Mu rubanza rwe rwose, kuva rutangiye kugera rusozwa, byose yari yaburanye abihakana. Yari “inshuti y’abatutsi” ! Kuri we ni “akarengane kazarwanywa n’uburere […]

Biravugwa ko Gen.Shemeki Shaban wari Komiseri w’ingabo muri CNRD/FLN yishwe

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo avuga ko Gen.Shemeki Shaban wari Komiseri ushinzwe ingabo muri CNRD/FLN yishwe. Bitangazwa ko mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira iryo ku Cyumweru tariki ya 22 Ukuboza 2019, ahagana sa kumi za mugitondo, uyu Mujenerari wo muri FLN yaguye mu mutego w’umutwe udasanzwe w’ingabo za Congo (FARDC) […]

Rusizi: Gahunda z’ubumwe n’ubwiyunge ziracyakomwa mu nkokora

Aba bose basanga ubufatanye bwa buri wese ari ngombwa ngo harwanywe ibikoma mu nkokora gahunda z'ubumwe n'ubwiyunge

Umunyambanga nshingwabikorwa wa komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge Fidèle Ndayisaba avuga ko nubwo muri rusange gahunda z’ubumwe n’ubwiyunge ziri ku kigero cyakwishimirwa na buri wese mu gihugu, mu turere twa Rusizi na Nyamasheke bitewe n’imiterere n’amateka byatwo twahuye na zimwe mu mbogamizi zagiye zikoma mu nkokora iyi gahunda , ubufatanye bwa Leta n’izindi nzego cyane cyane […]

Ngoma : Barasaba gukemurirwa ibibazo by’imirongo ya telefoni ibangamirwa n’iminara y’i Burundi

Abaturage batuye mu mirenge yegereye ibiyaga bya Mugesera na Sake bemeza ko itumanaho rya telefoni ibibazo rifite bidakemutse byabatera igihombo, aho bavuga ko imirongo ya telefoni zigendanwa bakoresha ifite ibibazo biterwa n’iminara yo mu gihugu cy’u Burundi ituma batabasha kuvugana n’ababahamagara kuri telefoni zabo. Mazimpaka utuye mu Murenge wa Sake avuga ko ibigo by’itumanaho byanze […]