Abanyonzi bagiye guhabwa ibirimo impushya zo gutwara n’ubwishingizi

Ni uku amatara aranga icyerekezo yaka munsi y'itebe y'umugenzi

Abatwazi b’amagare bazwi nk’abanyonzi bagiye kujya batwara abantu cyangwa imizigo ari uko bafite impushya z’agateganyo (Permit Provisoire) ndetse bahabwe n’ibindi byangombwa bijyanye n’igihe cy’iterambere bizatuma akazi kabo kitwa ak’umwuga. Ibi byatangarijwe mu gikorwa cyo kumurikira amakoperative y’abatwazi ikorabuhanga riranga icyerekezo ryitwa Tuza LED Indicators ry’ikigo cya Beno Holdings kuri uyu wa 24 Mutarama 2020 mu […]

U Rwanda ntirukozwa ibyo kwitabira inama y’ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda

Umwe mu bantu batatangajwe amazina wo mu Ishyaka riri ku butegetsi mu Rwanda (FPR-Inkotanyi) yahakanye ko iri shyaka rizitabira inama yateguwe n’iriri ku butegetsi muri Uganda (NRM) nk’uko byagiye bigarukwaho na bimwe mu bitangazamakuru. Ibitangazamakuru byo muri Uganda, by’umwihariko byagiye bitangaza ko hari abantu bagera kuri 20 bazitabira inama ya “National Resistance Movement” (NRM) iteganyijwe […]

No kwicara ni akazi- umuturage abwira abadepite ko hari ababihemberwa

Umuyobozi w’ikigo REG mu ntara y’uburengerazuba Paul Muhire,yabwiye abadepite bagiriraga uruzinduko ku ruganda rutanganya nyiramugengeri mu Karere ka Rusizi ko hari abakozi bahembwa bicaye kuko ngo nabyo ari akazi. Itsinda ry’abadepite riheruka mu ruzinduko rwari rugamije gusura bimwe mu bikorwa by’ibanze bigenewe guteza imbere abaturage,ryanenze byimazeyo uburyo abakozi bakora ku ruganda rutunganya Nyiramugengeri ruherereye mu […]

America ya ruguru na Siberia: Bagurana abagore ngo bajijishe imyuka mibi

Urushako ni ikintu gikomeye mu buzima, gituma umugore n’umugabo bashaka inzira zose zatuma rubahira, mu gihe bitagenze neza bakabyita amahirwe make (imyaku) kandi byizerwa na bamwe ko aturuka ku myuka mibi. Mu majyaruguru y’umugabane w’America ndetse na Siberia y’Uburasirazuba (mu Burusiya), hari abantu bizera ko kugurana abagore mu gihe runaka bijijisha ya myuka mibi izana […]

Nigeria: Pasiteri yakaswe umutwe na Boko Haram

Umupasiteri witwa Lawan Andimi wari warafashwe n’intagondwa za Boko Haram muri Nigeria, yishwe akaswe umutwe nyuma y’iminsi mike ashimuswe. Muri videwo yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, Pasiteri Andimi agaragara yinginga abo muri Boko Haram ngo bamubabarire. Perezida wa Nigeria, Muhammadu Buhari yavuze ko uburyo Pasiteri Andimi yishwemo ari ubwa kinyamaswa kandi ko bubabaje. Boko Haram kandi […]

Iby’u Rwanda na Uganda byaba byongeye gusubira irudubi

Ambasaderi Nduhungirehe asubiza Winnie Banyima na Dr. Mateke

Inkuru yatambutse mu minsi mike ishize kuri Bwiza.com, yasabaga buri ruhande bireba kwirinda gukoma rutenderi bitewe n’icyizere cyari gitangiye kugaragara kuko hari intambwe ebyiri zari zimaze guterwa n’u Rwanda ndetse na Uganda ku bijyanye no gusubiza ibuzima umubano w’ibi bihugu byombi bimaze imyaka irenga ibiri utameze neza. Iyi ntambwe yatewe yishimiwe n’abatuye muri ibi bihugu […]

Communication Officer at Oxfam

Oxfam’s vision is a just world without poverty. We are a confederation of 17 Oxfam affiliates working across the world as one Oxfam International on goals that support our shared vision. We want a world where people are valued and treated equally, enjoy their rights as full citizens, and can influence decisions affecting their lives. […]

La Tropicale Amissa Bongo: Abanyarwanda bagowe cyane n’agace ka gatanu

Abakinnyi ba Team Rwanda bari mu gihugu cya Gabon bagowe n’agace ka gatanu ka La Tropicale Amissa Bongo, isiganwa ry’umukino wo gusiganwa ku magare rizenguruka igihugu cya Gabon rimaze iminsi itanu rikinwa. Kuri uyu wa gatanu abasiganwa birukanse intera ireshya na kilometero 82, bava ahitwa Lambarene bari bashoreje agace ko ku munsi w’ejo berekeza ahitwa […]

“Ni bwo buzima bw’amabandi” Umugore warashwe

23653174-7909353-image-a-15_1579559206563.jpg

Umugore wo mu gace ka Chattanooga muri leta ya Tennesse ho muri Amerika, yagaragaye asekera imbere ya Camera anakora ibimenyetso by’abarara, nyuma gato agaragara yarashwe mu gihe incuti ye yatambutsaga imbonankubone ibyabaga byose ibinyujije kuri Facebook. Amashusho yasohotse agaragaza inkuru y’uriya mugore, yerekana umugore umwe afata amashusho mugenzi we wari wambaye umupira ujya gusa umutuku, […]

Ubuyobozi bw’uruganda rw’icyayi rwa Mata burishimira umusaruro n’ubwiza bwacyo byiyongereye mu 2019

Bwana Kanyesigye Emmanuel, umuyobozi w'uru ruganda

Ubuyobozi, abakozi n’abafatanyabikorwa b’uruganda rw’icyayi rwa Mata (Mata Tea Company Ltd) ruherereye mu karere ka Nyaruguru, barishimira ko umusaruro w’icyayi cyumye warwo wavuye kuri toni 2,291.156 mu mwaka wa 2018 ugera kuri 2,575.679 mu 2019, igiciro cy’icyayi cya Mata ku isoko mpuzamahanga kiva ku madolari ($)2.4 kigera kuri 3 $. Ni muri urwo rwego kuri […]

Rwanda Mass Marketing & Radio Advertising Lead at One Acre Fund

One Acre Fund is an agricultural NGO that is innovating a new way of helping farm families to achieve their full potential. In more than five years in Rwanda, We have grown to serve more than 180,000 farm families with 1,500 full-time staff in Rwanda. In Burundi, We have grown to serve 40,000 farm families […]

Temporary Data Collectors (25) Work Opportunity at IntraHealth

Sector: Health For over 35 years in 100 countries, we’ve partnered with local communities to make sure health workers are present where they’re needed most, ready to do the job, connected to the technology they need, and safe to do their very best work. Website: http://www.intrahealth.org INGOBYI ACTIVITY GOLDEN PLAZA, 3rd Floor KG 546 Street […]

Inkomoko y’iyi foto y’umwana wahogoye ikomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga

10895563_oladeeofficiall8182915925544119146575817689668870777675531n_jpeg171e43ecf279d19d1e4c51d2dc7a143d.jpg

Ku mbuga nkoranyambaga nk’urwa Facebook hiriwe hakwirakwira ifoto y’umwana w’umuhungu wishwe n’amarira, iteza urujijo ku buryo hari abifuje kumenya inkomoko yabo bikabananira. Ni ifoto abantu bahererekanyaga mu buryo butandukanye mu matsinda y’abakoresha Facebook, bamwe ugasanga bayihinduyemo umuryango w’umugabo n’umugore n’abana basa nk’intobo bahogoye, mu gihe abakunzi ba ruhago batatinyaga gufata umutwe w’uriya mwana bakawuhinduramo ikipe […]

Musanze: Umwarimu yakubiswe na diregiteri amuziza ko yanze ko baryamana

Umwarimu mu ishuri ry’Incuke ku kigo cy’amashuri cya Gahondogo mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze, Josiane Umutesi avuga ko yakubiswe n’umuyobozi w’ishuri, Alex Nsabimana amuziza ko yanze ko bakorana imibonano mpuzabitsina. Flash FM yasanze uyu mwarimu aho atuye hafi y’ishuri. Ivuga ko yasanze yabyimabagatanye mu maso ndetse n’ijisho rye rimwe risa n’iritareba neza. […]

Nkunda cyane umugore tubana mu gipangu kandi afite umugabo- Nkore iki ngo mbyikuremo?

Umusore witwa Fils Gatete (amazina yahinduwe nk’uko yabisabye) atangaza ko yaje kwisanga akunda umugore ufite umugabi baba mu gipangu kimwe muri umwe mu mirenge y’Akarere ka Nyarugenge Gatete yifashishije urubuga info@bwiza.com yanditse asaba inama kuri iki kibazo. Ati ” Nitwa (…) amazina yakuwemo, ntuye muri Nyarugenge. Mfite ikibazo cy’uko nisanze nkunda umugore ufite abana batatu, […]

Tanzania: Umunyeshuri yatawe muri yombi azira gushyira hanze ifoto y’abavomyi benshi

Umunyeshuri witwa Magaya Tungu wo muri Tanzania yatawe muri yombi bikekwa ko azira gushyira ku mbuga nkoranyambaga ifoto yafashe y’umurongo muremure wa bagenzi be bari kuvoma. Aya makuru dukesha BBC avuga Magaya Tungu akimara gusangiza iyi foto ya bagenzi be b’abanyeshuri bavomeshaga indobo, n’abandi bahise bayasakaza ku mbuga nyinshi. Ihuriro ry’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu […]

Nyanza: Abarwanashyaka ba FDU bakatiwe gufungwa, abandi bagirwa abere

Urukiko ruburanisha ibyaha ndengamipaka n’iby’iterabwoba rukorera mu Karere ka Nyanza kuri uyu wa 23 Mutarama 2020, rwakatiye igifungo ku bantu 11 barimo umugore umwe baregwa ibyaha by’ubugambanyi no kurema umutwe w’igisirikare utemewe na Leta biganjemo abo mu ishyaka ritaremerwa mu Rwanda (FDU-Inkingi). Muri uru rubanza rwatangiye saa yine n’iminota 26 za mugitondo, bamwe mu baregwa […]