Rwamagana: Umugore yatwitse umugabo we akoresheje amazi ashyushye

Ni inkuru yabaye kimomo mu Mudugudu wa Bacyura, Akagari ka Sibagire, Umurenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana aho umugabo witwa Theobar usanzwe ari agoronome muri Kigali yatwitswe n’umugore we, Umurerwa wakoresheje amazi ashyushye. Abaturanyi bavuga ko batabashije kumenya intandaro y’aya mahano gusa bagakeka ko umugore yaba yabikoze kubera kumufuhira. Ubu Theobar arimo kuvurirwa mu […]

Jules Ulimwengu na Michael Sarpong bagiye kugaruka muri Rayon Sports

Ikipe ya Rayon Sports ibinyujije ku rubuga rwayo, yemeje ko ba rutahizamu Jules Ulimwengu n’Umunya-Ghana Michael Sarpong bagiye kuyigarukamo bakubutse mu gihugu cy’Ubushinwa aho bakinaga. Nta gihe kinini gishize aba basore bombi bari bafashije kwegukana igikombe cya shampiyona y’umwaka ushize bavuye mu Rwanda. Aba bakinnyi bombi bagiye kugaruka gukinira Rayon Sports, kubera icyorezo cya Coronovirus […]

Dr Murigande yagarutse ku mvugo ‘Ukuri kw’Imana kuba muri Bibiliya’ yigeze gukoresha ikibazwaho

Umuyobozi Wungirije wa Kaminuza y’u Rwanda ushinzwe iterambere, Dr Charles Murigande, yagarutse ku mvugo ‘ukuri kw’Imana kuba muri Bibiliya’ yigeze gukoresha ubwo yabazwaga niba hari ingabo z’u Rwanda ziri muri Ituri, igatungura benshi bayifashe nk’igisubizo kirimo ubuhanga. Dr Murigande yabigarutseho mu kiganiro uyu muyobozi yagiranye n’umunyamakuru wa Radio/TV10 mu kiganiro bagiranye. Dr Murigande yavuze ko […]

Ibiro bya NRM muri Kabale byatwitswe

Abantu bataramenyekana batwise ibiro by’ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda (NRM) mu Karere ka Kabale ku Muhanda uva Kisoro. Ibi byabaye mu ijoro ryo kuwa Mbere tariki ya 27 Mutarama gusa ubuyobozi bugerageza kubihishira. Abakora muri ibyo biro babwiye Daily Monitor ko uwo muriro wangirije ibikoresho by’ishyaka rya NRM birimo amakarita y’ishyaka, ibyapa, amarido n’ibindi […]

RIB yataye muri yombi umupangayi ushinjwa gukubita nyir’inzu ku Muhima

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Bonane Aimable ushinjwa gukubita uwamukodesheje inzu, Pierre Nkazamurego utuye mu Mudugudu w’Inyarurembo mu Kagari k’Amahoro mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu 28 Mutarama ubwo uyu Nkazamurego yabyukaga mu gitondo. Uyu mugabo w’imyaka 45 yabwiye Bwiza.com ko yasanze Bonane w’imyaka […]

U Bufaransa: Polisi n’abashinzwe kuzimya inkongi barwanye

Ku munsi w’ejo ku wa kabiri abapolisi ba Polisi y’u Bufaransa n’abashinzwe kuzimya inkongi y’umuriro, bagaragaye bakubitana ibipfunsi biba ngombwa ko hitabazwa ibyuka biryana mu maso kugira ngo bahagarike ubwo bushyamirane. Impande zombi zashwaniye bikomeye mu burasirazuba bw’umujyi wa Paris, mu muhanda wa Avenue de la Republique uri hagati ya Republique na Nation Squares. Amashusho […]

Digital and Communications Manager at FERWAFA

FEDERATION RWANDAISE DE FOOTBALL ASSOCIATION B.P. 2000 Kigali Email:ferwafa@yahoo.fr Contact@ferwafa.rw Web site: www.ferwafa.rw Vacancy Announcement – Job Opportunity FERWAFA would like to request interested candidates to apply for the position by fulfilling the respective mentioned requirements: Digital and Communications Manager Report to: The Secretary-General Duties and responsibilities Coordinate the development of communication and public relations […]

Abanyarwanda basabye ko abanyeshuri biga mu Bushinwa bakurwayo

Bamwe mu Banyarwanda barasaba ko Abanyarwanda by’umwihariko abanyeshuri biga mu Bushinwa bakurwa muri iki gihugu na Leta bakazanwa mu Rwanda mu rwego rwo kurindwa icyorezo cya Novel Coronavirus. Benshi bifashishije Twitter, batanga igitekerezo ku nama za Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yasabye Abanyarwanda kwirinda ingendo zitari ngombwa mu ntara ya Kubei mu Bushinwa, basabye ko ahubwo abari […]

Medical Claims Analyst at UAP Group

UAP Group is a pan-African Financial Services Group with interests in Insurance, Investment Management, Property Investment, Securities Brokerage and Financial Advisory. Adress: Grand Pension Plaza | 7th Floor | BP 6644 Kigali, Rwanda | Website: http://www.uap-group.com Old Mutual Limited (OML) is a premium African financial services group that offers a broad spectrum of financial solutions […]