Angola: Perezida Kagame, Museveni na Tshisekedi bongeye gutumirwa mu nama y’igitaraganya

Perezida w’Angola, JoĂŁo Laurenço yongeye gutumira Perezida wa Repubulika w’u Rwanda, Paul Kagame, Yoweri Museveni wa Uganda na FĂ©lix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo mu nama y’igitaraganya iraba kuri iki cyumweru tariki ya 2 Gashyantare 2020. Nk’uko bigaragara kuri Twitter ya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Angola (MOFA), iyi nama izabera i Luanda iziga […]

Uburanga bwa Umutesi Denise umwe mu bakobwa bahabwa amahirwe muri Miss Rwanda 2020

whatsapp_image_2020-01-28_at_07.56.08_3_.jpg

Tariki 23 Mutarama 2020 ni bwo amatora ya Miss Rwanda kuri SMS no kuri interineti yatangiye. Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 01 Gashyantare 2020 ni bwo hateganijwe umuhango wo gutoranya 20 muri 54 bazajya mu mwiherero. Umutesi Denise akomeje kuvugisha benshi kuva yakwinjira mu irushanwa rya nyampinga kubera uburanga bwe. Mu matora yaba ayo […]

Ubwongereza (UK) bwavuye mu muryango w’Ubumwe bw’Uburayi, ingaruka zibutegereje. Yavuguruwe

eu_amatora_brexit.jpg

Igihugu cy’Ubwongereza ntikikibarizwa mu muryango w’Ubumwe bw’u Burayi uhereye kuri uyu wa Gatandatu, ndetse ibendera ryabwo ryamaze kururutswa aho ryari riri ku cyicaro cya E.U, i Buruseli mu Bubiligi nk’ikimenyetso cy’uko butakiri umunyamuryango. Kuri uyu wa 31 Mutarama, saa saba z’ijoro zo mu Rwanda (23h00 GMT), nibwo byari biteganyijwe ko Ubwongereza (UK) busohoka mu Muryarngo […]

Kinshasa: Abanyeshuri ba kaminuza babujijwe kwambara imyenda migufi n’amapantaro

Abanyeshuri b’abakobwa biga muri Kaminuza ya Kinshasa (UNKIN) babujijwe kwambara imyenda migufi izwi nka ‘mini’ ndetse n’amapantaro mu rwego rwo gusigasira umuco w’igihugu. Iri bwiriza riri mu itangazo ryashyizwe hanze na Mwalimu Ular tariki ya 27 Mutarama 2020, rivuga ko bagomba kwambara amakanzu ndetse n’amajipo arenga ku mavi. Indi myenda irimo iciyeho (dechirĂ©), amakabutura ndetse […]

Rwamagana: Umusaza n’umwana we barara muri shitingi kubera inka bahawe muri Girinka

Mukarusagara Aneth na Ntigurirwa Jean

Nigurirwa Jean utuye mu mudugudu wa Gisanza mu kagari ka Mwurire mu murenge wa Mwurire n’umwana we barara mu nzu isakajwe shitingi kubera kutagira aho baragirira inka yahawe muri gahunda ya Girinka, bityo bagatinya ko inka yabo yakwibwa. Mu nkuru bwiza.com yabagejejeho mu mwaka wa 2019 , Ntigurirwa yatakambiraga ubuyobozi abusaba kumutabara we n’umuryango bagasanirwa […]

Finance & Administration Officer at FH Association (Food for the Hungry)

FH Association (Food for the Hungry) is an International Christian Relief and Development Organization with a vision “All forms of poverty ended worldwide” and a mission “Together we follow God’s call responding to human suffering and graduating communities from extreme poverty”. FH ASSOCIATION RWANDA (Food for the Hungry) P.O.BOX 911 Kigali, Rwanda VACANCY ANNOUNCEMENT ABOUT […]

Uganda: Abadepite barwanye umwe ajyanwa mu bitaro

Umudepite uhagarariye agace ka Aruu, Odonga Otto yajyanwe mu bitaro bya Nakasero ku wa Kane w’iki cyumweru nyuma yo gukubitwa ikofe na mugenzi we, Anthony Akol uhagarariye agace ka Kilak. Aba badepite barwaniye mu nteko ishinga amategeko ya Uganda ku byavuzwe ko Depite Otto yari mu barimo kugumura abashyigikiye mugenzi we Akol ngo ntibazamutore kuko […]

Umukobwa wa Bill Gates yemeye gushinga urugo n’umuherwe wo mu Misiri

Ubutumwa bw'urukundo rwa Jennifer Gates na Nayel Nassar

Umukobwa w’imfura w’umuherwe Bill Gates witwa Jennifer Gates yemeye gushinga urugo n’umusore w’umuherwe wo mu Misiri, Nayel Nassar. Jennifer Gates ni we wafashe iya mbere ashyira hanze iby’urukundo rwe na Nayel Nasar, ashyira amafoto bari kumwe mu butembere mu rubura ejo tariki ya 30 Mutarama 2020. Nayel Nassar na Jennifer Gates bagiye mu kiruhuko mu […]

Hiring an Auditing Firms for Provision of Audit Service for the Financial Year 2019

Umuhuza is a Non-Governmental Organization founded in 2005 and recognized by the Rwanda Governance board in the official gazette no 50 bis with legal personality no 104/2014. Umuhuza aims to foster a culture of peace through education focusing on conflict management and community transformation Website: http://www.umuhuza.org TENDER ANNOUNCEMENT TITLE: HIRING AN AUDITING FIRMS FOR PROVISION […]

Hadutse impaka mu rubanza rwa Maj. Mudathiru na bagenzi be

Urukiko rwa gisirikare i Nyamirambo rwongeye gusubika urubanza rw’abantu 25 bahoze mu ihuriro y’imitwe yitwaje intwaro ikorera mu mashyamba ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, barangajwe imbere Maj. (Rtd) Habib Mudathiru wahoze mu ngabo z’u Rwanda. Aba barwanyi uko ari 26 bakurikiranweho ibyaha bitanu; birimo gucura umugambi w’iterabwoba, kwinjira mu mutwe w’ingabo utemewe, gucura umugambi […]

Multi-Sector Facilitator FH Association (Food for the Hungry

FH Association (Food for the Hungry) is an International Christian Relief and Development Organization with a vision “All forms of poverty ended worldwide” and a mission “Together we follow God’s call responding to human suffering and graduating communities from extreme poverty”. FH ASSOCIATION RWANDA (Food for the Hungry) P.O.BOX 911 Kigali, Rwanda VACANCY ANNOUNCEMENT 2. […]

Perezida Museveni avuga ko Leta izishyura ibyangirijwe mu rugamba rwa RPA

Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni avuga ko Leta izishyura abaturage begereye u Rwanda bafite ibyabo byangiritse ubwo ngo Uganda yateraga inkunga intambara ya RPA yo kubohoza u Rwanda. Perezida Museveni yatangaje ibi mu ruzinduko yagiriraga mu Karere ka Kisoro ahitwa Murora kuwa 29 Mutarama 2020. Ni uruzinduko rwari rugamije gushimira abaturage bo muri ako […]

Nkore iki ko umugabo wanjye warangije kaminuza yanze gushaka akazi ngo arashaka kwita ku bana?

Ndabasuhuje bavandimwe mwese duhurira kuri bwiza.com. Nitwa Emerine Ikwiyikuzo, ndubatse mfite umugabo n’abana babiri. Mfite akazi ko kwigisha mu mashuri yisumbuye kuko mfite impamyabumenyi y’icyiciro cya mbere cya kaminuza mu burezi. Umugabo wanjye na we yarangije icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu myaka ibiri ishize. Yagerageje gushaka akazi inshuro imwe ntibyamuhira, ubu nkaba mufiteho ikibazo […]

Communications Intern at Access to Finance Rwanda (AFR)

Access to Finance Rwanda (AFR) is a Rwandan Not for Profit Organization, established in March 2010 by the Governments of Rwanda and the United Kingdom (UK) and is currently funded by the UK Department for International Development (DFID), MasterCard Foundation, USAID and Sweden. Guided by the Making Markets Work for the Poor (M4P) approach, AFR’s […]

Kamonyi: Ibura rya Kontabule wa Kayenzi rirakangurira inzego kuba maso

Umucungamutungo w’umurenge wa Kayenzi mu karere ka Kamonyi yafatiwe mu makosa yo guhimba imikono akiba amafaranga, nyamara umuyobozi w’akarere akavuga ko umukozi ari ukubura ku kazi. Inkuru yo kubura kwa Cyiza Yves yamenyekanye mu ntangiriro z’iki cyumweru ubwo atabonekaga ku kazi. Amakosa yo gusinyira bagenzi be mu mpapuro yo yamenyekanye kuwa gatanu tariki ya 24 […]

Kujijura abaturage ni inshingano zacu nk’abayobozi- Umuvunyi mukuru

Umuvunyi Mukuru avuga ko abayobozi bafite inshingano zo kujijura abaturage

Umuvunyi Mukuru, Murekezi Anastase yasabye abayobozi batandukanye bo mu Ntara y’Iburengerazuba kumva ko bafite inshingano zo kujijura abaturage bagasobanukirwa amategeko abagenga arimo n’ayo guhabwa ndetse no gutanga amakuru. Ibi umuvunyi mukuru yabibatangarije mu Karere ka Karongi, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Mutarama 2020, mu kiganiro uru rwego rw’Umuvunyi rwagiranye n’abayobozi batandukanye barimo abafite […]

Ese igihe kirageze ngo gahunda za leta zisanishwe n’ubuhanuzi bwo muri Bibiliya?

‘Ubuhanuzi burasohoye’ ni imvugo abemeramana biyeguriye amadini bakunze gukoresha basanisha gahunda za leta n’ibyavugiwe mu gitabo kirimo Ibyahishuriwe Yohana, iki kikaba igitabo cya 66 muri Bibiliya Yera. Bamwe babyita imyemerere, abandi bakabyita imyumvire mibi, bamwe bagashinja abayobozi b’amatorero kubiba inyuma, abandi bakavuga ko ari imyumvire y’abayoboke ku giti cyabo. Iyi myemerere usanga ari umwihariko w’idini […]

Israel yarashe ibisasu ku mutwe wa Hamas muri Gaza

Indege z’intambara za Israel zarashe ibisasu mu ntara ya Gaza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 31 Mutarama, nyuma y’amasaha make iki gihugu kirashweho ibisasu bitatu byari biturutse muri Palestine. Igisirikare cya Israel cyatangaje ko bibiri muri biriya bisasu byakumiriwe n’ubwirinzi bwo mu kirere, mu gihe icya gatatu cyaguye ahantu mu bisambu bitarimo […]

Icyegeranyo ku bitekerezo byatanzwe n’abasomyi ku nkuru z’akarengane Goyi- Gogwe

Twongeye kugaruka ku nkuru yerekeye akarengane gashingiye ku macakubiri kagiye kagaragara mu Ntara y’ Uburengerazuba, Akarere ka Rubavu, ariko noneho tubagezaho ikusanyabitekerezo ry’ibyanditswe n’abasomyi ba bwiza.com nyuma yaho isohoreye inkuru ebyiri kuri icyo kibazo. Ku basomye izo nkuru zombi, muri make tuributsa ko zavugaga ku karengane kagiye kagirirwa abayobozi b’inzego zitandukanye kuva kuri abari aba […]

Ambasaderi w’u Butaliyani yakiriwe na IGP Dan Munyuza

Kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Mutarama, Ambasaderi w’igihugu cy’ubutaliyani mu Rwanda, Massimilliano Mazzanti yasuye Polisi y’u Rwanda ku cyicaro gikuru cyayo ku Kacyiru, aho yakiriwe n’Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza. Uru ruzinduko rukaba rushimangira imikoranire myiza isanzwe iri hagati y’u Rwanda n’u Butaliyani. Bimwe mu byo Ambasaderi yaganiriye n’umuyobozi […]

Muhanga: Umuturage avuga ko ibyuma yatewe n’umusirikare byatumye aba ikiremba

Umuturage witwa Ndayisenga Shadrack wo mu Karere ka Muhanga avuga ko yatewe ibyuma n’umusirikare w’u Rwanda, witwa Nyandwi Isaie, ku buryo byamuviriyemo kuba ikiremba nyuma yo kuvurwa. Ndayisenga yabitangaje tariki ya 27 Mutarama ubwo Urwego rw’Umuvunyi rwakiraga ibibazo by’abagiriwe akarengane mu Karere ka Muhanga, imbere y’Umuvunyi mukuru Anastase Murekezi, abayobozi mu nzego zitandukanye z’akarere ndetse […]

Project Manager (PM) at HVP Gatagara

H V P GATAGARA FRERES DE LA CHARITE B.P.1134 Kigali; info@hvpgatagara.org Twitter:@hvpgatagara Website: wwww.hvpgatagara.org TERMS OF REFERENCE FOR RECRUITMENT Job Title: Project Manager (PM) Location: HVP Gatagara, Kicukiro District – Gikondo HVP GATAGARA BACKGROUND Home de la Vierge des Pauvres “HVP Gatagara” is an institution working in favor of Persons with Disability. Founded by Father […]

Kagame arashima uruhare rwa Tshisekedi mu guhashya imitwe yitwaje intwaro

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yatangaje ko mugenzi we wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Felix A Tshisekedi, yakoze akazi gakomeye mu kugarura umutekano mu burasirazuba bw’igihugu cye no mu karere muri rusange, nyamara nta gihe kinini amaze ku buyobozi. Ibi Perezida Kagame yabitangaje ku wa gatatu w’iki cyumweru ubwo yakiraga Abadiplomate bahagarariye ibihugu byabo […]