Angola: Perezida Kagame, Museveni na Tshisekedi bongeye gutumirwa mu nama yâigitaraganya
Perezida wâAngola, JoĂŁo Laurenço yongeye gutumira Perezida wa Repubulika wâu Rwanda, Paul Kagame, Yoweri Museveni wa Uganda na FĂ©lix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo mu nama yâigitaraganya iraba kuri iki cyumweru tariki ya 2 Gashyantare 2020. Nkâuko bigaragara kuri Twitter ya Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga ya Angola (MOFA), iyi nama izabera i Luanda iziga […]
Uburanga bwa Umutesi Denise umwe mu bakobwa bahabwa amahirwe muri Miss Rwanda 2020

Tariki 23 Mutarama 2020 ni bwo amatora ya Miss Rwanda kuri SMS no kuri interineti yatangiye. Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 01 Gashyantare 2020 ni bwo hateganijwe umuhango wo gutoranya 20 muri 54 bazajya mu mwiherero. Umutesi Denise akomeje kuvugisha benshi kuva yakwinjira mu irushanwa rya nyampinga kubera uburanga bwe. Mu matora yaba ayo […]
Ubwongereza (UK) bwavuye mu muryango wâUbumwe bwâUburayi, ingaruka zibutegereje. Yavuguruwe

Igihugu cy’Ubwongereza ntikikibarizwa mu muryango w’Ubumwe bw’u Burayi uhereye kuri uyu wa Gatandatu, ndetse ibendera ryabwo ryamaze kururutswa aho ryari riri ku cyicaro cya E.U, i Buruseli mu Bubiligi nk’ikimenyetso cy’uko butakiri umunyamuryango. Kuri uyu wa 31 Mutarama, saa saba zâijoro zo mu Rwanda (23h00 GMT), nibwo byari biteganyijwe ko Ubwongereza (UK) busohoka mu Muryarngo […]
Kinshasa: Abanyeshuri ba kaminuza babujijwe kwambara imyenda migufi nâamapantaro
Abanyeshuri bâabakobwa biga muri Kaminuza ya Kinshasa (UNKIN) babujijwe kwambara imyenda migufi izwi nka âminiâ ndetse nâamapantaro mu rwego rwo gusigasira umuco wâigihugu. Iri bwiriza riri mu itangazo ryashyizwe hanze na Mwalimu Ular tariki ya 27 Mutarama 2020, rivuga ko bagomba kwambara amakanzu ndetse nâamajipo arenga ku mavi. Indi myenda irimo iciyeho (dechirĂ©), amakabutura ndetse […]
Rwamagana: Umusaza nâumwana we barara muri shitingi kubera inka bahawe muri Girinka

Nigurirwa Jean utuye mu mudugudu wa Gisanza mu kagari ka Mwurire mu murenge wa Mwurire nâumwana we barara mu nzu isakajwe shitingi kubera kutagira aho baragirira inka yahawe muri gahunda ya Girinka, bityo bagatinya ko inka yabo yakwibwa. Mu nkuru bwiza.com yabagejejeho mu mwaka wa 2019 , Ntigurirwa yatakambiraga ubuyobozi abusaba kumutabara we nâumuryango bagasanirwa […]
Finance & Administration Officer at FH Association (Food for the Hungry)
FH Association (Food for the Hungry) is an International Christian Relief and Development Organization with a vision âAll forms of poverty ended worldwideâ and a mission âTogether we follow Godâs call responding to human suffering and graduating communities from extreme povertyâ. FH ASSOCIATION RWANDA (Food for the Hungry) P.O.BOX 911 Kigali, Rwanda VACANCY ANNOUNCEMENT ABOUT […]
Uganda: Abadepite barwanye umwe ajyanwa mu bitaro
Umudepite uhagarariye agace ka Aruu, Odonga Otto yajyanwe mu bitaro bya Nakasero ku wa Kane w’iki cyumweru nyuma yo gukubitwa ikofe na mugenzi we, Anthony Akol uhagarariye agace ka Kilak. Aba badepite barwaniye mu nteko ishinga amategeko ya Uganda ku byavuzwe ko Depite Otto yari mu barimo kugumura abashyigikiye mugenzi we Akol ngo ntibazamutore kuko […]
Umukobwa wa Bill Gates yemeye gushinga urugo nâumuherwe wo mu Misiri

Umukobwa wâimfura wâumuherwe Bill Gates witwa Jennifer Gates yemeye gushinga urugo nâumusore wâumuherwe wo mu Misiri, Nayel Nassar. Jennifer Gates ni we wafashe iya mbere ashyira hanze ibyâurukundo rwe na Nayel Nasar, ashyira amafoto bari kumwe mu butembere mu rubura ejo tariki ya 30 Mutarama 2020. Nayel Nassar na Jennifer Gates bagiye mu kiruhuko mu […]
Hiring an Auditing Firms for Provision of Audit Service for the Financial Year 2019
Umuhuza is a Non-Governmental Organization founded in 2005 and recognized by the Rwanda Governance board in the official gazette no 50 bis with legal personality no 104/2014. Umuhuza aims to foster a culture of peace through education focusing on conflict management and community transformation Website: http://www.umuhuza.org TENDER ANNOUNCEMENT TITLE: HIRING AN AUDITING FIRMS FOR PROVISION […]
Hadutse impaka mu rubanza rwa Maj. Mudathiru na bagenzi be
Urukiko rwa gisirikare i Nyamirambo rwongeye gusubika urubanza rwâabantu 25 bahoze mu ihuriro yâimitwe yitwaje intwaro ikorera mu mashyamba ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, barangajwe imbere Maj. (Rtd) Habib Mudathiru wahoze mu ngabo zâu Rwanda. Aba barwanyi uko ari 26 bakurikiranweho ibyaha bitanu; birimo gucura umugambi wâiterabwoba, kwinjira mu mutwe wâingabo utemewe, gucura umugambi […]
Umukobwa yagaragaje ibice by’umubiri we by’ibanga ubwo basubiragamo ubupfubuzi- Irebere amashusho
Uwimbabazi Chanela ni umukobwa wagaragaye muri comedie ‘Umupfubuzi’ igice cyayo cya mbere n’icya kabiri, mu kiganiro kirambuye yagiranye na Bwiza Tv yatubwiye byinshi ku buzima bwe ndetse n’uko bamwe bamufata nyuma yo gukina iyi filimi. Reba Video
Multi-Sector Facilitator FH Association (Food for the Hungry
FH Association (Food for the Hungry) is an International Christian Relief and Development Organization with a vision âAll forms of poverty ended worldwideâ and a mission âTogether we follow Godâs call responding to human suffering and graduating communities from extreme povertyâ. FH ASSOCIATION RWANDA (Food for the Hungry) P.O.BOX 911 Kigali, Rwanda VACANCY ANNOUNCEMENT 2. […]
Perezida Museveni avuga ko Leta izishyura ibyangirijwe mu rugamba rwa RPA
Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni avuga ko Leta izishyura abaturage begereye u Rwanda bafite ibyabo byangiritse ubwo ngo Uganda yateraga inkunga intambara ya RPA yo kubohoza u Rwanda. Perezida Museveni yatangaje ibi mu ruzinduko yagiriraga mu Karere ka Kisoro ahitwa Murora kuwa 29 Mutarama 2020. Ni uruzinduko rwari rugamije gushimira abaturage bo muri ako […]
Nkore iki ko umugabo wanjye warangije kaminuza yanze gushaka akazi ngo arashaka kwita ku bana?
Ndabasuhuje bavandimwe mwese duhurira kuri bwiza.com. Nitwa Emerine Ikwiyikuzo, ndubatse mfite umugabo nâabana babiri. Mfite akazi ko kwigisha mu mashuri yisumbuye kuko mfite impamyabumenyi yâicyiciro cya mbere cya kaminuza mu burezi. Umugabo wanjye na we yarangije icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu myaka ibiri ishize. Yagerageje gushaka akazi inshuro imwe ntibyamuhira, ubu nkaba mufiteho ikibazo […]
Communications Intern at Access to Finance Rwanda (AFR)
Access to Finance Rwanda (AFR) is a Rwandan Not for Profit Organization, established in March 2010 by the Governments of Rwanda and the United Kingdom (UK) and is currently funded by the UK Department for International Development (DFID), MasterCard Foundation, USAID and Sweden. Guided by the Making Markets Work for the Poor (M4P) approach, AFRâs […]
Kamonyi: Ibura rya Kontabule wa Kayenzi rirakangurira inzego kuba maso
Umucungamutungo wâumurenge wa Kayenzi mu karere ka Kamonyi yafatiwe mu makosa yo guhimba imikono akiba amafaranga, nyamara umuyobozi wâakarere akavuga ko umukozi ari ukubura ku kazi. Inkuru yo kubura kwa Cyiza Yves yamenyekanye mu ntangiriro zâiki cyumweru ubwo atabonekaga ku kazi. Amakosa yo gusinyira bagenzi be mu mpapuro yo yamenyekanye kuwa gatanu tariki ya 24 […]
Kujijura abaturage ni inshingano zacu nk’abayobozi- Umuvunyi mukuru

Umuvunyi Mukuru, Murekezi Anastase yasabye abayobozi batandukanye bo mu Ntara y’Iburengerazuba kumva ko bafite inshingano zo kujijura abaturage bagasobanukirwa amategeko abagenga arimo n’ayo guhabwa ndetse no gutanga amakuru. Ibi umuvunyi mukuru yabibatangarije mu Karere ka Karongi, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Mutarama 2020, mu kiganiro uru rwego rw’Umuvunyi rwagiranye n’abayobozi batandukanye barimo abafite […]
Ese igihe kirageze ngo gahunda za leta zisanishwe n’ubuhanuzi bwo muri Bibiliya?
‘Ubuhanuzi burasohoye’ ni imvugo abemeramana biyeguriye amadini bakunze gukoresha basanisha gahunda za leta nâibyavugiwe mu gitabo kirimo Ibyahishuriwe Yohana, iki kikaba igitabo cya 66 muri Bibiliya Yera. Bamwe babyita imyemerere, abandi bakabyita imyumvire mibi, bamwe bagashinja abayobozi bâamatorero kubiba inyuma, abandi bakavuga ko ari imyumvire yâabayoboke ku giti cyabo. Iyi myemerere usanga ari umwihariko wâidini […]
Israel yarashe ibisasu ku mutwe wa Hamas muri Gaza
Indege zâintambara za Israel zarashe ibisasu mu ntara ya Gaza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 31 Mutarama, nyuma yâamasaha make iki gihugu kirashweho ibisasu bitatu byari biturutse muri Palestine. Igisirikare cya Israel cyatangaje ko bibiri muri biriya bisasu byakumiriwe nâubwirinzi bwo mu kirere, mu gihe icya gatatu cyaguye ahantu mu bisambu bitarimo […]
Icyegeranyo ku bitekerezo byatanzwe n’abasomyi ku nkuru z’akarengane Goyi- Gogwe
Twongeye kugaruka ku nkuru yerekeye akarengane gashingiye ku macakubiri kagiye kagaragara mu Ntara y’ Uburengerazuba, Akarere ka Rubavu, ariko noneho tubagezaho ikusanyabitekerezo ry’ibyanditswe n’abasomyi ba bwiza.com nyuma yaho isohoreye inkuru ebyiri kuri icyo kibazo. Ku basomye izo nkuru zombi, muri make tuributsa ko zavugaga ku karengane kagiye kagirirwa abayobozi b’inzego zitandukanye kuva kuri abari aba […]
Ambasaderi wâu Butaliyani yakiriwe na IGP Dan Munyuza
Kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Mutarama, Ambasaderi wâigihugu cy’ubutaliyani mu Rwanda, Massimilliano Mazzanti yasuye Polisi yâu Rwanda ku cyicaro gikuru cyayo ku Kacyiru, aho yakiriwe nâUmuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza. Uru ruzinduko rukaba rushimangira imikoranire myiza isanzwe iri hagati yâu Rwanda nâu Butaliyani. Bimwe mu byo Ambasaderi yaganiriye nâumuyobozi […]
Muhanga: Umuturage avuga ko ibyuma yatewe n’umusirikare byatumye aba ikiremba
Umuturage witwa Ndayisenga Shadrack wo mu Karere ka Muhanga avuga ko yatewe ibyuma nâumusirikare w’u Rwanda, witwa Nyandwi Isaie, ku buryo byamuviriyemo kuba ikiremba nyuma yo kuvurwa. Ndayisenga yabitangaje tariki ya 27 Mutarama ubwo Urwego rwâUmuvunyi rwakiraga ibibazo byâabagiriwe akarengane mu Karere ka Muhanga, imbere yâUmuvunyi mukuru Anastase Murekezi, abayobozi mu nzego zitandukanye zâakarere ndetse […]
Project Manager (PM) at HVP Gatagara
H V P GATAGARA FRERES DE LA CHARITE B.P.1134 Kigali; info@hvpgatagara.org Twitter:@hvpgatagara Website: wwww.hvpgatagara.org TERMS OF REFERENCE FOR RECRUITMENT Job Title: Project Manager (PM) Location: HVP Gatagara, Kicukiro District – Gikondo HVP GATAGARA BACKGROUND Home de la Vierge des Pauvres âHVP Gatagaraâ is an institution working in favor of Persons with Disability. Founded by Father […]
Kagame arashima uruhare rwa Tshisekedi mu guhashya imitwe yitwaje intwaro
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yatangaje ko mugenzi we wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Felix A Tshisekedi, yakoze akazi gakomeye mu kugarura umutekano mu burasirazuba bwâigihugu cye no mu karere muri rusange, nyamara nta gihe kinini amaze ku buyobozi. Ibi Perezida Kagame yabitangaje ku wa gatatu wâiki cyumweru ubwo yakiraga Abadiplomate bahagarariye ibihugu byabo […]