Minisitiri Dr. Isaac Munyakazi yeguye ku mirimo ye

Itangazo ry'ibiro bya Minisitiri w'Intebe ku bwegure bwa Dr. Munyakazi na Me Evode

Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Uburezi, Dr. Isaac Munyakazi yashyirije Minisitiri w’Intebe, Dr. Edward Ngirente ibaruwa y’ubwegure ku mirimo ye. Ni ibaruwa yageze kuri Minisitiri Dr. Edward Ngirente ku mugoroba w’uyu wa 6 Gashyantare 2020, nk’uko ibiro bya Minisitiri w’Intebe byabitangarije ku rubuga rwa Twitter. Ibaruwa y’ubwegure bwa Dr. Munyakazi yakiriwe hamwe n’iya Evode Uwizeyimana […]

Minisitiri Evode Uwizeyimana yeguye nyuma yo guhutaza umugore ucunga umutekano

Itangazo ku bwegure bwa Me Evode na Dr. Munyakazi

Umunyamabanga wa leta y’u Rwanda muri Minisiteri y’Ubutabera ushinzwe iby’itegekonshinga n’andi mategeko, Me Evode Uwizeyimana yeguye ku mirimo ye nyuma yo kotswa igitutu, azira guhutaza umugore ushinzwe umutekano, ukorera ‘société’ ya ISCO. Ibaruwa y’ubwegure bwa Evode yashyikirijwe ibiro bya Minisitiri w’Intebe nk’uko iyi Minisiteri yabitangarije kuri Twitter. Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byagize biti: “Kuri uyu […]

Sales Manager, Broker at Britam

Britam is a leading diversified financial services group, listed on the Nairobi Securities Exchange. The group has interests across the Eastern and Southern Africa region, with operations in Kenya, Uganda, Tanzania, Rwanda, South Sudan, Mozambique and Malawi. The group offers a wide range of financial products and services in Insurance, Asset management, Banking and Property. […]

Munich 1958: Impanuka ikomeye ya Manchester United yashoboraga kuyihindura amateka

Ngiyi indege ya Airspeed AS.57 yari itwaye Manchester United

Manchester United ni ikipe yabayeho kuva mu 1878 yitirirwa agace ko mu mugi wa Manchester kitwa Newton Heath, ifata iri zina izwiho muri iki gihe mu 1902, ikaba ifite akabyiniriro k’Amashitani Atukura (Red Devils). Tariki ya 6 Gashyantare 1958 ni igihe kitabigarana mu mateka y’iyi kipe iri mu zikize cyane kurusha izindi muri ruhago y’isi. […]

Kigali/Karuruma: Motari yakijijwe n’amaguru nyuma yo kugonga umugenzi agahita apfa

Iyi Mpanuka yabereye mu gasanteri ka Karuruma kari mu Murenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali aho umugenzi yagonzwe n’umumotari ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 6 Gashyantare 2020, agahita yitaba Imana. Ubwo Bwiza TV yageraga aho iyi mpanuka yabereye yasanze abari bahari bavuga ko umumotari ari we wari ufite […]

Loan Officer at ASA Microfinance (Rwanda) Limited

ASA Microfinance (Rwanda) Plc. is a subsidiary of ASA International which is a Public Limited Company, had been establishing Microfinance Institutions (MFIs) in different countries of Asia and Africa by playing role in poverty alleviation and women empowering and has extensive microfinance programs globally. Currently, ASA Rwanda is operating through 30 branches in different corners […]

Pasiteri yavuze ko Imana ari yo yamutinyuye ubwo yibasiraga Joseph Kabila

Pasiteri Mukuna uyoboye itorero rya Christian Assembly Church of Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, aherutse kwibasira Joseph Kabila wabaye umukuru w’igihugu, avuga ko Imana ari yo yatumye abikora nta bwoba. Kimwe n’abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Congo, Pasiteri yavugiye mu rusengero mu mpera za Mutarama 2020 ko Kabila n’ishyaka rye, FCC babaye imbogamizi […]

Production Supervisor at Bella Flowers Ltd

Bella Flowers Ltd is a private company operating in Rwanda involved in the production of cut roses supplied to local and international markets. Website: Home JOB VACANCY Bella flowers Ltd is a private company registered in Rwanda under Code Company 103449745 on 20th October 2014 and the government of Rwanda/MINAGR/NAEB owns 100% of its shares. […]

Inkomoko y’ukwibasirwa kw’abacuruzi b’Abanyarwanda baba muri Malawi

Mu ntangiriro z’iki cyumweru, amakuru yakomeje kuva mu Murwa Mukuru wa Malawi, Lilongwe, ni ay’uko abacuruzi b’Abanyarwanda bakomeje kwibasirwa bashinjwa kugira uruhare mu mfu z’abaturage batatu b’abenegihugu mu gace ka Biwi. Amakuru yakwirakwijwe ndetse agacicikana ku mbuga nkoranyambaga yatumye Abanyarwanda n’Abarundi bibasirwa, amaduka yabo arasahurwa, bagabwaho ibitero mu nzu. Nk’uko umwe mu baba muri iki […]

Cecile Kayirebwa agiye gushimirwa nk’uwateje imbere umuco biciye mu buhanzi

whatsapp_image_2020-01-23_at_19.16.04.jpg

Umuhanzi, Cecile Kayirebwa agiye gushimirwa nk’umuhanzi wateje imbere umuco nyarwanda mu mahanga babinyujije mu bihangano by’indirimbo. Azashimirwa mu gitaramo cyiswe ” Ikirenga mu Bahanzi.” kizaba ku nshuro ya mbere muri Kigali Conference and Exhibition Village (KCEV) hahoze hitwa Camp Kigali tariki ya 8 Werurwe 2020. Cécile Kayirebwa ni we muhanzi watoranyijwe ngo abanzirize abandi bahanzi […]

Uganda: Abakobwa babujijwe guca imyeyo

Minisitiri w’Uburinganire n’Umuryango muri Uganda, Peace Mutuuzo ejo tariki ya 5 Gashyantare 2020 yabujije abakobwa umugenzo wo gukuna cyangwa se guca imyeyo. Nk’uko Daily Monitor yabitangaje, Minisitiri Mutuuzo yatangaje ibi mu gihe igihugu cyiteguraga kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo kurwanya imigenzo yo gukeba bimwe mu bice bigize igitsina cy’abagore kizwi mu Cyongereza nka ‘Female Genital Mutilation’, […]

Biravugwa ko Gen. Kabiligi yapfuye

Amakuru akomeje gucicikana ni ay’urupfu rwa Brig. Gen. Gratien Kabiligi, wahoze ari umwe mu basirikare bakuru b’izahoze ari Ingabo z’u Rwanda (FAR) bivugwa ko rwabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 Gashyantare, agwa mu gihugu cy’Ubufaransa. Aya makuru aravuga ko yaba yazize indwara yari amaranye igihe ariko ikaba itatangajwe. Ku rundi ruhande, nta muntu […]

Sena yanze kweguza Donald Trump, Mitt Romney ahabwa urw’amenyo

Amakosa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ashinjwa mu miyoborere ye kuva yajya ku butegetsi mu 2016 yatumye habaho itora ryo kweguza Sena yaritesheje agaciro, Umurepululike (Republicain) rukumbi wanyuranyije na yo, Bwana Mitt Romney yibasirwa bikomeye. Perezida Trump ashinjwa amakosa arimo kujya ku butegetsi nyuma y’amajwi akesha Leta y’Uburusiya yavuzweho ko yinjiye mu […]

Minisiteri y’Ibiza igiye guha ishimwe Bunani watabaye umwana mu mugezi wa Nyabugogo

Bunani Jean Claude na Gitego Jackson

Bunani Jean Claude, umugabo w’imyaka 27 y’amavuko yatabaye umwana w’imyaka 6 y’amavuko wari ugiye gutwarwa n’amazi mu mugezi wa Nyabugogo tariki ya 1 Gashyantare 2020, ari gutegurirwa ishimwe (igihembo) na Minisiteri y’Ibiza nyuma yo gushimirwa cyane n’ababonye video y’iki gikorwa cy’ubutwari yakoze. Bunani akimara gutabara uyu mwana, imbere y’abafataga amashusho, abafotoraga ndetse n’abandi bake bari […]