Guverinoma yasabwe kugaragaza intambwe yatewe mu ngamba yafatiye ibibazo biri mu itangwa ry’akazi

senat.jpg

Inteko Rusange ya sena y’u Rwanda , kuri uyu wa 10 Gashyantare 2020 yasabye guverinoma kugaragaza ingamba yafatiye ibibazo byagaragaye mu itangwa ry’akazi n’imicungire y’abakozi. Ni mu isuzumwa rya raporo ya komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage n’uburenganzira bwa muntu ku isuzuma rya raporo y’ibikorwa bya komisiyo y’igihugu ishinzwe abakozi ba leta y’umwaka wa 2018/2019 na gahunda […]

Rusizi: Abaturiye ikibaya cya Bugarama ntibakibasha kugera ku bitaro bya Mibilizi

Ibi biti abaturage birwanaho babishyiraho ngo hari igihe basanga byibwe n'abajya kubicana bakabura aho baca.

Abaturage b’Imirenge ya Butare,Gikundamvura, Nyakabuye,Gitambi, Muganza na Bugarama mu karere ka Rusizi baratabaza akarere, Minisiteri y’ubuzima n’iy’ibikorwa remezo kubera kutabasha kugera byoroshye ku bitaro bya Mibilizi kwivuza kuko umuhanda Mashesha-Mibilizi wabafashaga kuhagera ugiye gucikamo kabiri,kugeza ubu akaba nta modoka ishobora kuwunyuramo n’abamotari batangiye kuwanga kugera ku bitaro bikaba ari iby’umugabo bigasiba undi. Uyu muhanda wavuzwe […]

Nigeria: Hadutse ubujura bw’amakariso y’abagore

Minisitiri w’Imirimo n’Imiturire muri Nigeria, Babatunde Fashola atangaza ko hari ubucuruzi bwadutse bw’amakariso y’abagore bikekwa ko ngo azana amahirwe yo kwinjiza amafaranga muri iki gihugu. Ibi yabitangaje ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye inama ya 44 yateguwe n’umuryango United for Change, yigaga mu kurwanya ibyaha mu mpera z’icyumweru gishize. Yavuze ko hari imihango amakariso y’abagore akorerwaho […]

Kwirukanwa kwa Jacques Matand kwakuruye umwuka mubi muri Congo, IBUKA ishimira BBC

Tariki ya 7 Gashyantare 2020 ni bwo BBC, ishami ry’Igifaransa rifite icyicaro muri Senegal yirukanye umunyamakuru w’Umukongomani, Jacques Matand Diyambi, azira ibiganiro yagiranye n’umwanditsi w’umushakashatsi Charles Onana, nyir’igitabo ‘Rwanda: Ukuri kuri Operasiyo Turquoise’ yanditse mu rurimi rw’Igifaransa. Uyu mwanditsi afatwa nk’umuhakanyi wa jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Iki cyemezo cyishimiwe n’umuryango uharanira inyungu z’abarokotse jenoside, […]

Nyamasheke : Bamaze imyaka 8 basiragira ku ngurane z’ibyabo byangijwe

Aya mashanyarazi ngo amaze imyaka 8 ahageze abangirijwe kubishyura byarananiranye.

Imiryango 10 ituye mu mudugudu ya Kamabuye na Kamonyi,akagari ka Ntendezi mu murenge wa Ruharabuga mu karere ka Nyamasheke iravuga ko imaze imyaka 8 isiragizwa buri gihe ku ngurane y’amafaranga yagombaga guhabwa nyuma yo kwangirizwa ibyayo n’ikorwa ry’umuyoboro w’amashanyarazi, aho bahamagarwa buri gihe ngo bajye gusinyira amafaranga yabo mu mezi 3 bazayahabwa aho kuyahabwa bagahamagarwa […]

Marketing Officer at New finest traders Ltd (NFT)

New finest traders Ltd (NFT)is newly established company working in packaging with a vision of Triumphing over all layers of woven sack users in Rwanda, Great Lake Region and dig up a Portion for East Africa countries’ sack product. JOB ADVERT New finest traders Ltd (NFT)is a newly established company working in packaging with a […]

Yasabye umugabo uburenganzira bwo gutanga ruswa y’igitsina, bimubyarira amazi nk’ibisusa

Ntibisanzwe kumva umuntu nka Marcelline (wahinduye amazina ku bwo kurinda ubuzima bwe bwite) wiyemereye ko yashatse gutanga ruswa y’igitsina kugira ngo abone akazi, gusa abanza gusaba uburenganzira umugabo we, na we amubera ibamba ariko ngo byarabateranyije. Marcelline yarangije amashuri yisumbuye, akomereza muri kaminuza aho yarangije icyiciro cya kabiri. Yashakatse akimara gukora ibirori bya ‘graduation’. Yashakanye […]

Gasabo : Umukozi wo mu gikoni yoherejwe guhagararira ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye

invigilators_reb_exam_1.jpg

Umuyobozi w’Ishuri, Groupe Scolaire Musave n’abarimu batanu bamaze koherezwa mu bindi bigo kugira ngo hahoshwe umwuka mubi wari umaze imyaka ibiri muri icyo kigo. Usibye imicungire mibi bapfaga, byaje gukomera ubwo umuyobozi yoherezaga umukozi wo mu gikoni ngo ajye guhagararira ibizamini bya Leta kandi abarimu bahari. GS Musave ni ikigo cy’amashuri kiri mu Murenge wa […]

Early Childhood Education Learning Facilitator at Voluntary Service Overseas (VSO)

Voluntary Service Overseas (VSO) is an international development charity with a vision for a “world without poverty” and a mission to “bring people together to fight poverty”. VSO recruits professionals to work as volunteers, living and working alongside local populations in developing countries. VSO was founded in 1958, and currently works in 23 countries in […]

Kicukiro : Umusekirite wa ISCO yirashe arapfa

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, Umusekirite wa kompanyi icunga umutekano ya ISCO wakoreraga ku ishami rya Banki ya Kigali rya Kicukiro, witwa Ntatinya Audace yirashe, arapfa. Uyu uvuka mu Karere ka Gicumbi ufite inkomoko mu karere ka Gicumbi yirashe mu ma saa tatu n’igice z’igitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 […]

Niba uri mu rukundo irinde kubwira umukunzi wawe aya magambo

Akenshi usanga abantu babana nk’umugore n’umugabo cyangwa umusore n’umukobwa bari mu rukundo hari imirongo ngenderwaho biha cyangwa amwe mu mahame bagenderaho kugirango urukundo rwabo rugende neza. Iyo hatabayeho ubwumvikane rero usanga umuriro uhora waka mu ngo cyangwa abakundana bagahora bashwana. Hano hari urutonde rw’ibintu 10 abashakashatsi basanze atari byiza ko umugore abibwira uwo bashakanye cyangwa […]

Supply Chain Coordinator at World Vision Rwanda

JOB OPPORTUNITY SUPPLY CHAIN COORDINATOR World Vision (WV) Rwanda is a child-focused Christian humanitarian organization implementing development programs in 28 Districts of Rwanda. World Vision Rwanda seeks to hire two (2) highly qualified, dedicated and experienced nationals for the position of Supply Chain Coordinator. The position will be based in Kigali at Head Office and […]

Umusekirite Minisitiri Evode yahohoteye yavuze uko byagenze n’uko yamwishyuye telefone

Tariki ya 4, Me Evode yagiye gusaba imbabazi no ku cyicaro cya ISCO

Umusekirite witwa Mukamana Olive yasobanuye uko byagenze ubwo yahutazwaga n’Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Ubutabera, Me Evode Uwizeyimana bigakurura impaka ku mbuga zitandukanye. Mu kiganiro yagiranye na Ukwezi TV, uyu musekirite witwa Mukamana Olive yavuze ko ubwo Me Evode yamuhutazaga, yinjiriye aho abantu basohokera, amubwiye ko agomba kunyura aho abandi binjirira, ntiyabyemera ahubwo aramusunika. Ngo […]

Gasogi United: Ikipe ititiza ibihangange muri ruhago y’u Rwanda

Ikipe ya Gasogi United nk’imwe mu makipe akiri mato cyane mu ruhando rwa ruhago nyarwanda, ikomeje kuba ubukombe nyamara nta gihe kinini iramara ishinzwe. Nta mwaka uruzura iyi kipe y’umushabitsi Kakooza Nkuliza Charles uzwi nka KNC igeze muri shampiyona y’ikiciro cya mbere hano mu Rwanda. Nta n’imyaka ibiri ishize iyi kipe ihawe izina rya”Gasogi United”, […]

Haravugwa akaboko k’umuyobozi mu gutorongeza umunyamakuru Tuyishimire

Umunyamakuru Constantin Tuyishimire wakorega Radio na televiziyo One yaburiwe irengero muri Nyakanga 2019. Abakoresha b’uyu munyamakuru batangaje ko bamubuze ubwo yari ku kazi ke ko gutara amakuru yakoreraga mu Karere ka Gicumbi (i Byumba) mu majyaruguru y’u Rwanda. Urwego rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda ruvuga ko ruri gukurikirana ibura ry’uyu munyamakuru. Umunyamakuru Tuyishimire Constantin yabuze ku […]

Byinshi ku gitaramo kizashimirwamo Cecile Kayirebwa

Mecky Kayiranga na Nyirimanzi Gerard (Iburyo) basobanurira abanyamakuru gahunda y'iki gitaramo

Ibyamamare birimo Kayirebwa Cecile, Maria Yohana n’ibindi byamamare birimo Muyango, Mani Martin, Jules Sentore, Karasira Clarisse ni bamwe mu byamamare nyarwanda biririmba indirimbo zimakaza umuco Nyarwanda bategerejwe mu gitaramo kizabera mu mujyi wa Kigali. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku Cyumweru tariki ya 9 Gashyantare 2020, umuhuzabikorwa w’iki gitaramo ndetse akaba anashinzwe itangazamakuru mu mitegurire yacyo, […]

Ubwegure bw’abaminisitiri babiri n’ubutwari bwa Bunani mu nkuru z’icyumweru

Iki cyumweru kirangiye tariki ya 9 Gashyantare cyaratangiye tariki ya 3 Gashyantare 2020. Twagiteye umugongo, dutangira ikindi, dufata uyu mwanya ngo twiyibutse zimwe mu nkuru z’ingezi twasohoye kuri bwiza.com. Izi nkuru ziravuga kuri politiki, imibereho, utuntu n’utundi, imikino ndetse n’imyidagaduro. Ubwegure bwa Me Evode Uwizeyimana na Dr. Isaac Munyakazi Tariki ya 6 Gashyantare 2020, Minisitiri […]