Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, Umusekirite wa kompanyi icunga umutekano ya ISCO wakoreraga ku ishami rya Banki ya Kigali rya Kicukiro, witwa Ntatinya Audace yirashe, arapfa. Uyu uvuka mu Karere ka Gicumbi ufite inkomoko mu karere ka Gicumbi yirashe mu ma saa tatu n’igice z’igitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Gashyantare. Bwiza.com yabajije kompanyi ya ISCO ku rupfu rwa Ntatinya wayikoreraga, bayisubiza ko batajya batangira amakuru ku mugongo wa terefoni ko ahubwo kuyabona bisaba kubasanga ku biro. Ibi bihabanye n’itegeko rigenga kubona amakuru kuko riteganya ko amakuru atangwa mu buryo ubwo ari bwose. Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali, CIP Umutesi Marie Gorette we yemereye Bwiza ko Ntatinya yirashe mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, gusa bakaba bataramenya impamvu yamuteye gufata uriya mwanzuro kuko bakiri mu iperereza. Ati” Abantu bafite ibibazo ntibagomba guheranwa na byo, kubivuga bituma birushaho gukemuka aho kwiyambura ubuzima cyangwa kubwaka abandi. Ikindi Abanyarwanda bose bakwiye kuba maso buri wese akaba ijisho rya mugenzi we, kugira ngo atange amakuru mu gihe abonye ikintu cyahutaza ubuzima bwa mugenzi we.” CIP Umutesi yagiriye abantu inama yo kujya batinyuka bakavuga ibibazo byabo hakiri kare, aho gufata umwanzuro wo kwiyambaza ubuzima.



16 Responses
Kicukiro : Umusekirite wa ISCO yirashe arapfa
Mwiriweho! Ndabona muri iyi nyandiko harimo amakosa y’imyandikire atuma igiteke?ezo mwashakaga gutanga gihinduka!
Ku murongo wa 13 uhereye hejuru mwanditse ngo Isco yavuze ko idatangira amakuru ku mugongo wa telephone aho kuvuga ngo ku murongo.
Ku murongo wa nyuma mwanditse ngo kwiyambaza ubuzima kandi ahari byari kwiyambura ubuzima.
Murakoze
Kicukiro : Umusekirite wa ISCO yirashe arapfa
Mwiriweho! Ndabona muri iyi nyandiko harimo amakosa y’imyandikire atuma igiteke?ezo mwashakaga gutanga gihinduka!
Ku murongo wa 13 uhereye hejuru mwanditse ngo Isco yavuze ko idatangira amakuru ku mugongo wa telephone aho kuvuga ngo ku murongo.
Ku murongo wa nyuma mwanditse ngo kwiyambaza ubuzima kandi ahari byari kwiyambura ubuzima.
Murakoze
Kicukiro : Umusekirite wa ISCO yirashe arapfa
Mwiriweho! Ndabona muri iyi nyandiko harimo amakosa y’imyandikire atuma igiteke?ezo mwashakaga gutanga gihinduka!
Ku murongo wa 13 uhereye hejuru mwanditse ngo Isco yavuze ko idatangira amakuru ku mugongo wa telephone aho kuvuga ngo ku murongo.
Ku murongo wa nyuma mwanditse ngo kwiyambaza ubuzima kandi ahari byari kwiyambura ubuzima.
Murakoze
Kicukiro : Umusekirite wa ISCO yirashe arapfa
Mwiriweho! Ndabona muri iyi nyandiko harimo amakosa y’imyandikire atuma igiteke?ezo mwashakaga gutanga gihinduka!
Ku murongo wa 13 uhereye hejuru mwanditse ngo Isco yavuze ko idatangira amakuru ku mugongo wa telephone aho kuvuga ngo ku murongo.
Ku murongo wa nyuma mwanditse ngo kwiyambaza ubuzima kandi ahari byari kwiyambura ubuzima.
Murakoze
Kicukiro : Umusekirite wa ISCO yirashe arapfa
Mwiriweho! Ndabona muri iyi nyandiko harimo amakosa y’imyandikire atuma igiteke?ezo mwashakaga gutanga gihinduka!
Ku murongo wa 13 uhereye hejuru mwanditse ngo Isco yavuze ko idatangira amakuru ku mugongo wa telephone aho kuvuga ngo ku murongo.
Ku murongo wa nyuma mwanditse ngo kwiyambaza ubuzima kandi ahari byari kwiyambura ubuzima.
Murakoze
Kicukiro : Umusekirite wa ISCO yirashe arapfa
Mwiriweho! Ndabona muri iyi nyandiko harimo amakosa y’imyandikire atuma igiteke?ezo mwashakaga gutanga gihinduka!
Ku murongo wa 13 uhereye hejuru mwanditse ngo Isco yavuze ko idatangira amakuru ku mugongo wa telephone aho kuvuga ngo ku murongo.
Ku murongo wa nyuma mwanditse ngo kwiyambaza ubuzima kandi ahari byari kwiyambura ubuzima.
Murakoze
Kicukiro : Umusekirite wa ISCO yirashe arapfa
Mwiriweho! Ndabona muri iyi nyandiko harimo amakosa y’imyandikire atuma igiteke?ezo mwashakaga gutanga gihinduka!
Ku murongo wa 13 uhereye hejuru mwanditse ngo Isco yavuze ko idatangira amakuru ku mugongo wa telephone aho kuvuga ngo ku murongo.
Ku murongo wa nyuma mwanditse ngo kwiyambaza ubuzima kandi ahari byari kwiyambura ubuzima.
Murakoze
Kicukiro : Umusekirite wa ISCO yirashe arapfa
Mwiriweho! Ndabona muri iyi nyandiko harimo amakosa y’imyandikire atuma igiteke?ezo mwashakaga gutanga gihinduka!
Ku murongo wa 13 uhereye hejuru mwanditse ngo Isco yavuze ko idatangira amakuru ku mugongo wa telephone aho kuvuga ngo ku murongo.
Ku murongo wa nyuma mwanditse ngo kwiyambaza ubuzima kandi ahari byari kwiyambura ubuzima.
Murakoze
Kicukiro : Umusekirite wa ISCO yirashe arapfa
Imana imuhe iruhuko ridashira, nshingiye ku gahato n’akarengane kaba muri ISCO nk’umuntu wayikoreye sinemeranya n’uyu mugenzi wanjye wafashe icyemezo cy’ubugwari cyo kwirasa ariko urebye imibereho y’abasekirite ba yo ntaho itaniye no gupfa uhagaze. Reka mbahe zimwe mu ngero z’ibyo nshatse kuvuga mu wa 2017 mu kwezi kwa 8 nakreraga i Kayonza ku ruganda rw’Abahindi rukora amavuta ndwara ikibyimba hagati y’itako ry’i buryo n’ubugabo ,nza gusaba District coordinator wacu witwaga LYUMUGABE Lambert uruhushya rwo kujya kwa muganga kwivuza ararunyima ambwira ko nintajya ku burinzi imashini z’uruganda narindaga zikibwa nzabibazwa, nshingiye ku bushobozi buke nari mfite narihambiriye ndya umutima amenyo njya kuburinzi kugeza umunsi ikibyimba cya nturikiyeho ndi ku burinzi mbura nukinkandira kuko nari jyenyine, ubugome n’igitugu nk’iki nabonye muri ISCO , udashyizemo kwirukanira abantu ubusa ,ruswa , akarengane n’ikimenyane bibayo , munyangire, amaganya ashingiye ku karengane kaba mu mishahahara imiyobiorere n’ibindi nta gishya kiri mu kuvuga ngo umusekirite yirashe naba nawe nti yarashe abandi b’inzirakarengane RNP icyo nayisabira dore ko ifite munshingano zayo private security companies gushyiraho urwego rwigenga rwajya rwakira abasekirite rukabatega amatwi rukabarenganura byaba byiza rukagira inama abarenzwe n’ibibazo by’akarengane bakorerwa kuko ibi si no muri ISCO biba gusa biba no mu zindi sec companies ukuyemo AGESPRO
Kicukiro : Umusekirite wa ISCO yirashe arapfa
Imana imuhe iruhuko ridashira, nshingiye ku gahato n’akarengane kaba muri ISCO nk’umuntu wayikoreye sinemeranya n’uyu mugenzi wanjye wafashe icyemezo cy’ubugwari cyo kwirasa ariko urebye imibereho y’abasekirite ba yo ntaho itaniye no gupfa uhagaze. Reka mbahe zimwe mu ngero z’ibyo nshatse kuvuga mu wa 2017 mu kwezi kwa 8 nakreraga i Kayonza ku ruganda rw’Abahindi rukora amavuta ndwara ikibyimba hagati y’itako ry’i buryo n’ubugabo ,nza gusaba District coordinator wacu witwaga LYUMUGABE Lambert uruhushya rwo kujya kwa muganga kwivuza ararunyima ambwira ko nintajya ku burinzi imashini z’uruganda narindaga zikibwa nzabibazwa, nshingiye ku bushobozi buke nari mfite narihambiriye ndya umutima amenyo njya kuburinzi kugeza umunsi ikibyimba cya nturikiyeho ndi ku burinzi mbura nukinkandira kuko nari jyenyine, ubugome n’igitugu nk’iki nabonye muri ISCO , udashyizemo kwirukanira abantu ubusa ,ruswa , akarengane n’ikimenyane bibayo , munyangire, amaganya ashingiye ku karengane kaba mu mishahahara imiyobiorere n’ibindi nta gishya kiri mu kuvuga ngo umusekirite yirashe naba nawe nti yarashe abandi b’inzirakarengane RNP icyo nayisabira dore ko ifite munshingano zayo private security companies gushyiraho urwego rwigenga rwajya rwakira abasekirite rukabatega amatwi rukabarenganura byaba byiza rukagira inama abarenzwe n’ibibazo by’akarengane bakorerwa kuko ibi si no muri ISCO biba gusa biba no mu zindi sec companies ukuyemo AGESPRO
Kicukiro : Umusekirite wa ISCO yirashe arapfa
nihatari kbsa ntakigenda
Kicukiro : Umusekirite wa ISCO yirashe arapfa
nihatari kbsa ntakigenda
Kicukiro : Umusekirite wa ISCO yirashe arapfa
ibibazo byabakozi ba isco (abagadi) ntibozashira Mugihe batari begutirwa abikorera kugiti cyabo.nonese igihe umu guard agira ikibazo akavura ukimucyemurira kdi Hari ubuyobozi cg yanarega kubitagenze neza ugasanga abo urega nibo uregera nigute batazirasa narabakpreye ndabazi kbsa naruswa ivuza ibihuha.
Kicukiro : Umusekirite wa ISCO yirashe arapfa
ibibazo byabakozi ba isco (abagadi) ntibozashira Mugihe batari begutirwa abikorera kugiti cyabo.nonese igihe umu guard agira ikibazo akavura ukimucyemurira kdi Hari ubuyobozi cg yanarega kubitagenze neza ugasanga abo urega nibo uregera nigute batazirasa narabakpreye ndabazi kbsa naruswa ivuza ibihuha.
Kicukiro : Umusekirite wa ISCO yirashe arapfa
ibibazo byabakozi ba isco (abagadi) ntibozashira Mugihe batari begutirwa abikorera kugiti cyabo.nonese igihe umu guard agira ikibazo akavura ukimucyemurira kdi Hari ubuyobozi cg yanarega kubitagenze neza ugasanga abo urega nibo uregera nigute batazirasa narabakpreye ndabazi kbsa naruswa ivuza ibihuha.
Kicukiro : Umusekirite wa ISCO yirashe arapfa
ibibazo byabakozi ba isco (abagadi) ntibozashira Mugihe batari begutirwa abikorera kugiti cyabo.nonese igihe umu guard agira ikibazo akavura ukimucyemurira kdi Hari ubuyobozi cg yanarega kubitagenze neza ugasanga abo urega nibo uregera nigute batazirasa narabakpreye ndabazi kbsa naruswa ivuza ibihuha.